• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili, ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

minebwenews by minebwenews
March 17, 2024
in Regional Politics
0
Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili,  ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Vradimir Putin nyirizina ngo yarazimiye, uyoboye igihugu cy’u Burusiya n’undi utazwi.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni ubuhamya bwatanzwe n’abantu batandukanye, nk’uko MCN tubikesha igitangaza makuru cya The Sun.

Uwitwa Jacob Jugashvili, umwuzukuru wa Jaseph Stalin wigeze kuyobora igihugu cy’u Burusiya, akaba kandi afite uruhare runini muri politike y’i Gihugu cy’u Burusiya, avuga ko yizera neza ko “umunyagitu Vradimir Putin ashobora kuba yarapfuye kandi ko yasimbuwe n’abakinnyi bakoreshwa n’abantu batazwi.”

Vradimir Putin w’imyaka 71 yagiye ashinjwa kuva kera guhindura umubiri we, harimo ko n’ubutasi bw’igisirikare cya Ukraine cyigeze kubishira mu cyegeranyo mu mwaka ushize.

Uy’umwuzukuru wa Joseph Stalin we yavuze ko Vradimir Putin yazimiye kuva kera ko kandi uhari agaragara munshusho zibiri.

The Sun itangaza kandi ko yahawe ubuhamya n’abaturage benshi bo mu gihugu cy’u Burusiya, ko Putin yapfuye kera.

Mu buhamya iki gitangaza makuru cyagiye gihabwa, ubwinshi buvuga ko Putin yapfuye aza gutsimburwa n’umuntu ukunze kugaragara munshusho zibiri.

Abandi nabo bagiye bavuga ko impamvu Putin akoresha inshusho zibiri biva ku mutekano we muke bigatuma yihisha mubyo bise ‘Bunker paranoid.’

Gusa mu ntangiriro z’umwaka dusoje Vradimir Putin ubwe yavuze ko abanyeshuri biganye nawe mu ishuri rya kera batajya ba mumenya ngo mugihe baba bahuye.

Bivugwa ko Putin yabwiye itsinda rito ry’abantu , ati: “Iyo mpuye nabo twiganaga haba mu mashuri abanza n’aya kaminuza, bakunze kundeba bakambwira bati: ‘ntabwo nemera’ ko ariwewe.”

Jugashvili ufite imyaka 51 yongeye kubwira ikinyamakuru cya The Sun ko “Putin yabuze kuva kera ariko haje abantu batazwi iyo bakomoka bafata ubutegetsi bw’u Burusiya.”

Tubibutsa ko igihugu cy’u Burusiya kiri mu matora aza kurangira uy’u munsi, kandi Vradimir Putin ari mu bakandida bahabwa amahirwe yo gutsinda.

    MCN.
Tags: PutinU BurusiyaYapfuye kera
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n’igisirikare cya Leta zunze ubumwe z’Amerika.

Leta ya Nigeri iheruka guhirika ubutegetsi bwa perezida Bouzama, yacyanye umubano wayo n'igisirikare cya Leta zunze ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?