• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

minebwenews by minebwenews
March 15, 2025
in Regional Politics
0
Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.
140
SHARES
3.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

You might also like

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abaturiye i komine ya Minembwe ahazwi nk’i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo, bazindukiye mu muganda wogusiba ibinogo, nyuma yuko indege y’ingabo za Fardc ihateye ibisasu biremereye bikahangiriza.

Ni umuganda wakozwe mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 15/03/2025, aho witabiriwe n’avuye mu mihana ya Kiziba, mu Madegu, k’Uwigishigo, i Lundu n’ahandi.

Ikibuga cy’indege cya Minembwe giherereye neza ku Kiziba ugana ahari isoko nkuru ya Gatanu.

Mu mpera z’iki cyumweru nibwo indege y’ingabo za Fardc, iyo amakuru avuga ko yaje iturutse i Kisangani ahari icyicaro gikuru cya zone ya gatatu y’izi ngabo za, Congo yateye ibisasu biremereye bikangiriza ibirimo iki kibuga cy’indege, amashuri ya kaminuza ya UEMI, ndetse kandi igasenya n’itorero rya Methodist Libre naryo riri aha ku Kiziba.

Mu mashusho yagiye hanze agaragaza ibyo bisasu mu kwitura hasi byarimo bicukura imyobo, ndetse kandi ubona byarangirije cyane iki kibuga cy’indege.

Uyu munsi rero, bazindutse bakora salongo ari wo muganda basiba biriya binogo.

Seti uri aha ku Kiziba hakorewe uriya muganda yatubwiye ko bagerageje gusiba ibyo “binogo.”

Ati: “Salongo yakozwe hano ku kibuga cy’indege. Twagerageje gusiba bya binogo.”

Yavuze kandi ko abantu bari bagerageje kwitabira, kandi ko baje bava impande nyinshi.
Ati: “Bitabiriye kandi baturutse mu duce twose tugize i komine ya Minembwe.”

Nk’uko aya makuru abivuga iriya ndege yateye ibisasu birenga bitanu, ariko kimwe n’icyo cyabashe kwitura neza hagati mu kibuga cy’indege, ibindi bikaba byarangiye byitura iruhande rw’ikibuga harimo n’ibyasenye amashuri n’urusengero rwa Methodist Libre.

Tags: Ikibuga cy'indegeKizibaUmuganda
Share56Tweet35Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails
Next Post
Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

Kibukila wishwe ari mu bakomanda babiri bayoboye Mai-Mai kwica abakozi ba Ebenezer, babaziza ko ari Abatutsi muri Fizi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?