• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umuhanzi w’indirimbo za gospal, Israel Mbonyi yongeye gukora amateka.

minebwenews by minebwenews
October 16, 2024
in Religion
0
Umuhanzi w’indirimbo  za gospal, Israel Mbonyi yongeye gukora amateka.
97
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhanzi w’indirimbo za gospal, Israel Mbonyi yongeye gukora amateka.

You might also like

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

Umuhanzi Israel Mbonyi uvuka i Mulenge akaba afite ubwenegihugu bw’u Rwanda yaciye agahigo ko kuba umuhanzi nyarwanda wa mbere ukurikiranwa cyane ku rubuga rwa YouTube.

Mu busanzwe byari bizwi ko Meddy ariwe muhanzi ukurikirwa n’abantu benshi mu Rwanda ku rubuga YouTube hanyuma Israel Mbonyi akaza ku mwanya wa kabiri.

Ariko nk’uko biri kuri ubu, izo mbuga zagaragaje ko Israel Mbonyi yamaze guca kuri Meddy aba umuhanzi wa mbere ukurikiranwa cyane aho magingo aya akurikiranwa n’abarenga 1,440,000 mu gihe Meddy we akurikiranwa n’ababarirwa muri 1,430,000.

Israel Mbonyi ni umuhanzi watangiye gushyira ibihangano bye hanze ubwo yari hanze y’u Rwanda kuko yabikoreye mu gihugu cy’u Buhinde aho yari yaragiye gukomereza amashuri ye. Kuva icyo gihe kugeza ubu afite indirimbo ziri gukora ku mitima yabenshi. Indirimbo ze zatangiye kuja hanze mu mwaka w’ 2011.

Gusa, nk’uko ubwiwe yagiye abiganiriza ibitangazamakuru bitandukanye yagaragazaga ko nawe ubwiwe byamutunguye cyane kuba indirimbo ze zarakunzwe cyane, avuga ko nta nimbaraga nyinshi yabishyiragamo, ariko akabishimira Imana.

Ubwo yahabwaga igihembo cya “Groove awards ya Best Diaspora,” bwa mbere, yagize ati: “Natunguwe no kubwirwa ko nahawe Groove awards ya Best Diaspora, ntungurwa n’ukuntu izi ndirimbo zakunzwe cyane, bitandukanye nahantu twazikoreye n’uburyo twazikoze. Ntabunyamwuga bwarimo rwose.”

Icyo gihe yarazwi ku ndirimbo ya “Uri number One, Yankuyeho urubanza, Kumigezi, Ndanyuzwe, Nzibyo nibwira, Kumusaraba, ndetse na Hari impamvu.” Avuga ko uwa mufashije kuzishyira hanze, ubwo yari mu Buhinde ni Higiro kandi ko yarishyize hanze akoresheje ikorana buhanga riciriritse, gusa nyuma yaje kongera kuzikora akoresheje ikorana buhanga rigezweho.

Uyu muririmbyi Israel Mbonyi yavutse tariki 20/05/1992, avukira mu duce two muri grupema ya Bijombo, mu misozi miremire y’Imulenge muri Kivu y’Amajy’epfo mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ahagana mu mwaka w’ 1997 nibwo Israel Mbonyi n’ababyeyi be bageze mu Rwanda. Mbonyi nk’umukrisitu yabarizwaga mu itorero rya Restoration Church kwa Apostle Masasu.

Yagiye aba muri Korali zitandukanye akanazicurangira kuko yarazi gucuranga cyane guitar, yabaye nko muri Korali yitwa intumwa za Yesu, Group de Lounge aho yize ku ishuri ryisumbuye, ndetse kandi yaje kuba no mu rindi tsinda ryitwa Amani.

Mbonyi ubwe yavuze ko icyo gihe yabaga mu ma Korali yahimbaga indirimbo kuko yazirotaga, yarangiza akaziha abandi ariko yari ataragira amahirwe yo gutera kuko yabaga ari gucuranga. Nubwo yagendaga anyura mu bigoranye ariko ntibyabujije ko aza kuba umuririmbyi wikirangirire ndetse kuri ubu akaba yamaze guhiga abandi bose bo mu Rwanda.

             MCN.
Tags: Gukora amatekaIsrael MbonyiYongeye
Share39Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC

Papa Léon XIV Yagarutse ku Bibazo Bikomeye by’Abaturage bo mu Burasirazuba bwa RDC Nyuma yo gusoma isengesho rya Angélus ku Cyumweru, Papa Léon XIV yahamagariye amahanga yose gusengera...

Read moreDetails

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu

RDC: Olive Lembe Kabila Yasabye Abanye-Congo Kwiyiriza Ubusa no Gusengera Igihugu Olive Lembe Kabila, umugore wa Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (RDC),...

Read moreDetails

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

by Bahanda Bruce
January 4, 2026
0
“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete

“Si Umutwaro Uremereye, ni Umuvandimwe Wanjye”- Inkuru Ihindura Imyumvire ya Sosiyete Mu mateka y’intambara yabaye mu Buyapani, hakomeje kuvugwa inkuru ikora ku mitima ya benshi hirya no hino...

Read moreDetails

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

by Bahanda Bruce
January 1, 2026
0
Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza

Ubuhanuzi bwa 2026: “Imana Igiye Gutangaza Ibirenze Ibyatekerezwaga ku Bayikunda” — Apôtre Dr Gitwaza Mu butumwa bukomeye bwerekeye ubuhanuzi bw’umwaka wa 2026, Apôtre Dr Gitwaza yagarutse ku Ijambo...

Read moreDetails

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

by Bahanda Bruce
December 30, 2025
0
Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga

Ubutumwa bwa Bujiriri Buganisha ku Kwisuzuma Kw’Urubyiruko rw’Abanye-Congo Bukomeje Gukora ku Mitima ku Mbuga Nkoranyambaga Umuvugabutumwa w’Itorero Philadelphie, Bwana Bujiriri, yagaragaje intimba ikomeye n’umujinya wuzuye impungenge mu butumwa...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwahishyuye ibyo rubona kuri RDC kubyo kurandura FDLR.

U Rwanda rwahishyuye ibyo rubona kuri RDC kubyo kurandura FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?