• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umuhungu wa Tshisekedi yarasiye abantu mu kabari

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 4, 2025
in Conflict & Security
0
Umuhungu wa Tshisekedi yarasiye abantu mu kabari
90
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhungu wa Tshisekedi yarasiye abantu mu kabari

You might also like

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

Umuhungu wa perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, biravugwa ko yarasiye abantu mu kabari i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu.

Iki gikorwa bivugwa ko uyu muhungu w’umukuru w’igihugu cya RDC, yagikoze mu rukerera rwo kuri uyu wa gatandatu tariki ya 04/10/2025.

Nk’uko aya makuru abivuga nuko yashwaniye muri kamwe mutubari two mu mujyi wa Kinshasa akarasa abantu.

Amashusho yakwirakwijwe ku mbugankoranyambaga agaragaza abo bivugwa ko bari muri ako kabari barimo barwana no kugasohokamo, akaba ari no muri icyo gihe yagize abo arasa bagakomereka.

Akabari neza yabarasiyemo ni akitwa Nuovo gaherereye muri komine ya Gombe i Kinshasa.

Kugeza ubu ntacyo polisi y’i Kinshasa iratangaza kuri aya makuru, ariko amakuru yo ku ruhande avuga ko yarashe abantu batatu, muri bo umwe arakomereka bikabije.

Binavugwa kandi ko mbere y’uko uyu muhungu wa Tshisekedi witwa Antony Tshisekedi atangira kurasa yabanje gushwana n’uwitwa Jessy Bukasa.

Byanavuzwe kandi ko uyu Anthony akunze kugaragara mu tubari two mu mijyi ikomeye yo hirya no hino ku isi ashwana n’abo basangira.

Hari n’umwe mu banyamakuru bari i Kinshasa watanze ubutumwa avuga ko yiboneye Anthony ashwanira mu tubari 2.

Yagize ati: “Si ubwa mbere uyu muhungu wa Tshisekedi ashwanira mu tubari, ubwanjye njyenyine maze ku mwibonera inshuro 2.”

Tags: Anthony TshisekediKinshasaYashwaniye mu kabari
Share36Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Uduce 8 FARDC n’abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y’uko bishe abasivili

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Uduce 8 FARDC n'abambari bayo badukubitiwemo iza kabwana nyuma y'uko bishe abasivili Uduce tubarirwa mu 8 duherereye muri grupema ya Bukombo n'iya Tongo muri teritware ya Rutshuru, mu...

Read moreDetails

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe

Sio.Edinasi, umusirikare uri mu batabarukiye i Lubumbashi bazira uko baremwe Sio.Sebagabo Rwambara war'uzwi cyane ku izina rya Edinasi, yatabarukanye n'abandi i Lubumbashi mu cyahoze ari Katanga, kuri ubu...

Read moreDetails

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Icyo amakuru avuga ku basirikare ba M23 bafunzwe, ariko bakaza kurekurwa

Uduce twose Wazalendo yariyigaruriye, AFC/M23 yatwisubije Abarwanyi bashingikiwe na guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bo mu mitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai n'indi iyishamikiyeho ihurikiye mu...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by’i Doha

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Ibyakozwe na Kinshasa biganisha kuri balkanisation, soma inkuru irambuye

AFC/M23/MRDP yavuze ko ntaho RDC yahungira ibiganiro by'i Doha Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ryatangaje ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo budashobora guhunga ibiganiro bibera...

Read moreDetails

Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Igihugu cy’igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR

Igihugu cy'igihangange ku isi cyavuze ku byo gusenya FDLR Igihugu cy'igihangange ku isi ari cyo Leta Zunze ubumwe z'Amerika cyavuze ku cyemezo cya Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda yavuze uko Tshisekedi yitambitse gahunda y’amahoro

Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda yavuze uko Tshisekedi yitambitse gahunda y'amahoro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?