Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 31, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ko Isi n’Inkiko zi komeye, zo kuri iy’Isi, zi zamagana ibikorwa bibi bikorwa n’umutwe w’ingabo z’umuryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ziheruka ko herezwa muri RDC mu butumwa yise ko ari “ubw’urupfu.”

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ingabo za SADC, zageze k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, tariki ya 15/12/2023, nyuma gato y’uko ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF), zari zimaze kuva mu Burasirazuba bwa RDC.

Umuryango wa SADC wavuze ko ingabo zabo zije muri Congo Kinshasa, mu butumwa bwo gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku rwanya M23.

Bityo rero kuva mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje, ingabo za SADC zavuzwe mu rugamba rweruye na M23, aho ndetse banashinjwe gufatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, ndetse kandi SADC ishinjwa kuba ifatanya na FARDC ku gaba ibitero mu bice bituwe n’abaturage, ibisasu bigasiga byishe abaturage bikana bakomeretsa.

Ni muri urwo rwego umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yashize inyandiko hanze aburira ingabo za SADC kuba zi zicyuza ku bikorwa bibi barimo gukora muri RDC.

Mbonimpa yagize ati: “SADC iri mu butumwa bw’urupfu. Isi na ICC biza bacyira urubanza SADC y’injiye muntambara irwanya ubwoko bumwe bw’Abanyekongo. Reka tubihange amaso.”

Yakomeje agira ati: “Nti hagire urira! Twebwe ntahandi dufite ho kugenda . Tuzarwana mpaka.”

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yari aheruka gutangaza kandi ko Ingabo ze zitazakomeza kwihanganira ibibi bikorwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi ko ahubwo bagiye kurwana bivuye inyuma kugira bakureho ubutegetsi bw’igitugu.

Bruce Bahanda.

Tags: ICCIsiM23SADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe w’iterabwoba w’Aba-Houthis, urikugenda usuzuguza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Umutwe w'iterabwoba w'Aba-Houthis, urikugenda usuzuguza Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?