Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 31, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ko Isi n’Inkiko zi komeye, zo kuri iy’Isi, zi zamagana ibikorwa bibi bikorwa n’umutwe w’ingabo z’umuryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ziheruka ko herezwa muri RDC mu butumwa yise ko ari “ubw’urupfu.”

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ingabo za SADC, zageze k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, tariki ya 15/12/2023, nyuma gato y’uko ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF), zari zimaze kuva mu Burasirazuba bwa RDC.

Umuryango wa SADC wavuze ko ingabo zabo zije muri Congo Kinshasa, mu butumwa bwo gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku rwanya M23.

Bityo rero kuva mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje, ingabo za SADC zavuzwe mu rugamba rweruye na M23, aho ndetse banashinjwe gufatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, ndetse kandi SADC ishinjwa kuba ifatanya na FARDC ku gaba ibitero mu bice bituwe n’abaturage, ibisasu bigasiga byishe abaturage bikana bakomeretsa.

Ni muri urwo rwego umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yashize inyandiko hanze aburira ingabo za SADC kuba zi zicyuza ku bikorwa bibi barimo gukora muri RDC.

Mbonimpa yagize ati: “SADC iri mu butumwa bw’urupfu. Isi na ICC biza bacyira urubanza SADC y’injiye muntambara irwanya ubwoko bumwe bw’Abanyekongo. Reka tubihange amaso.”

Yakomeje agira ati: “Nti hagire urira! Twebwe ntahandi dufite ho kugenda . Tuzarwana mpaka.”

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yari aheruka gutangaza kandi ko Ingabo ze zitazakomeza kwihanganira ibibi bikorwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi ko ahubwo bagiye kurwana bivuye inyuma kugira bakureho ubutegetsi bw’igitugu.

Bruce Bahanda.

Tags: ICCIsiM23SADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe w’iterabwoba w’Aba-Houthis, urikugenda usuzuguza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Umutwe w'iterabwoba w'Aba-Houthis, urikugenda usuzuguza Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?