• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.

minebwenews by minebwenews
January 31, 2024
in Regional Politics
0
Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yagaragaje ko badafite ahandi ho kuba ko ahubwo bazarwana mpaka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ko Isi n’Inkiko zi komeye, zo kuri iy’Isi, zi zamagana ibikorwa bibi bikorwa n’umutwe w’ingabo z’umuryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC) ziheruka ko herezwa muri RDC mu butumwa yise ko ari “ubw’urupfu.”

Ingabo za SADC, zageze k’u butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, tariki ya 15/12/2023, nyuma gato y’uko ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF), zari zimaze kuva mu Burasirazuba bwa RDC.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Umuryango wa SADC wavuze ko ingabo zabo zije muri Congo Kinshasa, mu butumwa bwo gufasha igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku rwanya M23.

Bityo rero kuva mu mpera zakiriya Cyumweru dusoje, ingabo za SADC zavuzwe mu rugamba rweruye na M23, aho ndetse banashinjwe gufatanya n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, ndetse kandi SADC ishinjwa kuba ifatanya na FARDC ku gaba ibitero mu bice bituwe n’abaturage, ibisasu bigasiga byishe abaturage bikana bakomeretsa.

Ni muri urwo rwego umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yashize inyandiko hanze aburira ingabo za SADC kuba zi zicyuza ku bikorwa bibi barimo gukora muri RDC.

Mbonimpa yagize ati: “SADC iri mu butumwa bw’urupfu. Isi na ICC biza bacyira urubanza SADC y’injiye muntambara irwanya ubwoko bumwe bw’Abanyekongo. Reka tubihange amaso.”

Yakomeje agira ati: “Nti hagire urira! Twebwe ntahandi dufite ho kugenda . Tuzarwana mpaka.”

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yari aheruka gutangaza kandi ko Ingabo ze zitazakomeza kwihanganira ibibi bikorwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya perezida Félix Tshisekedi ko ahubwo bagiye kurwana bivuye inyuma kugira bakureho ubutegetsi bw’igitugu.

Bruce Bahanda.

Tags: ICCIsiM23SADC

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Umutwe w’iterabwoba w’Aba-Houthis, urikugenda usuzuguza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Umutwe w'iterabwoba w'Aba-Houthis, urikugenda usuzuguza Leta Zunze Ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • RDC: Inkongi y’Umuriro i Kingabwa, Ibibazo ku Mikorere y’Inzego z’Ubutabazi
  • Les déclarations des FARDC sur les combats à Masisi contredisent la réalité sur le terrain
  • Ibyatangajwe na FARDC ku Rugamba rwo muri Masisi Bitandukanye n’Ukuri ku Bibera ku Butaka
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?