• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umukozi w’Imana uheruka kwitaba Imana mu Minembwe, yasize ubuhanuzi bukomeye ku gihugu.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2024
in Religion
0
Umukozi w’Imana uheruka kwitaba Imana mu Minembwe, yasize ubuhanuzi bukomeye ku gihugu.
165
SHARES
4.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukozi w’Imana uheruka kwitaba Imana mu Minembwe, yasize ubuhanuzi bukomeye ku gihugu.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ni ubuhanuzi bugufi ariko bufite ingufu ku Banyamulenge n’ingabo za FARDC, bwahanuwe na pasiteri Aaron Makangata witabye Imana mu Cyumweru gishize.

Ku wa gatandatu tariki ya 14/12/2024 ni bwo Makangata yapfuye, aho yazize indwara itunguranye, nk’uko umwe wo mu muryango we yabyiganiye Minembwe.com.

Mu bahanuzi Makangata yasize ahanuriye abantu b’i Lundu aho yari atuye, yababwiye ko “Imana yamuhishuriye ko i Mulenge hagiye kuba amahoro kandi ko mbere yuko bagera kuri ayo mahoro Twirwaneho izarwana intambara ikomeye na FARDC.”

Avuga ko iyo ntambara abana b’i Mulenge bazirukana abanzi babo, uherereye ku Ndondo ya Bijombo ukageza mu Minembwe.

Nk’uko yabivuze yagize ati: “Imana yarambwiye ngo abana bacu bazirukana abanzi babo babakure mu Bijombo na Minembwe, babitse neza ku kiyaga cya Tanganyika.”

Yakomeje avuga ko i Mulenge n’igihugu cyose muri rusange, bigiye kubona amategeko azafasha abantu kuja ku murongo utunganye, kandi ko abari ikantaraga bazifuza kuba i Mulenge.

Ubwo yatangaga ubwo buhanuzi, yavuze ko ibyo bizaba nyuma y’urupfu rwe.

Makangata yapfuye ageze ku myaka 95 y’amavuko, kuko yavutse mu 1929 avukira i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu mukozi w’Imana ari mu bambere batangije ikanisa(itorero) rya 8ème CEPAC ry’i Rukombe kuri Nyabibuye, iri torero rikaba ryarashyinzwe hagati mu mwaka w’ 1975.

Pasiteri Aaron Makangata watanze ubu bahanuzi ni mwene Timothy Ntaremerwa wa Mvune, mwene Muhizi wa Kagigi.

Ku wa mbere w’iki Cyumweru turimo, ni bwo bashinguye umurambo we, bawushingura i Lundu munsi gato y’itorero rya 8ème CEPAC ry’i Lundu, naryo rikaba ryaratangijwe nawe mu mwaka w’ 1998, ni mu gihe yari amaze kuva i Rukombe aho yari ahunze intambara ya Maï Maï.

Umuhango wo guherekeza bwanyuma uyu mukozi w’Imana, witabiriwe n’abashumba benshi n’abakristo baje bava mu matorero atandukanye yo muri Minembwe no mu nkengero zayo.

Abawutanzemo bose ubuhamya, bahamyaga ko Makangata yari umukozi w’Imana wemewe kandi wakundwaga nabose.

Hagati aho mu Minembwe hari umwuka mubi hagati ya Twirwaneho n’ingabo za FARDC, ni mu gihe zitemerewe kunyura inzira ya Kalingi zija mu Mikenke.

Ahandi FARDC itemerewe kugera ni muri Nyarujoka, agasozi kari hagati ya Rudabagiza na Kiziba.

Inzira FARDC yasigiwe yo kuja mu Mikenke ni mwe gusa; ni nzira inyura kuri Zero ukomeza na Rwitsankuku ukabona kwinjira muri Mikenke.

Iz’ingabo za RDC zahawe ayo mabwiriza nyuma y’igitero zagabye mu baturage ba Kalingi. Ni igitero cya guyemo abaturage barenga batatu, ndetse cyangiriza n’ibyabaturage kuko cyasenye zimwe mu nyubako z’amasomo yaho.

Tags: ImulengeMakangataUbuhanuzi
Share66Tweet41Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda rwagaragaje impamvu rusaba RDC kuganira na M23.

U Rwanda rwagaragaje impamvu rusaba RDC kuganira na M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?