• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, May 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rwanda rwagaragaje impamvu rusaba RDC kuganira na M23.

minebwenews by minebwenews
December 18, 2024
in Regional Politics
0
U Rwanda rwagaragaje impamvu rusaba RDC kuganira na M23.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Rwanda rwagaragaje impamvu rusaba RDC kuganira na M23.

You might also like

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

Ni byasobanuwe na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe aho yavuze ko nubwo ibibazo bya M23 ari iby’Abanyekongo ubwabo, ariko ko bigira ingaruka ku mutekano w’igihugu cye, bityo akaba ari yo mpamvu basaba ko ubuyobozi bwa Kinshasa buganira n’uyu mutwe.

Hari mu kiganiro minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Rwanda, Nduhungirehe yagiranye na France 24 ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 17/12/2024. Muri icyo kiganiro Nduhungirehe yabajijwe impamvu u Rwanda rukomeza gusaba ko guverinoma ya RDC igirana ibiganiro n’umutwe wa M23 kandi ibibazo byabo bireba Abanyakongo. Uyu mutwe ahanini ugizwe n’Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda.

Nawe asubiza avuga ko “M23 kw’ari umutwe w’Abanyekongo, ariko ko ikibazo cyayo gifatira n’umutekano w’u Rwanda, kuko hagendewe kuri iki kibazo, RDC yubatse ubufatanye bwa gisirikare, bwanashyizwemo abarwanyi ba FDLR, Wazalendo, abasirikare b’u Burundi n’abacancuro b’Abazungu, barimo abo mu Bufaransa, Romania n’abandi, kandi ko byakozwe mu rwego rwo kugira ngo barwanye uyu mutwe wa M23. Agaragaza ko bavuga ko bazayirukana bakayigeza mu Rwanda.”

Yakomeje avuga ko ari ikibazo ku mutekano w’u Rwanda, bityo ko atari ikibazo cy’Abanyekongo gusa.

Yanaboneyeho kandi kwamagana ikinyoma cyakomeje kuzamurwa cyo kuvuga ko uyu mutwe wa M23 ufashwa n’u Rwanda.

Nduhungirehe yavuze ko icyo kinyoma cyahimbwe n’abayobozi bo hejuru bo muri Leta ya Kinshasa.

Avuga ko ibibazo bya M23 bisanzwe bizwi kandi ko atari bishya, bishingiye ku bibazo by’akarengane kakomeje gukorerwa Abanyekongo bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi, ndetse kandi ko bigomba gushakirwa umuti urambye kugira ngo biranduke burundu.

Nduhungirehe avuga ko nta yindi nzira byanyuramo atari ibiganiro bikwiye kuba hagati ya M23 na RDC.

Tags: ibiganiroM23RdcRwanda
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Le Président Museveni et Tshisekedi sur la voie du renforcement de leurs relations Le président de la République démocratique du Congo, Félix Tshisekedi, a reçu l’émissaire spécial du...

Read moreDetails

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano

Perezida Museveni na Tshisekedi Mu Nzira Yo Kurushaho Gukomeza Umubano Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yakiriye intumwa yihariye ya Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni,...

Read moreDetails

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0

Ibihuha kuri Coup d’État mu Burundi byongeye gukaza impungenge — Isesengura ryimbitse ku mateka, politiki n’ahazaza h’igihugu Muri iyi minsi, mu Burundi hongeye kuvugwa amakuru n’ibihuha bivuga ko...

Read moreDetails

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye

Uruzinduko rwa Perezida William Ruto muri Tanzania rwageze ku ntego zikomeye Perezida wa Kenya, , ari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri muri Tanzania rwatangiye ku wa Mbere tariki...

Read moreDetails

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

by Bahanda Bruce
May 3, 2026
0
Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko

Iby’ingenzi Perezida Kagame w’u Rwanda na Samia Suluhu wa Tanzania biyemeje muri uru ruzinduko Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yashimangiye ko umubano w’u Rwanda na Tanzania ukomeje gushingira...

Read moreDetails
Next Post
Intumwa ya perezida Lourenço yakiriwe i Kigali, baraganira no ku bibazo by’umutekano muke uri muri RDC.

Intumwa ya perezida Lourenço yakiriwe i Kigali, baraganira no ku bibazo by'umutekano muke uri muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?