• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yanenzwe n’abanditsi mubyo avuga nibyo akora.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibi biri mu busesenguzi twa kuye k’urubuga rwa Vive M23.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Uru rubuga rwa byanditse ru koresheje ururimi rw’igifaransa.Twagerageje ku bishira m’ururimi rw’ikinyamulenge.

Mu nyandiko ruriya rubuga, rwashize hanze kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/01/2023, rwa nenze imivugire ya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ndetse runenga n’imikorere ye.

Mubyo bashize hanze bagize bati: “Umwaka ushize, Perezida w’u Burundi yakomeje kunengwa cyane, n’abanyabwenge benshi, ku buryo bya mutereye kuvuga vuga ku ma radio cyane, ariko ibyo yavuga ugasanga nta kuri bifite.”

“Hari umugabo tudashatse kuvuga wanditse ku rukuta rwe rwa X anegura perezida Evariste Ndayishimiye kubyo avuga iwe asanga bihabanye n’ukuri kwibihari, yagize ati:”Njyewe Major Gen Evariste sinamwita habe na Caporal kuko hari ba Caporal ba murusha ubwenge, kuko hari video Evariste Ndayishimiye aheruka gutangaza avuga ko Abarundi ari abatunzi kurusha Abanyamerika.”

“Evariste Ndayishimiye yavuze ko imbuto imwe ya Avoka igura $5 naho kwishura inzu bigatwara $800 rero umurundi wese Ndayishimiye avugako ariwe mukire kuruta umunyamerika.”

“Hari ikibazo uyu mugabo yabajije perezida Evariste Ndayishimiye, ese abarundi baramutse baguhaye imbuto 100 za Avoka wabaheza imadorali 300?”

“Yongeye yibaza icyoba cyaratumye yohereza ingabo ze mu Burasirazuba bwa RDC, kuriwe abona kwari ukugira yibe amavoka ati niba aribyo wagerageje ukishura abasirikare bawe bapfira muri Kivu y’Amajyaruguru, bazira ifaranga wahawe na perezida Félix Tshisekedi.”

Ruriya rubuga rwasoje ruvuga ko perezida Evariste Ndayishimiye, w’u Burundi, yarenze no ku mabwiriza agenga ibihugu byo mukarere.

Ati: “Uyu mwaka ushize w’2023, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yagiye ahonyora amategeko agenga umuryango w’Afrika y’iburasirazuba(EAC),anengwa kuba yarohereje ingabo ze rwihishwa ku rwanya M23, mugihe hari abandi basirikare be bari mubice M23 yahozemo, mu rwego rwo gushakira RDC amahoro. Yongeye kunengwa kandi gufata icyemezo cyo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.”

Uyu mwanditsi ntiyahwemye no kwita Perezida Evariste Ndayishimiye umuhubutsi.

Yagize ati: “Evariste Ndayishimiye umwaka ushize yaranzwe n’ikintu cyo guhubuka mu mvugo ze no mubikorwa bye. Ibyo avuga nibyo akora bigaragaza abajyanama be ba bi. Baramwoshya bikamuterera gukoresha imvugo zidafiteye igihugu inyungu yewe sitanafite n’ibisobanuro.”

Yatanze urugero agira ati: “Evariste Ndayishimiye yashinje u Rwanda gufasha Red Tabara, ariko yirengaguza ko Red Tabara iba mu misozi ya Congo kandi yirengagiza ko leta y’u Rwanda itayobewe ko Igisirikare c’u Burundi gikorana n’Interahamwe zirimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda ahagana mu mwaka w’1994. Imvugo ze zibamo kwibesha gukomeye.”

Bruce Bahanda.

Tags: Evariste NdayishimiyeYanzwe n'abanditsi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post

CENI yongeye kunengwa ndetse basabako ibyavuye mu matora biseswa byose.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?