• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yongeye kw’i koma u Rwanda, anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshya.

minebwenews by minebwenews
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja Guverinoma ya Kigali, gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, irwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ibi n’ibyo Evariste Ndayishimiye, yaraye avuze, mw’ijambo rye ryo kwifuriza abarundi umwaka mwiza w’2024.

Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Ku byo kwa mbura imbunda Inyeshamba za Red Tabara, twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ngo turebe ko bo kw’i kubita agashi bagashikiriza ubutabera bw’u Burundi, abarwanyi ba Red Tabara, ariko twaje gusanga neza twarimo twirusha ubusa. U Rwanda rwa dufataga kumaso, ngo badusamaze ba bone uburyo baguma kwe geranya abarwanyi buwo mutwe.”

Yakomeje agira ati:”Icyo tugiye gukora tugiye gushiraho Ingamba nshyasha zikumira ubwicanyi bukorerwa Abana b’u Burundi.”

Perezida Evariste Ndayishimiye, yanatangarije abarundi ko agiye gusaba ibihugu Mpuzamahanga, ku mufasha kwa magana leta ya perezida Paul Kagame, w’u Rwanda.

U Rwanda, binyuze mu muvugizi wayo, aheruka guhakana ibyo baheruka kuregwa na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ubwo yari mu Ntara ya Cankuzo, yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara. Muricyo gihe kandi umukuru w’igihugu c’u Burundi, yatangarije abarundi ko mu mutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, habamo n’inyeshamba za Red Tabara, ibyo Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye hubwo agashinja Evariste Ndayishimiye, guhabwa ruswa na leta ya Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi, zifatanye na FDLR na Wazalendo, kurwanya M23.

Muri raporo nshya ihereruka gushirwa hanze n’u muryango w’Abibumbye, yavuze ko ingabo z’u Burundi, zinjiye rwi hishwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Iy’i raporo ikomeza ivuga ko abasirikare b’u Burundi, ba barenga 1000 bivanze n’igisirikare ca RDC, bakaba bafatikanya kurwanya M23, nk’uko bya tangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bruce Bahanda.

Tags: Anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshyaUmukuru w'igihugu c'u BurundiYongeye kw'ikoma u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Abatemera i bya vuye mu matora, muri RDC, bagiye gusubizwa naho perezida Félix Tshisekedi, ya bwiye abanyekongo ko intsinzi ariyabo...

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?