Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yongeye kw’i koma u Rwanda, anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 1, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yongeye gushinja Guverinoma ya Kigali, gucumbikira Inyeshamba zo mu mutwe wa Red Tabara, irwanya ubutegetsi bw’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ibi n’ibyo Evariste Ndayishimiye, yaraye avuze, mw’ijambo rye ryo kwifuriza abarundi umwaka mwiza w’2024.

Evariste Ndayishimiye, yagize ati: “Ku byo kwa mbura imbunda Inyeshamba za Red Tabara, twari tugize iminsi tuganira n’ubutegetsi bw’u Rwanda, ngo turebe ko bo kw’i kubita agashi bagashikiriza ubutabera bw’u Burundi, abarwanyi ba Red Tabara, ariko twaje gusanga neza twarimo twirusha ubusa. U Rwanda rwa dufataga kumaso, ngo badusamaze ba bone uburyo baguma kwe geranya abarwanyi buwo mutwe.”

Yakomeje agira ati:”Icyo tugiye gukora tugiye gushiraho Ingamba nshyasha zikumira ubwicanyi bukorerwa Abana b’u Burundi.”

Perezida Evariste Ndayishimiye, yanatangarije abarundi ko agiye gusaba ibihugu Mpuzamahanga, ku mufasha kwa magana leta ya perezida Paul Kagame, w’u Rwanda.

U Rwanda, binyuze mu muvugizi wayo, aheruka guhakana ibyo baheruka kuregwa na perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, ubwo yari mu Ntara ya Cankuzo, yashinje Kigali gufasha no gucumbikira Inyeshamba za Red Tabara. Muricyo gihe kandi umukuru w’igihugu c’u Burundi, yatangarije abarundi ko mu mutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa, habamo n’inyeshamba za Red Tabara, ibyo Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yamaganye hubwo agashinja Evariste Ndayishimiye, guhabwa ruswa na leta ya Kinshasa, kugira ngo ingabo z’u Burundi, zifatanye na FDLR na Wazalendo, kurwanya M23.

Muri raporo nshya ihereruka gushirwa hanze n’u muryango w’Abibumbye, yavuze ko ingabo z’u Burundi, zinjiye rwi hishwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Iy’i raporo ikomeza ivuga ko abasirikare b’u Burundi, ba barenga 1000 bivanze n’igisirikare ca RDC, bakaba bafatikanya kurwanya M23, nk’uko bya tangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bruce Bahanda.

Tags: Anasezenya ko agiye kurufatira ingamba nshyaUmukuru w'igihugu c'u BurundiYongeye kw'ikoma u Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Abatemera i bya vuye mu matora, muri RDC, bagiye gusubizwa naho perezida Félix Tshisekedi, ya bwiye abanyekongo ko intsinzi ariyabo...

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?