• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, muri Convention center, yahavugiye amagambo yuje ubwenge atanga isomo kuri none n’ejo hazaza.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2024
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri iki Cyumweru, i Kigali mu Rwanda, mu masengesho ngaruka mwaka ya habereye, umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, yahavugiye amagambo yuje ubwenge, atanga isomo kuri none n’ejo hazaza.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ni amasengesho yabereye neza muri Convention center, akaba yarahawe izina rya “National Prayer Breakfast.”

Nk’uko bizwi, aya masengesho ategurwa n’umuryango Rwanda Leaders Fellowship (RLF). Akitabirwa n’Abanyarwanda mu ngeri zose aho baza gusengera i Gihugu cyabo.

Mu ijambo perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yagejeje ku bitabiriye yagize ati: “Amahoro ubanza tuyakeneye kurusha abandi kuko twayabuze igihe kinini, muri kwa kuyabura bya dutwariye n’abacu. Tugomba kuyakorera no kuyaharanira.”

“Imyimerere n’u kwemera bikwiye kuduha imbaraga zo kwihitiramo ibitubereye no guhakanira abashobora kuza kudutegeka ibyo tugomba kubabo.”

Yongeye gushimangira ko Abanyafrika bose muri rusange bakwiye kutemera ko hari abaza kubategeka uko bagomba kubaho n’ibyo bagomba gukora, kuko Imana yaremye abantu bose mu buryo bungana.

Ati: “Imbere y’Imana abantu bose barareshya, kandi aho u Rwanda rugeze byagizwemo uruhare n’Abanyarwanda.”

Perezida Paul Kagame, yaje no guhishurako yigeze kwakira umuntu wari umuzaniye ubuhanuzi.

Bityo rero bamaze kubonana perezida Paul Kagame, amusaba ko niyongera ku vugana n’Imana yazayibwira kuzajya imwivugishiriza nta wundi ibanje kunyuraho.

Bruce Bahanda.

Tags: Muri convention center yahavugiye amagambo yuje ubwengePaul KagameUmukuru w'igihugu c'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post

I Goma, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, umupolisi yakomerekejwe kandi yakwa n'imbunda ye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?