• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umunsi ugira kane, FARDC n’abambari bayo bagaba ibitero ku Banyamulenge; icyo babivugaho.

minebwenews by minebwenews
April 6, 2025
in Conflict & Security
0
Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunsi ugira kane, FARDC n’abambari bayo bagaba ibitero ku Banyamulenge; icyo babivugaho.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Uyu munsi kandi ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryongeye kugaba ibitero ku Banyamulenge mu nkengero za komine ya Minembwe, ahatuwe n’Abanyamulenge babarirwa mu bihumbi amagana, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Kuva ku wa gatatu w’iki cyumweru ihuriro ry’Ingabo za Congo ririmo FARDC, FDLR, FDNB na Wazalendo ridasiba kugaba ibitero ku Banyamulenge.

Ni mu gihe no muri iki gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu nabwo ririya huriro ryongeye ku kigabamo ibyo bitero.

Ibi bitero byagabwe mu gice cya Gakangala na Kivumu, ibice biherereye muri secteur ya Lulenge muri teritware ya Fizi, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Ni bice kandi biherereye mu ntera ngufi uvuye muri centre ya komine ya Minembwe.

Amakuru dukesha abaturiye ibyo bice bya Minembwe, avuga ko abarwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho barwanirira Abanyamulenge bakaba babarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, bamaze kwerekeza imbunda zabo kubagabye ibitero mu mihana y’Abanyamulenge uwa Kivumu n’uwa Gakangala.

Nyuma yuko uyu mutwe wa Twirwaneho werekeje imitutu y’imbunda zabo kuri ririya huriro ryabagabyeho ibitero, Ingabo zo muri iryo huriro zahise zitangira kurwana zisubira inyuma, nk’uko n’ubundi zihora zitera ariko zigasubizwa inyuma.

Ejo ku wa gatanu iri huriro ryateye mu irembo rya Mukoko na Nyaruhinga, ariko birangira uyu mutwe wa Twirwaneho uri kubitaguye kubi, rihungira mu misozi ikikije kwa Mulima werekeza i Fizi.

Kimwecyo, hari amakuru yatanzwe mu ijoro ryaraye rikeye, ayo Minembwe Capital News yahawe n’umwe uri i Fizi, yavuga ko Fardc n’ingabo z’u Burundi zazamutse ku bwinshi zerekeza mu Minembwe.

Avuga ko baturutse i Uvira n’aha i Fizi ku i zone, kandi ko abazamutse bose babarirwa hagati ya 500 na 600.
Bikavugwa ko ari bo batangiye kugaba ibyo bitero ku Banyamulenge.

Ubuyobozi bw’iri huriro mukohereza abandi basirikare mu ntambara mu Minembwe, ni murwego rwo gutanga umusaada kuko abandi bariyo baneshwa kubi n’abarwanyi bo mu mutwe wa Twirwaneho.

Leta ishaka kongera kwisubiza igice cya Minembwe kirimo ikibuga cy’indege na Mikenke nayo ifite ikindi kibuga cy’indege gito.

Ibi bice byombi, Twirwaneho yabyigaruriye mu mpera z’ukwezi gushize kwa kabiri uyu mwaka, nyuma y’urupfu rwa General Rukunda Michel Intwari y’i Mulenge, iyarizwi cyane ku izina rya Makanika.

Uyu mutwe wabyigaruriye, nyuma y’imirwano ikomeye iyo wahanganyemo n’ingabo z’u Burundi, iza Congo, n’imitwe irimo FDLR na Wazalendo.
Birangira uyu mutwe wigaruriye ibigo byose byagisirikare byari muri ibi bice, bimwe muri byo bikaba byaragenzurwaga n’ingabo z’u Burundi ibindi na FARDC.

Tags: FardcFDNBIbiteroIngabo z'u BurundiMinembwe
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye icyo abaturage bari gukora nyuma y’aho m23 ifashe umujyi wa Walikale.

Hamenyekanye icyo abaturage bari gukora nyuma y'aho m23 ifashe umujyi wa Walikale.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?