• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuntu wa mbere mu bimukira yavuye mu Bwongereza aja mu gihugu cy’u Rwanda ku bushake.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2024
in World News
0
Umuntu wa mbere mu bimukira yavuye mu Bwongereza aja mu gihugu cy’u Rwanda ku bushake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuntu wa mbere mu bimukira yavuye mu Bwongereza aja mu gihugu cy’u Rwanda ku bushake.

You might also like

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Ni mu Cyumweru gishize nibwo leta y’u Bwongereza yemeje itegeko ritavugwaho rumwe ryemerera icyo gihugu kohereza mu Rwanda abimukira basanzwe bari mu Bwongereza mu buryo butemewe n’amategeko.

Amakuru avuga ko uyu mugabo yavuye mu Bwongereza ku wa Mbere w’iki Cyumweru ajya mu Rwanda nyuma y’uko leta y’u Bwongereza imwimye ubuhungiro, nk’uko ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP byatangaje.

Ibindi binyamakuru birimo Le Monde, nacyo cyandikirwa mu Bufaransa cyatangaje ay’amakuru kivuga ko uyu mugabo akomoka muri Afrika, ko kandi yuriye indege y’ubucuruzi iva mu Bwongereza yerekeza mu Rwanda.

Iki gitangaza makuru cyo mu Bufaransa kivuga ko kuba uyu mugabo yaremeye kujya mu Rwanda ku bushake azahita ahabwa amadolari y’Amerika 3700, n’ubwo inzego za leta y’u Bwongereza zitaremeza ay’amakuru.

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rish Sunak yari yatangaje ko indege za mbere zizatwara abimukira zizatangira kuja mu Rwanda mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka.

      MCN.
Tags: Avuye mu BwongerezaUmwimukira wa mbereYagiye mu Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails
Next Post
Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y’Amerika.

Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?