• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuntu wa mbere mu bimukira yavuye mu Bwongereza aja mu gihugu cy’u Rwanda ku bushake.

minebwenews by minebwenews
May 1, 2024
in World News
0
Umuntu wa mbere mu bimukira yavuye mu Bwongereza aja mu gihugu cy’u Rwanda ku bushake.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuntu wa mbere mu bimukira yavuye mu Bwongereza aja mu gihugu cy’u Rwanda ku bushake.

You might also like

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

Ni mu Cyumweru gishize nibwo leta y’u Bwongereza yemeje itegeko ritavugwaho rumwe ryemerera icyo gihugu kohereza mu Rwanda abimukira basanzwe bari mu Bwongereza mu buryo butemewe n’amategeko.

Amakuru avuga ko uyu mugabo yavuye mu Bwongereza ku wa Mbere w’iki Cyumweru ajya mu Rwanda nyuma y’uko leta y’u Bwongereza imwimye ubuhungiro, nk’uko ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP byatangaje.

Ibindi binyamakuru birimo Le Monde, nacyo cyandikirwa mu Bufaransa cyatangaje ay’amakuru kivuga ko uyu mugabo akomoka muri Afrika, ko kandi yuriye indege y’ubucuruzi iva mu Bwongereza yerekeza mu Rwanda.

Iki gitangaza makuru cyo mu Bufaransa kivuga ko kuba uyu mugabo yaremeye kujya mu Rwanda ku bushake azahita ahabwa amadolari y’Amerika 3700, n’ubwo inzego za leta y’u Bwongereza zitaremeza ay’amakuru.

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza, Rish Sunak yari yatangaje ko indege za mbere zizatwara abimukira zizatangira kuja mu Rwanda mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka.

      MCN.
Tags: Avuye mu BwongerezaUmwimukira wa mbereYagiye mu Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho

Colombia Mu Marira Nyuma y’Umutingito Ukomeye: Abasaga 130 Bapfuye, Inyubako Ziragwa — Dore Icyo Abahanga Bawuvugaho Umutingito ukomeye wibasiye igice cy’uburengerazuba bwa Colombia, uhitana abantu benshi ndetse usiga...

Read moreDetails

Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

by Bahanda Bruce
August 11, 2026
0
Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi?

Perezida Trump Ahinduye Umurongo kuri Iran: Hormuz Igiye Guhinduka Intwaro Ikomeye mu Makimbirane Ashobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...

Read moreDetails

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

by Bahanda Bruce
August 10, 2026
0
Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe

Menya impinduka zabaye kuri X, icyo zungura n’impamvu zakozwe X, yahoze yitwa Twitter, yahinduye bikomeye uburyo yishyuramo abakora ibikubiye ku rubuga. Gahunda yo kugabana amafaranga n’abakoresha igiye kuvaho,...

Read moreDetails

Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza: Dore Abazoherezwa, Inshingano Zabo n’Intego y’Ubutumwa Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
August 8, 2026
0
Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza: Dore Abazoherezwa, Inshingano Zabo n’Intego y’Ubutumwa Mpuzamahanga

Uganda Yemeje Kohereza Ingabo Muri Gaza: Dore Abazoherezwa, Inshingano Zabo n’Intego y’Ubutumwa Mpuzamahanga MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje ubusabe bwa Guverinoma bwo kohereza...

Read moreDetails

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali

by Bahanda Bruce
August 5, 2026
0
Uganda Airlines Igiye Gutangiza Ingendo za Entebbe–Kigali; Amateka, Impamvu n’Inyungu Zitegerejwe

Uganda Airlines Takes a New Step Forward: Daily Flights to Connect Entebbe and Kigali MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Uganda’s national carrier, Uganda Airlines, has announced that it will...

Read moreDetails
Next Post
Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y’Amerika.

Imitwe yitwara gisirikare ikorera mu kwaha ku butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, harimo na Gumino, leta ya yemereye kuyiha akayabo ka madolari y'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?