• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y’u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n’impamvu.

minebwenews by minebwenews
June 10, 2024
in Regional Politics
0
Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y’u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n’impamvu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y’u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n’impamvu.

You might also like

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ni bikubiye mu butumwa uyu munyamakurukazi, Aline Cateaux, yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, rwahoze rwitwa Twitter, avuga ko yasezeye iki gitangaza makuru cya Lesoir kubera ko cyemeye gukoreshwa mu guharabika u Rwanda.

Yagize ati: “Ntabwo nkiri umunyamakuru w’igitangazamakuru cya Le Soir, kubera ko cyifatanije n’abari guharabika u Rwanda na Paul Kagame.”

Nk’uko byasobanuwe n’uko aba banyamakuru 50, b’ibinyamakuru mpuzamahanga 17 byo muri Amerika n’i Burayi, bakoze ubucukumbuzi bavuga ko boherejemo abanyamakuru babiri b’Abanyarwanda, Samuel Baker Byansi, ndetse na Ntwari John Williams mu 2022, bari bafite ubutumwa bwo gusuzuma imfu z’abasirikare b’u Rwanda ngo bari baroherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.

U Rwanda rwaje ku byamagana kandi biza no ku menyekana ko bizatangazwa mu kwezi kwa 5, ku itariki ya 27, uyu mwaka.

Bikaba kandi byaraje gusobanurwa n’abasesenguzi barimo Kabagambe ku kinyamakuru cya Igihe ko umushinga wa Forbidden Stories wari ugamije kugira ngo leta ya Kinshasa igirirwe impuhwe n’ibihugu bikomeye ku Isi.

Uyu musesenguzi yanavuze kandi ko aba banyamakuru bahisemo gushyigikira leta ya perezida Félix Tshisekedi ngo kuberako yaba yarabahaye amafaranga. Yagize ati: “Niba RDC yishyura abacancuro b’Abanyaburayi kuza kuyirwanirira intambara, niba yishyura u Burundi, niba yishyura Afrika y’Epfo; ni gute itakwishyura abanyamakuru uko baba bangana kose kugira ngo noneho bafashe leta ya RDC mu ntambara yo mu itangaza makuru? Itangaza makuru rigira uruhare runini. Yakwishyura miliyoni 2 z’Amadolari, nubwo zaba 10 yazishyura.”

Ikindi nuko abashakashatsi n’abanditsi mpuzamahanga barenga 30, barimo Prof Vincent, Hélène Dumas, Patrick de Saint-Exupéry na Mehdi Ba, baherutse kwamagana ubunyamwuga buke aba banyamakuru bakoranye izi nkuru. Bahurije ku kuba nta bimenyetso bifatika bagaragaje no kuba barifashishije amasoko atariyo.

            MCN.
Tags: Aline CateauxGuharabikaU RwandaUmunyamakurukazi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
January 30, 2026
0
RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu

RDC: Perezida Félix Tshisekedi yakiriye Abahuza b’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Rugendo rwo Gushakira Amahoro Uburasirazuba bw’Igihugu Ku wa Kane tariki ya 29/01/2026, Perezida wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails
Next Post
Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ku gitero giheruka kugwamo abaturage benshi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ku gitero giheruka kugwamo abaturage benshi mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?