• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y’u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n’impamvu.

minebwenews by minebwenews
June 10, 2024
in Regional Politics
0
Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y’u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n’impamvu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamakurukazi wakoreraga ikinyamakuru cya Lesoir kiri mu biherutse guharabika leta y’u Rwanda na Paul Kagame, yagisezeye avuga n’impamvu.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Ni bikubiye mu butumwa uyu munyamakurukazi, Aline Cateaux, yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, rwahoze rwitwa Twitter, avuga ko yasezeye iki gitangaza makuru cya Lesoir kubera ko cyemeye gukoreshwa mu guharabika u Rwanda.

Yagize ati: “Ntabwo nkiri umunyamakuru w’igitangazamakuru cya Le Soir, kubera ko cyifatanije n’abari guharabika u Rwanda na Paul Kagame.”

Nk’uko byasobanuwe n’uko aba banyamakuru 50, b’ibinyamakuru mpuzamahanga 17 byo muri Amerika n’i Burayi, bakoze ubucukumbuzi bavuga ko boherejemo abanyamakuru babiri b’Abanyarwanda, Samuel Baker Byansi, ndetse na Ntwari John Williams mu 2022, bari bafite ubutumwa bwo gusuzuma imfu z’abasirikare b’u Rwanda ngo bari baroherejwe mu Burasirazuba bwa RDC.

U Rwanda rwaje ku byamagana kandi biza no ku menyekana ko bizatangazwa mu kwezi kwa 5, ku itariki ya 27, uyu mwaka.

Bikaba kandi byaraje gusobanurwa n’abasesenguzi barimo Kabagambe ku kinyamakuru cya Igihe ko umushinga wa Forbidden Stories wari ugamije kugira ngo leta ya Kinshasa igirirwe impuhwe n’ibihugu bikomeye ku Isi.

Uyu musesenguzi yanavuze kandi ko aba banyamakuru bahisemo gushyigikira leta ya perezida Félix Tshisekedi ngo kuberako yaba yarabahaye amafaranga. Yagize ati: “Niba RDC yishyura abacancuro b’Abanyaburayi kuza kuyirwanirira intambara, niba yishyura u Burundi, niba yishyura Afrika y’Epfo; ni gute itakwishyura abanyamakuru uko baba bangana kose kugira ngo noneho bafashe leta ya RDC mu ntambara yo mu itangaza makuru? Itangaza makuru rigira uruhare runini. Yakwishyura miliyoni 2 z’Amadolari, nubwo zaba 10 yazishyura.”

Ikindi nuko abashakashatsi n’abanditsi mpuzamahanga barenga 30, barimo Prof Vincent, Hélène Dumas, Patrick de Saint-Exupéry na Mehdi Ba, baherutse kwamagana ubunyamwuga buke aba banyamakuru bakoranye izi nkuru. Bahurije ku kuba nta bimenyetso bifatika bagaragaje no kuba barifashishije amasoko atariyo.

            MCN.
Tags: Aline CateauxGuharabikaU RwandaUmunyamakurukazi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ku gitero giheruka kugwamo abaturage benshi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Repubulika ya demokarasi ya Congo yavuze ku gitero giheruka kugwamo abaturage benshi mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?