• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 7, 2025
in Conflict & Security
0
Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

You might also like

Inkubi y’umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam

RDC: Abasirikare 9 bafunzwe bazira kugurisha ibiribwa by’ingabo

Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zataye ibirindiro bikomeye bya Point Zero nyuma y’intsinzi ya MRDP-Twirwaneho

Umugore w’Umunyamulenge yarashwe n’umupolisi w’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura, aho ubu ari kwitabwaho n’abaganga kubera ibikomere bikomeye.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 07/11/2025, ni bwo uyu mugore yakomerekejwe.

Amakuru yemeza ko uyu mugore yarasiwe mu gace ka Buterere aho yari asanzwe atuye. Uwari hafi y’umuryango we yabwiye Minembwe Capital News ko kugeza ubu impamvu y’iraswa rye itaramenyekana neza, ariko ko byakozwe n’umupolisi, ndetse ko ari nabo baje kumujyana kwa muganga nyuma y’aho akomerekejwe bikomeye ku kuguru kw’iburyo.

Uyu muryango kandi wemeje ko uwo mugore ari umukazana w’Abahinda, akaba umukobwa w’Abanyabyinshi, ibintu byatumye bamwe bibaza niba hari impamvu zishingiye ku mpamvu bwite cyangwa izijyanye n’irondakoko.

Uyu mugore witwa Mugiraneza wakomerekejwe, mu magambo make yabashije kuvuga, yagize ati: “Abanjyanye ku bitaro nibo bazi uko byagenze. Nje nta byinshi mbiziho.”

Kugeza ubu ari kuvurirwa mu bitaro bikuru byo mu Buterere, aho ibikomere bye bigaragara nk’ibikomeye cyane nk’uko bigaragarira mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ukuguru kwe kwajanjaguritse bikabije.

Iperereza ntiratangira ku mugaragaro, kandi inzego z’umutekano ntacyo ziratangaza ku byabaye. Uko byagenda kose, iri raswa ryateje impungenge mu batuye muri ako gace, aho abaturage basaba ko hatangizwa iperereza ryimbitse kugira ngo hatangwe ubutabera ku wakomeretse.

Tags: PolisiUmunyamulengekaziYakomeretse
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inkubi y’umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Inkubi y’umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam

Inkubi y’Umuyaga yasize ihitanye abatari bake muri Vietnam Inkubi y’umuyaga yiswe Kalmaegi yasize ibiza n’imvura nyinshi muri Vietnam, aho nibura abantu batanu bahitanywe nabyo nk’uko byatangajwe n’inzego z’ubuyobozi...

Read moreDetails

RDC: Abasirikare 9 bafunzwe bazira kugurisha ibiribwa by’ingabo

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
RDC: Abasirikare 9 bafunzwe bazira kugurisha ibiribwa by’ingabo

RDC: Abasirikare 9 bafunzwe bazira kugurisha ibiribwa by’ingabo Inzego z’umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo zataye muri yombi abasirikare icyenda b’igisirikare cya FARDC, bakekwaho kugurisha ibiribwa bigenewe...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zataye ibirindiro bikomeye bya Point Zero nyuma y’intsinzi ya MRDP-Twirwaneho

by Bahanda Bruce
November 7, 2025
0
Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zataye ibirindiro bikomeye bya Point Zero nyuma y’intsinzi ya MRDP-Twirwaneho

Ingabo z’u Burundi n'iza FARDC zataye ibirindiro bikomeye bya Point Zero nyuma y’intsinzi ya MRDP-Twirwaneho Ingabo z’u Burundi n’iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zavuye mu birindiro...

Read moreDetails

Umukinnyi w’Umunyamulenge Byinshi Simba yegukanye intsinzi mu mukino wa Boxing i Nairobi

by Bahanda Bruce
November 6, 2025
0
Umukinnyi w’Umunyamulenge Byinshi Simba yegukanye intsinzi mu mukino wa Boxing i Nairobi

Umukinnyi w’Umunyamulenge Byinshi Simba yegukanye intsinzi mu mukino wa Boxing i Nairobi Umukinnyi w’iteramakofi ukomoka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Byinshi Simba, yatsinze umukino ukomeye wa Boxing...

Read moreDetails

Nyuma ya Rwitsankuku, MRDP-Twirwaneho yongeye kwirukana ingabo z’u Burundi mu kandi gace

by Bahanda Bruce
November 6, 2025
0
Imirwano ikomeye hagati y’ingabo z’u Burundi n’umutwe wa MRDP-Twirwaneho mu misozi y’i Mulenge

Nyuma ya Rwitsankuku, MRDP-Twirwaneho yongeye kwirukana ingabo z’u Burundi mu kandi gace Umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukomeje kwagura uduce ugenzura muri Kivu y'Amajyepfo, aho wafashe agace gashya ka Marunde...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda kuyobora intambara y’ibidukikije mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda kuyobora intambara y’ibidukikije mu Burasirazuba bwa RDC

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?