• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, January 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 7, 2025
in Conflict & Security
0
Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije
86
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umunyamulengekazi yarasiwe i Bujumbura arakomereka bikabije

You might also like

Igikorwa Cyo Gufata Maduro Cyafashwe Nk’Ubutumwa Bukomeye Buburira u Bushinwa

Umwuka Mubi n’Ubugizi bwa Nabi Bikomeje Kuvugwa muri Fizi, Abaturage Basaba ubutabazi bwihuse

Imirwano Ikaze i Kazinga Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta Hamwe na Wazalendo

Umugore w’Umunyamulenge yarashwe n’umupolisi w’u Burundi mu mujyi wa Bujumbura, aho ubu ari kwitabwaho n’abaganga kubera ibikomere bikomeye.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatanu tariki ya 07/11/2025, ni bwo uyu mugore yakomerekejwe.

Amakuru yemeza ko uyu mugore yarasiwe mu gace ka Buterere aho yari asanzwe atuye. Uwari hafi y’umuryango we yabwiye Minembwe Capital News ko kugeza ubu impamvu y’iraswa rye itaramenyekana neza, ariko ko byakozwe n’umupolisi, ndetse ko ari nabo baje kumujyana kwa muganga nyuma y’aho akomerekejwe bikomeye ku kuguru kw’iburyo.

Uyu muryango kandi wemeje ko uwo mugore ari umukazana w’Abahinda, akaba umukobwa w’Abanyabyinshi, ibintu byatumye bamwe bibaza niba hari impamvu zishingiye ku mpamvu bwite cyangwa izijyanye n’irondakoko.

Uyu mugore witwa Mugiraneza wakomerekejwe, mu magambo make yabashije kuvuga, yagize ati: “Abanjyanye ku bitaro nibo bazi uko byagenze. Nje nta byinshi mbiziho.”

Kugeza ubu ari kuvurirwa mu bitaro bikuru byo mu Buterere, aho ibikomere bye bigaragara nk’ibikomeye cyane nk’uko bigaragarira mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, yerekana ukuguru kwe kwajanjaguritse bikabije.

Iperereza ntiratangira ku mugaragaro, kandi inzego z’umutekano ntacyo ziratangaza ku byabaye. Uko byagenda kose, iri raswa ryateje impungenge mu batuye muri ako gace, aho abaturage basaba ko hatangizwa iperereza ryimbitse kugira ngo hatangwe ubutabera ku wakomeretse.

Tags: PolisiUmunyamulengekaziYakomeretse
Share34Tweet22Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Igikorwa Cyo Gufata Maduro Cyafashwe Nk’Ubutumwa Bukomeye Buburira u Bushinwa

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Igikorwa Cyo Gufata Maduro Cyafashwe Nk’Ubutumwa Bukomeye Buburira u Bushinwa

Igikorwa Cyo Gufata Maduro Cyafashwe Nk’Ubutumwa Bukomeye Buburira u Bushinwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko igikorwa cya gisirikare cyasize gifashe Perezida wa Venezuela, Nicolás Maduro, cyari...

Read moreDetails

Umwuka Mubi n’Ubugizi bwa Nabi Bikomeje Kuvugwa muri Fizi, Abaturage Basaba ubutabazi bwihuse

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Umwuka Mubi n’Ubugizi bwa Nabi Bikomeje Kuvugwa muri Fizi, Abaturage Basaba ubutabazi bwihuse

Umwuka Mubi n’Ubugizi bwa Nabi Bikomeje Kuvugwa muri Fizi, Abaturage Basaba ubutabazi bwihuse Amakuru aturuka muri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga ko hakomeje kugaragara...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze i Kazinga Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta Hamwe na Wazalendo

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Auto Draft

Imirwano Ikaze i Kazinga Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta Hamwe na Wazalendo Imirwano ikaze yadutse mu gitondo cyo ku Cyumweru tariki ya 11/01/2026, mu gace ka Kazinga,...

Read moreDetails

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro ku Biganiro Bishya bya Angola, Inenga Kandi Kudahuza Inzira z’Ubuhuza ku Kibazo cya Congo

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Auto Draft

AFC/M23 Yasabye Ibisobanuro ku Biganiro Bishya bya Angola, Inenga Kandi Kudahuza Inzira z’Ubuhuza ku Kibazo cya Congo Corneille Nangaa, Umuhuzabikorwa w’Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) kuri ubu rigenzura...

Read moreDetails

Abaminisitiri b’Ingabo b’Ibihugu Bigize CIRGL Bahuriye mu Nama Idasanzwe ku Bibazo by’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Abaminisitiri b’Ingabo b’Ibihugu Bigize CIRGL Bahuriye mu Nama Idasanzwe ku Bibazo by’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

Abaminisitiri b’Ingabo b’Ibihugu Bigize CIRGL Bahuriye mu Nama Idasanzwe ku Bibazo by’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Abaminisitiri b’Ingabo b’ibihugu bigize Inama Mpuzamahanga y’Akarere k’Ibiyaga Bigari (CIRGL) bateraniye i...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda kuyobora intambara y’ibidukikije mu Burasirazuba bwa RDC

Perezida Tshisekedi ashinja u Rwanda kuyobora intambara y’ibidukikije mu Burasirazuba bwa RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?