• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 4, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umupaka wa Kamanyola watangiye kugenzurwa na M23.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
0
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umupaka wa Kamanyola watangiye kugenzurwa na M23.

You might also like

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

Abasirikare bo mu mutwe wa M23 batangiye kugenzura umupaka wa Kamanyola ku ruhande rwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ni nyuma y’aho bigaruriye umujyi wa Kamanyola ubarizwamo uriya mupaka.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu tariki 19/02/2025, nibwo m23 yabohoje umupaka wa Kamanyola uhuza iki gihugu cya RDC n’u Rwanda.

Mu ijoro ryo ku wa kabiri M23 yinjiye muri Kamanyola, ariko ntiyashoboka ifata uriya mupaka.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko mu gitondo cy’uyu wa gatatu habaye imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta, ririmo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na FARDC.

Ubwo M23 yinjiraga kuri uyu mupaka, abawukoragaho ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa bahise bayabangira ingata.

Minembwe.com yamenye ko bamwe mu barwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa barimo Wazalendo, ingabo z’u Burundi na FDLR bahise bafatwa n’uyu mutwe wa M23.

Ku rundi ruhande abasirikare ba FARDC bavuye i Bukavu n’abari kuri uyu mupaka wa Kamanyola, bahungira Uvira, ahashobora kugwa mu biganza bya M23 mu gihe cya vuba, naho bahavuye berekeza i Fizi, mu Misozi miremire y’Imulenge n’abandi baca iya mazi bagana i Kalemi mu Ntara ya Tanganyika.

Hari n’abambutse umupaka berekeza i Bujumbura mu Burundi. Aba bakaba bajanye n’ingabo z’u Burundi nazo ziri gukuramo akabo karenge muri iyi ntambara.

Kuva Uvira ugera mu mujyi wa Bujumbura ni intera y’ibirometero 27, iminota 44 n’imodoka cyangwa amasaha 6 ugenda n’amaguru.

Umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi yavuze ko ingabo zabo bohereje muri RDC zikomeje ibikorwa zatumwe gukora mu bice zigenzura, nyamara abaturiye ibice barimo bavuga ko batakibirimo, kandi ko babona basubizwa mu gihugu cyabo.

Umuturage uri Uvira wavuganye natwe ku manywa yagize ati: “Mu mujyi wa Uvira nta musirikare uharangwa, hubwo hari kuzenguruka gusa Wazalendo. Kandi n’ingabo z’u Burundi zasubijwe iwabo.”

Tags: KamanyolaKugenzurwaM23
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice

Perezida Tshisekedi yavuze ko RDC igiye gucibwamo ibice Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (RDC), Félix Tshisekedi, yongeye gushinja u Rwanda umugambi wo kwiyomekaho igice cy’uburasirazuba bw’igihugu...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

by Bahanda Bruce
November 3, 2025
0
Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23

Perezida Tshisekedi yatangaje ko Leta ye igiye kugirana ibiganiro na M23 Perezida Felix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangaje ko Leta ye igiye gusubukura ibiganiro n'umutwe...

Read moreDetails

U Burundi mu bibangamiye amahoro y’Abanyamulenge n’amasezerano u Rwanda rwasinyanye na RDC-Minisitiri Nduhungirehe

by Bahanda Bruce
November 2, 2025
0
I Burundi hikanzwe coup d’etat bituma Ndayishimiye asubika uruzinduko yagombaga kugira

U Burundi mu bibangamiye amahoro y'Abanyamulenge n'amasezerano y'amahoro u Rwanda rwagiranye na RDC- minisitiri Nduhungirehe Igihugu cy'u Burundi byavuzwe ko kiri mu bibangamiye amasezerano y'amahoro yasinywe hagati y'u...

Read moreDetails

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

by Bahanda Bruce
November 1, 2025
0
Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu

Abarimo ibyamamare mu muziki muri Tanzania bahunze igihugu Mu gihe imyigaragambyo ikomeje kuzamura ubukana mu gihugu cya Tanzania, abaririmbyi barimo n'icyamamare Diamond Platnumz berekeje iy'ubuhungiro. Iyi myigaragambyo yatangiye...

Read moreDetails

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

by Bahanda Bruce
October 31, 2025
0
U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy’indege cya Goma

U Rwanda rwasubije u Bufaransa busaba AFC/M23 gufungura ikibuga cy'indege cya Goma U Rwanda rubinyujije kuri minisitiri warwo w'ubanye n'amahanga, Olivier Nduhungurehe, yavuze ko ikibuga cy'indege cya Goma...

Read moreDetails
Next Post
Iby’imfungwa zafunguwe muri Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo.

Iby'imfungwa zafunguwe muri Uvira muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?