• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

minebwenews by minebwenews
June 15, 2025
in World News
0
Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuriro watse hagati ya Israel na Iran, kimwe kibona icyabo nk’igiterabwaba.

You might also like

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Mu gihe intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya Israel na Iran, ibihugu byombi kimwe gishinja icyabo kwica abaturage b’ikindi no gusenya ibyabo.

Ni mu butumwa abayobozi b’i bihugu byombi icya Iran na Israel bari gutanga bakoresheje imbugankoranyambaga.

Israel ibinyujije ku rubuga rwa x yahoze yitwa Twitter, yagize iti: “Iran yishe abaturage kandi igomba kwirengera ingaruka zabyo. Izabyishyura byanze bikunze.”

Iran mu gusubiza yagize na yo iti: “Baravuga ngo Iran itera ibisasu ku ngo z’abaturage, nyamara ari bo basenye Gaza yose, bahamba abana babona, none ngo barigisha isi indangagaciro? Isi tuyobowe n’ibinyoma.”

Ese ko bose bitana abaterwaba iyo urebye wowe ubona ukora iterabwoba nyabyo arinde hagati ya Israel na Iran?

Iran yasutse ibisasu by’umuriro kuri Israel muri operasiyo bise ‘operation true promise III.’ Iyi operasiyo bayikoze bakoresheje za drones zateraga ibisasu byinshi na za misile.

Ibi bisasu byangije byinshi harimo inyubako z’abaturage ubundi kandi bihitana n’ubuzima bwa benshi. Hari amakuru avuga ko hapfuye umuturage umwe hakomereka abandi 40.

Iran yakoze ibi bitero nyuma y’aho Israel yari yayishamburiye mu ijoro ryo ku wa kane w’iki cyumweru muri operasiyo bahaye izina rya “Rising Lion.”

Yishwemo abahanga icyenda(9) mu bya nucléaire za Iran bigaragaza uburyo ubutasi bukomeye bushobora guhungabanya igihugu mu buryo bugarara. Ibi ni igihombo gikomeye ku rugendo rwa Iran rwo kugerageza gukora intwaro za kirimbuzi.

Amakuru kandi avuga ko muri iki gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 15/06/2025, Iran yongeye guturitsa ibisasu muri Israel.

Ni amakuru akomeza avuga ko nta gusohoka kw’abaturage ahanini ku batuye mu duce twibasiwe n’iryo turitswa ry’ibisasu.

Uduce twibasiwe harimo aka Haifa n’i Tel Aviv.

Ku rundi ruhande Israel yamaze gusenya uruganda rw’igitoro rwa Iran urwari ruzwi ko ruri mu zikomeye ku isi; ibishobora gutuma ibigikomokaho, ibiciro byabyo bizamuka ku kigero gihanitse cyane.

Nyama kandi Iran na yo yasenye etaje y’amagorofa 67 muri Israel izwi nka Marina Pinnacle, aho amakuru avuga ko yafashwe n’umuriro. Iyi etaje yabagamo abantu barenga 3,820. Abari bayirimo bose bararokotse, nk’uko inzego z’umutekano muri Israel zabitangaje ku munsi w’ejo ku wa gatandatu.

Tags: IranIsraelUmuriro watse
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ese Amerika Yashobora Gutsinda Intambara Iyirwana Yonyine? Amateka Arabivuga Mu Gihe Impaka ku Gusenya NATO Zikomeje

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza impamvu nyamukuru zituma ashaka ko igihugu cye cyagira ububasha...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Amakuru y’iki gitondo i Mulenge.

RDC: Amakuru y'iki gitondo i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?