• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umurwa mukuru w’u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.

minebwenews by minebwenews
July 11, 2024
in World News
0
Umurwa mukuru w’u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umurwa mukuru w’u Rwanda washizwe mu mijyi ya mbere ikunzwe muri Afrika.

You might also like

Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Ni umujyi wa Kigali washizwe ku mwanya wa 5 mu mijyi 10 yashizwe ku rutonde rw’imijyi ikunzwe cyane muri Afrika no mu Burasirazuba bwo hagati.

Mu kuwushiramo bavuga ko ari wo mujyi usukuye cyane muri Afrika. Kandi bavuga ko uhuza abantu, ukungahaye ku biribwa n’ibinyobwa biryoshye, ufite umutekano kandi w’ingirakamaro cyane by’u mwihariko kubawugenderera.

Uyu mwaka, umujyi wa Kigali wazamutse ushyirwa ku mwanya wa Gatanu mu mijyi ikunzwe muri Afrika no mu Burasirazuba bwo hagati. Ni mu matora yakozwe n’urubuga rwa Travel Leisure.

Buri mwaka, mbere y’uko hatangwa ibihembo bya ‘world’s best awards’ hakorwa ubushakashatsi, abasomyi buru rubuga rwa Travel Leisure basabwa gusangiza inararibonye yabo ku ngendo bakoze hirya no hino ku isi, bagatanga ibitekerezo kuri Hotel za mbere, resitora, imijyi, ibirwa, amato atwara abagenzi, indege n’ibindi.

Kuri ubu rero abasomyi barenga 186.000 ba Travel Leisure barangije ubushakashatsi bwa 2024. Mu byagendeweho hatorwa imijyi ikunzwe harimo ibimenyetso nyaburanga, umuco, ibiribwa, imibanire y’abantu, imihahire, ndetse n’agaciro.

Umujyi wa Marrakesh wo mu gihugu cya Marocco, ni wo waje ku mwanya wa mbere mu mijyi ya basomyi batoye, ukaba uzwi cyene mu kugira ibice byinshi by’ubukerarugendo.

Uyu mujyi uherereye muri Marocco, urakundwa cyane kubera ufite ibice bimwe na bimwe bigaragaza umuco gakondo w’iki gihugu ndetse ukagira n’ibindi bice bigaragaza iterambere ry’iki gihugu.

Kigali iza ku mwanya wa Gatanu, abayitoye bayisobanuye nk’u mujyi ufite isuku itangaje, utekanye, uteye imbere kandi ufitiye akamaro kanini abawutuyemo.

Umujyi wa Kigali waje ku mwanya wa Gatanu mu mijyi ikunzwe muri Afrika.

Mu matora yakozwe na ruriya rubuga, bakurikiranyije iri ya mijyi yo muri Afrika no mu Burasirazuba bwo hagati, gutya:

  1. Marrakesh (Marocco): 89.172
  2. Cape Town (Afrika y’Epfo): 88:87
  3. Jerusalem (Israel): 87.25
  4. Dubai(United Arab Emirates): 86:14
  5. Kigali (Rwanda): 85:93
  6. Fez(Morocco): 84.37
  7. Essaouira(Marocco): 83:97
  8. Tel Aviv(Israel): 82.46
  9. Luxor(Egypt): 82.04
  10. Cairo(Egypt): 81.40. MCN.
Tags: KigaliYaje ku mwanya wa Gatanu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika

Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika Mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba mu Burasirazuba bwo Hagati, Ingabo zidasanzwe za Iran zizwi nka Islamic...

Read moreDetails

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe amakimbirane ya gisirikare hagati ya Iran, Israel,...

Read moreDetails

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran, Mojtaba Khamenei, yatangaje ko igihugu cye kizishyuza...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena Mu gihe amakimbirane akomeye akomeje kuzahaza akarere k’Uburasirazuba bwo...

Read moreDetails

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

Lamuka ya Martin Fayulu yasabye ubutegetsi bwa Kinshasa gucana umubano na Uganda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?