• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni abasirikare barenga 9000 bo mu butumwa bw’uyu muryango wa SAMIDRC bwatangiye mu mpera z’u mwaka ushize, 2023. Nk’uko bivugwa aba basirikare bongerewe mu rwego rwo gufasha ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana n’u mutwe wa M23 umaze gufata ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo.

Bigitangira, hoherejwe ingabo 5000 zirimo 2900 iza Afrika y’Epfo iyoboye ubu butumwa, n’izindi 2100 zirimo iza Tanzania na Malawi, ariko ntabwo zigeze zitanga umusaruro zari zitezweho na Guverinoma ya Kinshasa, kuko ntizigeze zirukana M23 mu bice yafashe.

Afrika y’Epfo imaze gutakaza abasirikare benshi bapfiriye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Muri bo harimo Captain Simon Mkhulu na Captain Ireven Thabang Semono bishwe n’igisasu mu kwezi kwa Kabiri na Sergeant Mbulelo David Ngubane wapfuye mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka.

Ubwo Sergeant Ngubane yapfaga, M23 yatangaje ko yasenye ibifaru bine bya SAMIDR, bafata ibindi bibiri n’ikamyo ya Iveco.

Hari abandi basirikare batatu ba Tanzania bishwe ubwo igisasu cyagwaga hafi y’ikigo cyabo mu kwezi kwa Kane 2024. Uwo munsi hakomereka abandi batatu.

Abarwanyi ba M23, mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu 2024 bafashe mpiri abasirikare bane ba Afrika y’Epfo baguye mu mutego wabo mu gace ka Kimoka muri teritware ya Masisi. Aba biyongera ku bandi bivugwa ko bafashwe mu bihe bitandukanye.

Igitangaza makuru cya Africa intelligence ku munsi w’ejo hashize cyatangaje ko mu rwego rwo gutegura bundi bushya urugamba rwo kurwanya M23, hongerewe ingabo za SADC ziva ku 5000 zigera ku 8000.

Kuri iyi nshuro, bivugwa ko Afrika y’Epfo yongeye ingabo 2600, Tanzania yongera 750, Malawi yongera 1000, gusa ngo leta ya Kinshasa niyo izirengera ikiguzi cy’ibikorwa byazo nyuma y’ibiganiro bizabera i New York mu kanama k’u muryango w’Abibumbye mu mpera z’u kwezi gutaha muri uyu mwaka(2024).

Icyemezo cya Afrika y’Epfo cyo kongera ingabo mu butumwa bwa SADC kimenyekanye mu gihe muri Guverinoma y’iki gihugu hitezwe impinduka zikomeye, kubera ko ishyaka rya ANC riri ku butegetsi ryamaze kwiyunga n’andi atavuga rumwe na yo.

Mu mashyaka yiyunze na ANC harimo DA(democratic Alliance) isanzwe itemeranya na perezida Cyril Ramaphosa ku cyemezo yafashe cyo kohereza abasirikare b’iki gihugu muri RDC guhangana na M23.

           MCN.
Tags: Mu Burasirazuba bwa RDCSADCZongerewe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yatanze ubusobanuro bw’imbitse bw’uburyo u Rwanda ruyobowe n’Intare.

Perezida Paul Kagame w'u Rwanda, yatanze ubusobanuro bw'imbitse bw'uburyo u Rwanda ruyobowe n'Intare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?