• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wongereye Ingabo zawo mu Burasirazuba bwa RDC kugira ngo bahashye M23.

You might also like

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Ni abasirikare barenga 9000 bo mu butumwa bw’uyu muryango wa SAMIDRC bwatangiye mu mpera z’u mwaka ushize, 2023. Nk’uko bivugwa aba basirikare bongerewe mu rwego rwo gufasha ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo guhangana n’u mutwe wa M23 umaze gufata ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajy’epfo.

Bigitangira, hoherejwe ingabo 5000 zirimo 2900 iza Afrika y’Epfo iyoboye ubu butumwa, n’izindi 2100 zirimo iza Tanzania na Malawi, ariko ntabwo zigeze zitanga umusaruro zari zitezweho na Guverinoma ya Kinshasa, kuko ntizigeze zirukana M23 mu bice yafashe.

Afrika y’Epfo imaze gutakaza abasirikare benshi bapfiriye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Muri bo harimo Captain Simon Mkhulu na Captain Ireven Thabang Semono bishwe n’igisasu mu kwezi kwa Kabiri na Sergeant Mbulelo David Ngubane wapfuye mu kwezi kwa Gatanu uyu mwaka.

Ubwo Sergeant Ngubane yapfaga, M23 yatangaje ko yasenye ibifaru bine bya SAMIDR, bafata ibindi bibiri n’ikamyo ya Iveco.

Hari abandi basirikare batatu ba Tanzania bishwe ubwo igisasu cyagwaga hafi y’ikigo cyabo mu kwezi kwa Kane 2024. Uwo munsi hakomereka abandi batatu.

Abarwanyi ba M23, mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatandatu 2024 bafashe mpiri abasirikare bane ba Afrika y’Epfo baguye mu mutego wabo mu gace ka Kimoka muri teritware ya Masisi. Aba biyongera ku bandi bivugwa ko bafashwe mu bihe bitandukanye.

Igitangaza makuru cya Africa intelligence ku munsi w’ejo hashize cyatangaje ko mu rwego rwo gutegura bundi bushya urugamba rwo kurwanya M23, hongerewe ingabo za SADC ziva ku 5000 zigera ku 8000.

Kuri iyi nshuro, bivugwa ko Afrika y’Epfo yongeye ingabo 2600, Tanzania yongera 750, Malawi yongera 1000, gusa ngo leta ya Kinshasa niyo izirengera ikiguzi cy’ibikorwa byazo nyuma y’ibiganiro bizabera i New York mu kanama k’u muryango w’Abibumbye mu mpera z’u kwezi gutaha muri uyu mwaka(2024).

Icyemezo cya Afrika y’Epfo cyo kongera ingabo mu butumwa bwa SADC kimenyekanye mu gihe muri Guverinoma y’iki gihugu hitezwe impinduka zikomeye, kubera ko ishyaka rya ANC riri ku butegetsi ryamaze kwiyunga n’andi atavuga rumwe na yo.

Mu mashyaka yiyunze na ANC harimo DA(democratic Alliance) isanzwe itemeranya na perezida Cyril Ramaphosa ku cyemezo yafashe cyo kohereza abasirikare b’iki gihugu muri RDC guhangana na M23.

           MCN.
Tags: Mu Burasirazuba bwa RDCSADCZongerewe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida

Hiyongereye Undi Mukandida mu Bahatanira Kuyobora Loni: Uganda Yashyize Imbere Olara Otunnu, Dore Ibyo Wamenya Kuri Uyu Mukandida MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Irushanwa ryo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya...

Read moreDetails

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC

Mobutu Sese Seko: Umutegetsi Wayoboye Zaïre Imyaka 32, Uwasize Amateka Akomeye n’Impaka Ku Murage We muri RDC MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mobutu Sese Seko ni umwe mu bategetsi...

Read moreDetails

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, yatanze ubusobanuro bw’imbitse bw’uburyo u Rwanda ruyobowe n’Intare.

Perezida Paul Kagame w'u Rwanda, yatanze ubusobanuro bw'imbitse bw'uburyo u Rwanda ruyobowe n'Intare.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?