Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 5, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango wa SADC ufite ingabo zayo  mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ziramagana ibivugwa ku ngabo zayo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango wa SADC wa maganye ibikomeje kuvugwa ku ngabo zayo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ibikubiye mu butumwa bwatanzwe n’uyu muryango w’ibihugu byo muri SADC, aho ubwo butumwa butera utwatsi amakuru bo bavuga ko ari ibinyoma ngo kandi agamije kuyobya abantu.

Ubwo butumwa buvuga kandi ko ayo makuru anyuzwa kuri interineti, akavuga ku bikorwa by’ingabo zayo ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uyu muryango ukavuga ko wamaganye byimazeyo amakuru atari yo ndetse n’ibisobanuro ku bikorwa by’ingabo zayo ziri mu gice cy’iburasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kandi irashaka kumvikanisha neza ko ingabo za Afrika y’Epfo (SANDF) zoherejwe muri RDC ziri mu nshingano z’u butumwa bwa SADC muri icyo gihugu cya RDC.

Ubu butumwa bukomeza buvuga ko kohereza SAMIRDC byemejwe n’inama idasanzwe ya SADC y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma yabereye i Windhoek, mu gihugu cya Namibiya, yabaye ku wa 08/052023 , bukavuga ko ibyo biri munshingano zo gushakira amahoro n’umutekano Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ubutumwa bwa SAMIDRC burimo ingabo zavuye mu gihugu cya Malawi, Tanzania na Afrika y’Epfo.

SADC yatanze ubu butumwa mu gihe hari ha heruka gutangwa amakuru ko ingabo za Afrika y’Epfo ziri mu butumwa bwa SAMIDRC muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ko hari izafashwe mpiri na M23 zifatiwe kurugamba, na none hakaba harandi avuga ko izo ngabo zisangira ubwiherero bumwe ari abasirikare bagera kuri 600.

SADC yasoje ubutumwa bwayo ivuga ko igiye kuzitangaza amakuru yerekanye n’ibikorwa byayo byo gufasha igisirikare cya Congo binyuze ku mbuga zayo zabigenewe.

Ingabo za SADC zageze mu Burasirazuba bwa RDC ahagana mu mpera z’u mwaka ushize w’2023, mu rwego rwo gufasha Guverinoma ya Kinshasa kurwanya umutwe wa M23.

         MCN.
Tags: Ibivugwa ku ngabo zayoIramaganaMu Burasirazuba bwa RDCSADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyo avuga kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse niri gukorwa mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?