• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’u bukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wagize icyo uvuga ku gitero giheruka i Kinshasa, cyari kigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Tshilombo .

minebwenews by minebwenews
May 21, 2024
in Regional Politics
6
Umuryango w’u bukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wagize icyo uvuga ku gitero giheruka i Kinshasa, cyari kigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Tshilombo .
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’u bukungu bw’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wamaganye abashaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni tsinda ry’abavuga ko bashaka Zaïre nshya, nibo bari mu mugambi wo guhirika ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ku ya 19/05/2024, nibwo igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyatangaje ko cyaburijemo umugambi wari ugamije gushiraho iherezo ryanyuma ubutegetsi bwa Tshilombo.

Muri icyo gihe iki gisirikare cya RDC binyuze ku muvugizi wacyo, Brig Gen Sylvain Ekenge cyatangaje ko abagerageje gukora ku deta batawe muri yombi.

Iri curwa ry’u mugambi wo guhirika ubutegetsi bikaba byari byakozwe na Christian Malanga Musumari, waje kugwa muri iki gitero yahanganiyemo n’abasirikare bo kwa Tshisekedi.

Mu gihe umuhungu wa Christian Malanga Musumari, witwa Marcel Malanga ndetse n’abo bari bafatikanije kugaba igitero cyo guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, barimo n’abanyamahanga bafashwe mpiri.

Nyuma y’ubwo SADC yasohoye itangazo, rivuga ko bamaganye igitero cyagabwe kuri RDC, kikaba cyari cyibasiriye abayobozi bakuru b’iki gihugu.

Iri tangazo rigira riti: “Umuryango w’iterambere ry’ibihugu byo muri Afrika y’Amajy’epfo, SADC, wamaganye umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi wabaye ku wa 19/05/2024 i Kinshasa, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nyuma y’uko abantu bitwaje imbunda bagerageje gutera ku ngo z’aboyozi bakuru ba Guverinoma ya Kinshasa, harimo n’urwa perezida Félix Tshisekedi .”

Iri tangazo rya SADC kandi ryanashimiye FARDC yahagaze kigabo iburizamo umugambi wo gushaka guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu.

Ibihugu birimo na leta Zunze Ubumwe z’Amerika, byamaganye nabyo uyu mugambi mubi wari wacuzwe n’agatsiko kayobowe na Christian Malanga Musumari.

Kuri ubu amakuru avugwa i Kinshasa, aravuga ko ibintu ko byongeye kuja mu buryo, ndetse n’imirimo ikaba irimo gukorwa nk’ibisanzwe.

          MCN.
Tags: Gushaka guhirika ubutegetsi bwa KinshasaSADCumugambiYamaganye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare mu ngabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishe mugenzi we amuhoye telefone ngendanwa.

Umusirikare mu ngabo z'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yishe mugenzi we amuhoye telefone ngendanwa.

Comments 6

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Bihangane kugarura Zaïre bizagora ni nashake irindi Zina naho Zaïre wapi Congo shya ifite Fédéralisme nibwo Congo yagerageza kubaho

  2. horoscope taurus says:
    2 years ago

    I have observed that in the world the present moment, video games are definitely the latest craze with children of all ages. Many times it may be extremely hard to drag the kids away from the games. If you want the best of both worlds, there are many educational games for kids. Thanks for your post.

  3. full service movers near me says:
    2 years ago

    I do agree with all of the ideas you’ve presented in your post. They are very convincing and will definitely work. Still, the posts are very short for starters. Could you please extend them a bit from next time? Thanks for the post.

  4. Chatgpt says:
    2 years ago

    This design is steller! You obviously know how to keep a reader entertained. Between your wit and your videos, I was almost moved to start my own blog (well, almost…HaHa!) Excellent job. I really loved what you had to say, and more than that, how you presented it. Too cool!

  5. explore more says:
    2 years ago

    I know of the fact that now, more and more people are being attracted to camcorders and the area of digital photography. However, being photographer, it’s important to first shell out so much time deciding which model of digital camera to buy plus moving out of store to store just so you may buy the least expensive camera of the trademark you have decided to pick. But it will not end right now there. You also have to consider whether you should purchase a digital dslr camera extended warranty. Many thanks for the good points I received from your blog site.

  6. what is the genius wave says:
    2 years ago

    Hello there, I found your blog via Google while looking for a related topic, your web site came up, it looks great. I have bookmarked it in my google bookmarks.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?