• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
1
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.
541
SHARES
13.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusaza Col.Rukunda yasimbutse urupfu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagabye igitero gikaze kigamije kwica Colonel Rukunda Michel wamenyekanye ku izina rya Makanika uyoboye Twirwaneho gikoresheje drone, ariko nticyabibasha, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahagana ku manywa yo kuri uyu munsi tariki ya 19/02/2025, nibwo icyo gitero cyagabwe i Gakangala aho Makanika yarari.

Iyi nkuru ivuga ko FARDC yagabye kiriya gitero ishaka guhitana ubuzima bwa Makanika ukomeje kurengera Abanyamulenge bicwa n’ingabo z’iki gihugu cya RDC.

Hakoreshejwe indege zitagira abapilote, ariko iza gushwanyaguzwa n’itsinda rya Twirwaneho.Minembwe.com yamenye ko iriya drone yagabye kiriya gitero iturutse mu marango yo mu Gahwela.

Nk’uko iyi nkuru ibisobanura ivuga ko kiriya gitero cyari kigamije guca intege Twirwaneho, kuko hari amakuru Leta ya Kinshasa ifite avuga ko iritsinda ryaba rishyaka kwihuza n’umutwe wa M23 ukomeje gutigisa ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ndetse Col. Makanika ubwe akaba yari aheruka gutangaza ko nta kibazo kibirimo gukorana n’umutwe wa M23, kandi ko n’undi wese wifuza ko akarengane abaturage bakorerwa kahagarara nawe bafatanya. Maze ashimangiye ibi avuga ko yaba m23 cyangwa ibo bafite intego imwe yokurengera abaturage bicwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Tags: FardcGakangalaMakanikaTwirwaneho
Share216Tweet135Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n'intumwa zivuye i Kinshasa.

Comments 1

  1. Kamana says:
    7 months ago

    Bruce,wasiba iyo nkuru?shishoza nusanga bikwiriye uvaneho. Sawa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?