• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.

minebwenews by minebwenews
February 19, 2025
in Regional Politics
1
Umusaza Col.Rukunda Michel yasimbutse urupfu.
542
SHARES
13.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusaza Col.Rukunda yasimbutse urupfu.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cyagabye igitero gikaze kigamije kwica Colonel Rukunda Michel wamenyekanye ku izina rya Makanika uyoboye Twirwaneho gikoresheje drone, ariko nticyabibasha, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Ahagana ku manywa yo kuri uyu munsi tariki ya 19/02/2025, nibwo icyo gitero cyagabwe i Gakangala aho Makanika yarari.

Iyi nkuru ivuga ko FARDC yagabye kiriya gitero ishaka guhitana ubuzima bwa Makanika ukomeje kurengera Abanyamulenge bicwa n’ingabo z’iki gihugu cya RDC.

Hakoreshejwe indege zitagira abapilote, ariko iza gushwanyaguzwa n’itsinda rya Twirwaneho.Minembwe.com yamenye ko iriya drone yagabye kiriya gitero iturutse mu marango yo mu Gahwela.

Nk’uko iyi nkuru ibisobanura ivuga ko kiriya gitero cyari kigamije guca intege Twirwaneho, kuko hari amakuru Leta ya Kinshasa ifite avuga ko iritsinda ryaba rishyaka kwihuza n’umutwe wa M23 ukomeje gutigisa ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ndetse Col. Makanika ubwe akaba yari aheruka gutangaza ko nta kibazo kibirimo gukorana n’umutwe wa M23, kandi ko n’undi wese wifuza ko akarengane abaturage bakorerwa kahagarara nawe bafatanya. Maze ashimangiye ibi avuga ko yaba m23 cyangwa ibo bafite intego imwe yokurengera abaturage bicwa bazira ubwoko bwabo Abatutsi.

Tags: FardcGakangalaMakanikaTwirwaneho
Share217Tweet136Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n’intumwa zivuye i Kinshasa.

Perezida wa Kenya yagiranye ibiganiro n'intumwa zivuye i Kinshasa.

Comments 1

  1. Kamana says:
    8 months ago

    Bruce,wasiba iyo nkuru?shishoza nusanga bikwiriye uvaneho. Sawa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?