• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusaza wari ufunzwe azira drone yaburiwe irengero yafunguwe.

minebwenews by minebwenews
October 30, 2024
in Regional Politics
0
Umusaza wari ufunzwe azira drone yaburiwe irengero yafunguwe.
87
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusaza wari ufunzwe azira drone yaburiwe irengero yafunguwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umusaza w’umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 70 y’amavuko wari wafunzwe n’ingabo za FARDC mu Minembwe, ashinjwa akadege ka FARDC kabuze yafunguwe.

Yitwa Zakayo avuka mu muryango wa Bahiga; ku munsi w’ejo hashize tariki ya 29/10/2024 nibwo yarekuwe nyuma y’uko yari amaze iminsi irindwi afunzwe.

Tariki ya 22/10/2024, uyu Zakayo nibwo yafashwe n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zo muri brigade ya 21 mu Minembwe.

Ifatwa rye, riva kukuba hari akadege k’izi ngabo za RDC koherejwe ku itari ya 21/10/2024 muri patrol, kaza kuburigwa irengero, nyuma yaho iz’i ngabo ziza gushinja uyu musaza w’umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 70 y’amavuko kuba nyiribayazana w’ibura ryako.

Ubuhamya bwatanzwe icyo gihe, bwavugaga buti: “Zakayo yatawe muri yombi. FARDC iramushinja drone yabo yabuze ubwo yari igeze ku Runundu rw’Abakomite.”

Yabanje gufungirwa muri kontineri, nyuma yaho bamushyira munzu iraha ku cyicaro cya brigade muri centre ya Minembwe.

MCN, ubutumwa buri mu majwi yahawe, buvuga ko Zakayo yafunguwe mu gihe umuryango we wabanje gutanga amafaranga, angana na $ 500 ahabwa ingabo za FARDC zari zimufunze.

Gusa ikibabaje, nk’uko byakomeje kuvugwa n’uko mwifungwa rya Zakayo yahohotewe cyane, ni mu gihe yamenwagaho amazi, ahandi agakubitwa inkoni nyinshi.

Ariko nubwo yarafunzwe, ndetse agirirwa nanabi anakwa n’amafaranga bivugwa ko atigeze ahamwa n’icyaha.

Ikindi kandi, kugeza ubu ako kadege ntikaraboneka, nk’uko amakuru ava mu Minembwe abivuga.

Tags: DroneMinembweZakayo
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

Perezida Kagame wari wahawe ikaze i Bujumbura mu nama ya COMESA yahagarariwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?