Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusenguzi Fidel Mugunguza, avuze impamvu perezida Félix Tshisekedi, adatsinda urugamba ahanganyemo na M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 29, 2024
in Regional Politics
1
Umusenguzi Fidel Mugunguza, avuze impamvu perezida Félix Tshisekedi, adatsinda urugamba ahanganyemo na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusenguzi Fidel Mugunguza, yagaragaje ko M23, imaze gutsinda ubutegetsi bwa Tshisekedi!

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Yatangije y’ibaza ati: “Intambara irimo kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, iraganahe?”

“Leta ya Kinshasa yaba yarabuze iki, kugirango imareho intambara bahanganyemo na M23?”

” Baca umugani ngo ‘Usenya urwe bamutiza umuhoro.’

“Urugamba ubutegetsi bwa Kinshasa barimo na M23, rumaze igihe kirenga imyaka ibiri.”

“Leta ya Congo ubwayo, binyuze ku mukuru w’igihugu cyayo, perezida Félix Tshisekedi, ya vuze ko M23 ifite imbaraga. Ibi kandi byagarutsweho n’ingabo za MONUSCO, aho zavuze ko umutwe wa M23 ufite ibikoresho birenze iby’ingabo za leta ya kinshasa, muri icyo gihe MONUSCO yashishikarije Guverinoma ya Kinshasa kuganira na M23. Ibyo leta yanze hubwo biviramo ko ubutegetsi bwa Kinshasa busaba MONUSCO kubavira mu gihugu n’ubwo bikiri inzozi.”

“Mu byo Kinshasa yagaragaje yavuze ko kuba MONUSCO iri k’u butaka bwa RDC bidatanga umusaruro n’umwe ku baturage ba RDC.”

“MONUSCO yageze muri Congo, mu 1999, ubwo hari hayoboye perezida Mzee Laurent Désiré Kabila, muri icyogihe yitwa ga ‘MONUC.'”

“Kuba MONUSCO ibaye igihe kirekire muri RDC nti bya bujije ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwiyambaza iz’i ndi ngabo z’Amahanga, k’uko mu mwaka w’ 2022, mu Burasirazuba bwa RDC, haje ingabo za EAC.”

“Gusa ingabo za EAC, zaje zivuga ibinyuranye nibyo leta ya Kinshasa itari yiteze kuko Kinshasa yo yarizi ko M23 igiye kurimburwa na EAC, ariko EAC yavuze ko itaje guhangana na M23 ko hubwo baje guhuza M23 n’ingabo za RDC.”

“Hakurikiyeho ko Leta ya Kinshasa izana Abacanshuro bakomoka mu gihugu cy’u Burusiya abo umukuru w’Igihugu cya RDC yise abatoza beza, yavuze ati: ‘Abatoza beza,’ bahageze.”

“Aba nabo ntacyo bigeze bahindura, kugeza magingo aya.”

“Mu mpera z’u mwaka ushize, ingabo za EAC zara sezerewe haza iza SADC, mbere leta ya Kinshasa yariyaguze indege z’intambara ariko ntaco zafashije ku bwo gutsintsura umutwe wa M23 umaze imyaka ibiri muri Rutshuru.’

“Kinshasa kandi yaje kwiyambaza utu dege tutagira abapilote, biza kurangira M23 ihanuye mo tubiri.”

” Ubwo ingabo za SADC zageraga muri RDC, tariki ya 15/12/2023, bya vuzwe ko zije kurandura umutwe wa M23 muduce wigaruriye binyuranije n’amategeko, nk’uko ba byivugiraga, none birangiye mu rugamba rwa mbere barwanye bahunze bahungira mugace ka Kimoka.”

“Muri make iy’intambara ina niye ubutegetsi bwa Kinshasa muburyo bwose.”

“Kinshasa yarahahombeye, yahatakarije abasirikare benshi ku rugamba, abaturage bayo bakuwe mu byabo, ibi byose Kinshasa yabishoyemo imbaraga kugira isenye M23 ariko ntibyakunze.”

“Impanvu nta yindi yatumye M23 ihagarara neza k’urugamba nuko,
irwanira ukuri, ku bwo kurenganura ubwoko bw’Abatutsi bagize igihe kirekire mu bibazo badafite ubavugira, ikindi n’uko ntayandi mahitamo barava iwabo bajehe?”

“Mu gomba no kumenya ko umuntu urwa nira mu rutoki rwe, bigoye kugira ngo uwa muteye abashe ku mutsinda.”

“Bwana Fidel Mugunguza, yasoje y’ibutsa ko leta ya Kinshasa ikwiye kwibuka ko yakoze uko ishoboye kose kugira ngo itsintsure M23 ariko byaranze, aha yavuze ko RDC yi yambaje n’imitwe y’itwaje Imbunda y’abanyekongo ndetse niya banyamahanga harimo FDLR na Wagner.”

Fidel, yasabye ko Tshisekedi akwiye kwe mera agakora ibiganiro na M23.

Bruce Bahanda.

Tags: Avuze impamvu perezida Félix Tshisekedi adatsinda urugambaM23Umusenguzi Fidel Mugunguza
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho y’abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahishuye ko leta y’u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Twirwaneho y'abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, yahishuye ko leta y'u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    1 year ago

    Intambara irasenya ntiyubaka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?