• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusenguzi Fidel Mugunguza, avuze impamvu perezida Félix Tshisekedi, adatsinda urugamba ahanganyemo na M23.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2024
in Regional Politics
1
Umusenguzi Fidel Mugunguza, avuze impamvu perezida Félix Tshisekedi, adatsinda urugamba ahanganyemo na M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusenguzi Fidel Mugunguza, yagaragaje ko M23, imaze gutsinda ubutegetsi bwa Tshisekedi!

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Yatangije y’ibaza ati: “Intambara irimo kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, iraganahe?”

“Leta ya Kinshasa yaba yarabuze iki, kugirango imareho intambara bahanganyemo na M23?”

” Baca umugani ngo ‘Usenya urwe bamutiza umuhoro.’

“Urugamba ubutegetsi bwa Kinshasa barimo na M23, rumaze igihe kirenga imyaka ibiri.”

“Leta ya Congo ubwayo, binyuze ku mukuru w’igihugu cyayo, perezida Félix Tshisekedi, ya vuze ko M23 ifite imbaraga. Ibi kandi byagarutsweho n’ingabo za MONUSCO, aho zavuze ko umutwe wa M23 ufite ibikoresho birenze iby’ingabo za leta ya kinshasa, muri icyo gihe MONUSCO yashishikarije Guverinoma ya Kinshasa kuganira na M23. Ibyo leta yanze hubwo biviramo ko ubutegetsi bwa Kinshasa busaba MONUSCO kubavira mu gihugu n’ubwo bikiri inzozi.”

“Mu byo Kinshasa yagaragaje yavuze ko kuba MONUSCO iri k’u butaka bwa RDC bidatanga umusaruro n’umwe ku baturage ba RDC.”

“MONUSCO yageze muri Congo, mu 1999, ubwo hari hayoboye perezida Mzee Laurent Désiré Kabila, muri icyogihe yitwa ga ‘MONUC.'”

“Kuba MONUSCO ibaye igihe kirekire muri RDC nti bya bujije ko ubutegetsi bwa Kinshasa bwiyambaza iz’i ndi ngabo z’Amahanga, k’uko mu mwaka w’ 2022, mu Burasirazuba bwa RDC, haje ingabo za EAC.”

“Gusa ingabo za EAC, zaje zivuga ibinyuranye nibyo leta ya Kinshasa itari yiteze kuko Kinshasa yo yarizi ko M23 igiye kurimburwa na EAC, ariko EAC yavuze ko itaje guhangana na M23 ko hubwo baje guhuza M23 n’ingabo za RDC.”

“Hakurikiyeho ko Leta ya Kinshasa izana Abacanshuro bakomoka mu gihugu cy’u Burusiya abo umukuru w’Igihugu cya RDC yise abatoza beza, yavuze ati: ‘Abatoza beza,’ bahageze.”

“Aba nabo ntacyo bigeze bahindura, kugeza magingo aya.”

“Mu mpera z’u mwaka ushize, ingabo za EAC zara sezerewe haza iza SADC, mbere leta ya Kinshasa yariyaguze indege z’intambara ariko ntaco zafashije ku bwo gutsintsura umutwe wa M23 umaze imyaka ibiri muri Rutshuru.’

“Kinshasa kandi yaje kwiyambaza utu dege tutagira abapilote, biza kurangira M23 ihanuye mo tubiri.”

” Ubwo ingabo za SADC zageraga muri RDC, tariki ya 15/12/2023, bya vuzwe ko zije kurandura umutwe wa M23 muduce wigaruriye binyuranije n’amategeko, nk’uko ba byivugiraga, none birangiye mu rugamba rwa mbere barwanye bahunze bahungira mugace ka Kimoka.”

“Muri make iy’intambara ina niye ubutegetsi bwa Kinshasa muburyo bwose.”

“Kinshasa yarahahombeye, yahatakarije abasirikare benshi ku rugamba, abaturage bayo bakuwe mu byabo, ibi byose Kinshasa yabishoyemo imbaraga kugira isenye M23 ariko ntibyakunze.”

“Impanvu nta yindi yatumye M23 ihagarara neza k’urugamba nuko,
irwanira ukuri, ku bwo kurenganura ubwoko bw’Abatutsi bagize igihe kirekire mu bibazo badafite ubavugira, ikindi n’uko ntayandi mahitamo barava iwabo bajehe?”

“Mu gomba no kumenya ko umuntu urwa nira mu rutoki rwe, bigoye kugira ngo uwa muteye abashe ku mutsinda.”

“Bwana Fidel Mugunguza, yasoje y’ibutsa ko leta ya Kinshasa ikwiye kwibuka ko yakoze uko ishoboye kose kugira ngo itsintsure M23 ariko byaranze, aha yavuze ko RDC yi yambaje n’imitwe y’itwaje Imbunda y’abanyekongo ndetse niya banyamahanga harimo FDLR na Wagner.”

Fidel, yasabye ko Tshisekedi akwiye kwe mera agakora ibiganiro na M23.

Bruce Bahanda.

Tags: Avuze impamvu perezida Félix Tshisekedi adatsinda urugambaM23Umusenguzi Fidel Mugunguza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Twirwaneho y’abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yahishuye ko leta y’u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Twirwaneho y'abaturage bo mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, yahishuye ko leta y'u Burundi, iri mu mugambi wo kurimbura Abanyamulenge.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    2 years ago

    Intambara irasenya ntiyubaka

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?