Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n’igituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 6, 2024
in Regional Politics
0
Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n’igituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusesenguzi Zache Masabo Byinshi, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikomeje kubera ubutegetsi bwa Kinshasa ibamba.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Bwana Masabo, yagize ati: “Tubanjye ku basuhuza nshuti zacyu, uyu munsi twifuje kubagezaho Ubusesenguzi ku ntambara iri kubera mu Ntara ya Kivu Yaruguru ndetse no mu Burasirazuba bwose bwa RDC. Iki kiganiro ndibanda ku hantu M23 ikura(ivoma) imbaraga.”

“Abantu benshi bi baza aho ingabo za M23 zivoma imbaraga, aha rero niho nshyaka ko mbasangiza: M23 irwanira ukubaho kwabo iryo niryo hamwe ryabo ry’ibanze. Urebye ahanini uyu mutwe ugizwe n’abavuga ururimi rw’ikinyarwanda aribo bahonyorerwa uburenganzira bwabo bwo kubaho nk’abandi ba kongomani. Ni kenshi abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri RDC bagiye bahura n’akaga ko kwicwa, gufungwa, guhohoterwa, ibi ugasanga aba birinyuma ari Ingabo z’i gihugu ndetse na bategetsi bakomeye muri leta ya Kinshasa. Ibi rero biri mu byatumye M23 ifata imbunda ihita mo kw’irwanaho. Uwirwanaho nta tsindwa kuko arwana avuye inyuma, ntayandi mahitamo abasigaranye.”

“I kindi n’uko ingabo za Gen Sultan Makenga, zirwana zerekana ukuri, n’ubwo Isi, iba idashaka kumva ukuri, ariko na none ukuri ntigutsindwa guhorana intsinzi. Nikenshi M23 berekanye abishwe bazira ubwoko bwabo, mu bishwe hari abatwitswe abandi bafungiwe ahatazwi, guhohoterwa kubera amasura n’ururimi rubaranga.”

“Ahandi M23 irahura imbaraga ni mu baturage, k’uko bazi kwiyegereza abaturage kandi uduce bafashe bagaharanira gushakira abaturage umutekano no kubaha ubwisanzure, ibyo biri mubituma barushaho kumenya amayeri ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bakoresha ugasanga n’igihe ingabo za leta zije kubagabaho ibitero bo ba bimenya mbere yigihe bikaviramo ko ingabo za FARDC n’abambari babo baguye mu mitego.”

“Imbaraga za M23 kandi usanga ziva kukuba barahawe imyitozo ihagije ndetse amakuru duhabwa n’abari ku rugamba bemeza ko ahubwo bahora mu myitozo itarangira. Usibye n’imyitozo y’urugamba bahabwa n’amasomo yo guhorana moral.”

N’i ki gituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa kandi ari benshi ndetse bava no mu bihugu byinshi, hari FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, ariko aba bose batsindwa n’Abahungu bake bo muri M23, biva ku ki?

“Icyambere bishobora kuba biva kuri komandema(commandemant) ninshi kandi zikomoka ahatandukanye; twafata nk’u rugero rwa Wazalendo na FDLR, kugandukira ubuyobozi bwa SADC, FARDC n’ingabo z’u Burundi, rimwe narimwe birabagora kandi buri ikipe y’umva ar’iyo yayobora komandema.”

“Ubundi kandi FARDC nyiri rugamba yamaze gucika intege bityo n’abaje kubashigikira ugasanga bacyitse intege mu gihe bahuriranye n’urugamba rutoroshye rwa M23.”

“Ikigira Gatatu usanga kuba Ingabo za mahanga ziba zaraje gufasha igisirikare cya RDC zitazi terrain cyangwa akarere, mu gihe rero bahanganye n’abana bavuka muri ka karere ugasanga birangiye abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa baratsinzwe.”

“Na soza mba bwira ko ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo uko zabwiwe atari byo basanze kuri terrain, ibyo nabyo bi babera imbogamizi, igihe cyose uzasugura umwanzi ukamufata uko wishakiye uzashiduka uwo wita umwanzi akubereye Boss.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ivana imbaragaM23Umusesenguzi Zache Byinshi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo na FDLR, bishe umusaza uri mu kigero cy’imyaka 70, uzwi kw’izina rya Muyehe, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Wazalendo na FDLR, bishe umusaza uri mu kigero cy'imyaka 70, uzwi kw'izina rya Muyehe, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?