• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n’igituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2024
in Regional Politics
0
Umusesenguzi Zache Byinshi, yavuze aho M23 ivana imbaraga n’igituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusesenguzi Zache Masabo Byinshi, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikomeje kubera ubutegetsi bwa Kinshasa ibamba.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Bwana Masabo, yagize ati: “Tubanjye ku basuhuza nshuti zacyu, uyu munsi twifuje kubagezaho Ubusesenguzi ku ntambara iri kubera mu Ntara ya Kivu Yaruguru ndetse no mu Burasirazuba bwose bwa RDC. Iki kiganiro ndibanda ku hantu M23 ikura(ivoma) imbaraga.”

“Abantu benshi bi baza aho ingabo za M23 zivoma imbaraga, aha rero niho nshyaka ko mbasangiza: M23 irwanira ukubaho kwabo iryo niryo hamwe ryabo ry’ibanze. Urebye ahanini uyu mutwe ugizwe n’abavuga ururimi rw’ikinyarwanda aribo bahonyorerwa uburenganzira bwabo bwo kubaho nk’abandi ba kongomani. Ni kenshi abavuga ururimi rw’ikinyarwanda muri RDC bagiye bahura n’akaga ko kwicwa, gufungwa, guhohoterwa, ibi ugasanga aba birinyuma ari Ingabo z’i gihugu ndetse na bategetsi bakomeye muri leta ya Kinshasa. Ibi rero biri mu byatumye M23 ifata imbunda ihita mo kw’irwanaho. Uwirwanaho nta tsindwa kuko arwana avuye inyuma, ntayandi mahitamo abasigaranye.”

“I kindi n’uko ingabo za Gen Sultan Makenga, zirwana zerekana ukuri, n’ubwo Isi, iba idashaka kumva ukuri, ariko na none ukuri ntigutsindwa guhorana intsinzi. Nikenshi M23 berekanye abishwe bazira ubwoko bwabo, mu bishwe hari abatwitswe abandi bafungiwe ahatazwi, guhohoterwa kubera amasura n’ururimi rubaranga.”

“Ahandi M23 irahura imbaraga ni mu baturage, k’uko bazi kwiyegereza abaturage kandi uduce bafashe bagaharanira gushakira abaturage umutekano no kubaha ubwisanzure, ibyo biri mubituma barushaho kumenya amayeri ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bakoresha ugasanga n’igihe ingabo za leta zije kubagabaho ibitero bo ba bimenya mbere yigihe bikaviramo ko ingabo za FARDC n’abambari babo baguye mu mitego.”

“Imbaraga za M23 kandi usanga ziva kukuba barahawe imyitozo ihagije ndetse amakuru duhabwa n’abari ku rugamba bemeza ko ahubwo bahora mu myitozo itarangira. Usibye n’imyitozo y’urugamba bahabwa n’amasomo yo guhorana moral.”

N’i ki gituma ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsindwa kandi ari benshi ndetse bava no mu bihugu byinshi, hari FARDC, FDLR, Wagner, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, ariko aba bose batsindwa n’Abahungu bake bo muri M23, biva ku ki?

“Icyambere bishobora kuba biva kuri komandema(commandemant) ninshi kandi zikomoka ahatandukanye; twafata nk’u rugero rwa Wazalendo na FDLR, kugandukira ubuyobozi bwa SADC, FARDC n’ingabo z’u Burundi, rimwe narimwe birabagora kandi buri ikipe y’umva ar’iyo yayobora komandema.”

“Ubundi kandi FARDC nyiri rugamba yamaze gucika intege bityo n’abaje kubashigikira ugasanga bacyitse intege mu gihe bahuriranye n’urugamba rutoroshye rwa M23.”

“Ikigira Gatatu usanga kuba Ingabo za mahanga ziba zaraje gufasha igisirikare cya RDC zitazi terrain cyangwa akarere, mu gihe rero bahanganye n’abana bavuka muri ka karere ugasanga birangiye abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa baratsinzwe.”

“Na soza mba bwira ko ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo uko zabwiwe atari byo basanze kuri terrain, ibyo nabyo bi babera imbogamizi, igihe cyose uzasugura umwanzi ukamufata uko wishakiye uzashiduka uwo wita umwanzi akubereye Boss.”

Bruce Bahanda.

Tags: Ivana imbaragaM23Umusesenguzi Zache Byinshi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo na FDLR, bishe umusaza uri mu kigero cy’imyaka 70, uzwi kw’izina rya Muyehe, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Wazalendo na FDLR, bishe umusaza uri mu kigero cy'imyaka 70, uzwi kw'izina rya Muyehe, azira ubwoko bwe Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?