Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2024
in Religion
0
Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi papa Francis yasabye abasenyeri bose gusengera intambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kugira ngo ihagarare.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni byo uyu mushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi papa Francis, yasabye ubwo yari mu isengesho ryo ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 25/02/2024, ubwo yari i Roma, mu Bataliyani, nk’uko ya bishize no k’urubuga rwe rwa X, rwa hoze rwitwa Twitter.

Uy’u mushumba uvuga rikijana ku migabane yose ituye munsi y’ijuru, ya navuze ko hogomba gushakwa uburyo bwose kugira ngo habeho ibiganiro hagati y’impande zihanganye mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Mfite impungenge ku ntambara ikomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Kuri ubwo ndasaba ko abasenyeri basengera amahoro bizeye ko iyo ntambara irangira, kandi harebwe uburyo bufasha ko abahanganye baganira, ibyo bizamara amakimbirane yizo ntambara.”

Intambara ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo imaze imyaka irenga ibiri izo mpande zombi zirwanira muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo. Ibice byinshi byo muri ibyo bice bimaze kwigarurirwa na M23.

I Cyumweru gishize bivugwa ko uwo mutwe wa M23 ko umaze kuzenguruka u Mujyi wa Goma, ni mu gihe imihanda yose ihuza u Mujyi wa Goma na za teritware kuri ubu bigenzurwa n’uwo mutwe wa M23.

Ni imirwano bi navugwa ko ikomeje gusatira igana mu Mujyi wa Goma. N’ubwo biruko ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje gushimangira ko butazaganira n’umutwe wa M23.

Mu gihe M23 yo ihora isaba ko Kinshasa ya kwe mera bagakorana ibiganiro mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ki mwe ho M23 iheruka gutangaza ko mu gihe leta yahisemo inzira y’intambara ko n’abo batagishize ibiganiro imbere banavuga ko “vuba bagiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

            MCN
Tags: Mu Burasirazuba bwa RDCPapa FrancisYagize icyavuga ku ntambara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?