Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2024
in Religion
0
Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi, papa Francis, yagize icyavuga ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi papa Francis yasabye abasenyeri bose gusengera intambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo kugira ngo ihagarare.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni byo uyu mushumba mukuru w’idini Katolika ku Isi papa Francis, yasabye ubwo yari mu isengesho ryo ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 25/02/2024, ubwo yari i Roma, mu Bataliyani, nk’uko ya bishize no k’urubuga rwe rwa X, rwa hoze rwitwa Twitter.

Uy’u mushumba uvuga rikijana ku migabane yose ituye munsi y’ijuru, ya navuze ko hogomba gushakwa uburyo bwose kugira ngo habeho ibiganiro hagati y’impande zihanganye mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Mfite impungenge ku ntambara ikomeje kwiyongera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Kuri ubwo ndasaba ko abasenyeri basengera amahoro bizeye ko iyo ntambara irangira, kandi harebwe uburyo bufasha ko abahanganye baganira, ibyo bizamara amakimbirane yizo ntambara.”

Intambara ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo imaze imyaka irenga ibiri izo mpande zombi zirwanira muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo. Ibice byinshi byo muri ibyo bice bimaze kwigarurirwa na M23.

I Cyumweru gishize bivugwa ko uwo mutwe wa M23 ko umaze kuzenguruka u Mujyi wa Goma, ni mu gihe imihanda yose ihuza u Mujyi wa Goma na za teritware kuri ubu bigenzurwa n’uwo mutwe wa M23.

Ni imirwano bi navugwa ko ikomeje gusatira igana mu Mujyi wa Goma. N’ubwo biruko ubutegetsi bwa Kinshasa bukomeje gushimangira ko butazaganira n’umutwe wa M23.

Mu gihe M23 yo ihora isaba ko Kinshasa ya kwe mera bagakorana ibiganiro mu rwego rwo kugira ngo amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Ki mwe ho M23 iheruka gutangaza ko mu gihe leta yahisemo inzira y’intambara ko n’abo batagishize ibiganiro imbere banavuga ko “vuba bagiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.”

            MCN
Tags: Mu Burasirazuba bwa RDCPapa FrancisYagize icyavuga ku ntambara
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?