• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2024
in Regional Politics
0
Ibya FDLR na Fardc, byashizwe ku karubanda, mu gihe kandi M23 yongeye gufata Imbunda ziremereye ku rugamba.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 barashinja ingabo z’umuryango w’Abibumbye gukorana na Fardc ikorana na FDLR, igakoresha n’abana mu gisirikare.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni byo umuvuguzi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yavuze akoresheje urubuga rwa X, kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024.

Lawrence Kanyuka, yagaragaje ko kuri uyu wa Mbere, bahawe amakuru yizewe, ndetse yerekana n’inzandiko zivuga ko habaye i Nama yahuje FDLR n’ubuyobozi bw’igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Iyo Nama ya huje FDLR na Fardc ngo ikaba ya bereye kuri Hotel Smath, iherereye i Kanombe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yavuze kandi ko k’uruhande rw’u buyobozi bw’Ingabo za RDC ko ibyo biganiro byitabiriwe na General Mayanga, mu gihe FDLR yo abitabiriye ibyo biganiro kwari abo kwa Shariyo.

Kanyuka yakomeje avuga ko inkomeri za FDLR zivurirwa hamwe n’iza basirikare ba Fardc, ko kandi abenshi bahorejwe kuvurirwa mu bitaro bya Centre de Sante ya Numbi, yo muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Kuri ibyo umuvuguzi wa M23 akaba yahamagariye imiryango mpuzamahanga ku dacyeceka mugihe abaturage bo mu bwoko bumwe mu Burasirazuba bwa RDC, buri gukomeza kwicwa na FARDC, FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.

Uy’u muvugizi wa M23 akaba yasoje avuga ko mu ntambara yabaye kuri uyu wa Mbere, ingabo z’u mutwe abereye umuvuguzi ko zarwanye ku baturage baturiye agace ka Mpati, mu buryo bwa kinyamwuga, ndetse ngo baza no kongera kwa mbura imbunda ninshi ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.

Yagize ati: “Kuri uyu wa Mbere, M23 yarwanye ku baturage baturiye Mpati, kandi twa barwanyeho kinyamwuga, ndetse ihuriro ry’ingabo za RDC bataye ibikoresho by’agisirikare byinshi ku rugamba.”

Ni mugihe kandi mu mirwano yabaye kuri uyu wo ku Cyumweru, M23 yari yafashe ibindi bikoresho byinshi by’agisirikare, ibya mbuye FARDC, FDLR, Wagner ingabo z’u Burundi Wazalendo na SADC.

             MCN.
Tags: Byashizwe ku karubandaIbya FDLR na FARDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.

Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy'u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?