• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umusirikare mukuru wari mu babangamiye Abanyamulenge, yarapfuye.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Uncategorized
0
FARDC yongeye kubabaza Abanyamulenge mu Minembwe nyuma y’uko ibiciye undi muntu.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusirikare mukuru wari mu babangamiye Abanyamulenge, yarapfuye.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Colonel Jean Pierre Lwamba, umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba ari we wari uyoboye brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru mu Minembwe ahatuwe n’Abanyamulenge babarirwa mu bihumbi amagana, yarapfuye.

Ku Cyumweru tariki ya 26/01/2025, ni bwo Col. Lwamba yavuyemo umwuka w’abazima aho yishwe n’indwara y’umutima, nk’uko amakuru abivuga.

Ahagana mu ntangiriro z’uku kwezi turimo ni bwo Lwamba yavanywe mu Minembwe, amanukanwa Uvira kugira ngo avurwe.

Hari amakuru yo ku ruhande Minembwe.com ikesha abasirikare bo muri brigade ya 21, batashatse ko amazina yabo aja hanze, bavuga ko uyu musirikare yahawe isumu kandi ko ari yo imuhitanye.

Nanone kandi byavuzwe ko uyu musirikare yari arwaye umutima, ndetse ko yageze Uvira abanza gusa n’uworohewe, aho yarimo avurirwa mu bitaro bikuru bya Uvira muri Kivu y’Amajy’epfo.

Uyu musirikare wari ukuriye brigade ya 21, ni we musirikare wabaye mubi cyane muri aka karere ka Minembwe, nyuma yundi nawe wishe cyane Abanyamulenge witwa Col.Katembo akaba nawe yarayoboye mu Minembwe hagati mu myaka ya 2017 na 2019.

Col. Lwamba, abasirikare yari ayoboye bo muri iyi brigade ya 21 ikiri mu Minembwe, bagiye bagaba ibitero mu bihe bitandukanye, kandi bakabigaba mu mihana ituwe gusa n’Abanyamulenge.

Ibitero bagabye mu Banyamulenge byasize bihitanye abatari bake. Babigabye tariki ya 26,27 na 28 z’u kwezi kwa Cumi nabiri umwaka ushize wa 2024.

Ni ibitero byagabye mu muhana w’i Lundu, Lwiko, ku Runundu no mu Kalingi.

Ikindi Minembwe.com yamenye n’uko Col.Lwamba yarangije igihe c’isaha ya saa saba z’ijoro ryo ku Cyumweru.

Akaba yararangije mu gihe yari yamaze kubona impapuro zimwemerera kuja kwivuriza i Bukavu ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: Col.Lwambayapfuye
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post
Depite Rukema yagaragaje ko ashigikiye Wazalendo bica benewabo.

Depite Rukema yagaragaje ko ashigikiye Wazalendo bica benewabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?