• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Depite Rukema yagaragaje ko ashigikiye Wazalendo bica benewabo.

minebwenews by minebwenews
January 29, 2025
in Regional Politics
0
Depite Rukema yagaragaje ko ashigikiye Wazalendo bica benewabo.
129
SHARES
3.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Depite Rukema yagaragaje ko ashigikiye Wazalendo bica benewabo.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Umudepite ku rwego rw’igihugu, muri Republika ya demokorasi ya Congo, Levis Rukema, yagaragaje ko ashigikiye ingabo z’iki gihugu na Wazalendo, abo benewabo bashinja ku bica no gusahura ibyabo mu Burasirazuba bwa RDC.

Ku wa gatanu wa kiriya cyumweru gishize ni bwo Levis Rukema yakiriwe i b’Uvira muri Kivu y’Epfo, akaba yarahageze avuye i Kinshasa ku murwa mu kuru w’iki gihugu cya Congo.

Nyuma yaje kugirana ikiganiro n’abaturage baturiye aka gace, aho yanabasabye ko bagomba gukunda Leta yabo no gushyigikira ingabo zabo(FARDC), ndetse abakurira inzira ku murima ko utazashigikira Wazalendo na FARDC azahigwa kugeza yishwe.

Yagize ati: “FARDC iriho, izahoraho, muyishyigikire. Kandi n’imitwe yitwaje intwaro ikorana na Leta, nayo iriho izahoraho. Kandi bose ni Abazalendo.”

Yunze muriri, maze agira ati: “Udahaguruka kurwanya umutwe wa M23, uwo ni umwanzi w’iki gihugu. Tuzamurwanya.”

Levis Rukema, akomoka mu misozi miremire y’i Mulenge muri Kivu y’Epfo, ni umudepite watorewe muri teritware ya Uvira; yakanguriye Abanya-b’Uvira gukunda Wazalendo mu gihe bashinjwa kwica abasivile, kandi ahanini bica benewabo Abanyamulenge.

Mu byegeranyo byagiye bishyigwa hanze mu myaka itatu ishize, bigaragaza ko Maï-Maï ari yo yahindutse Wazalendo, kuva mu mwaka w’ 2017 kugeza 2019, yishe Abanyamulenge bagera ku bihumbi bibiri, mu gihe inka zabo zo imaze kunyaga zibarirwa mu bihumbi amagana.

Ibyo byegeranyo kandi bivuga ko imihana y’aba Banyamulenge imaze gusenywa n’ibitero bya Wazalendo, ibarirwa mu magana. Harimo iherereye mu karere ka Rurambo, i Ndondo ya Bijombo, i Cyohagati, Minembwe, Mibunda na Bibogobogo.

Rukema, ubwo yatangaga iki kiganiro, umutwe wa M23 yavugaga ko bagomba ku wurwanya, warimo urwanira mu nkengero z’u mujyi wa Goma.

Uyu mutwe ku wa mbere w’iki cyumweru turimo, ni bwo waje kwigarurira umujyi wa Goma n’inkengero zayo, nk’uko itangazo ry’ubuyobozi bw’uyu mutwe ribivuga iryo washyize hanze muri icyo gitondo.

Hagataho, uyu mutwe ukomeje imirwano aho urimo kwerekeza muri Kivu y’Amajy’epfo ibarizwamo na teritwari ya Uvira aho Rukema aherereye kuri uyu munsi.

Share52Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Abacanshuro benshi bafashaga FARDC ku rwanya M23 bahungiye mu Rwanda.

Abacanshuro benshi bafashaga FARDC ku rwanya M23 bahungiye mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?