• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umutekano wa Minembwe, ngowaba uri kuzamo agatotsi bivanye nimyanzuro y’Ingabo za FARDC ziyobowe na General Andre Ohenzo.

minebwenews by minebwenews
June 27, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano muri Minembwe ngo waba wamaze kuzamo agatotsi nyuma yuko General Andre Ohenzo, ategetse ko ingabo ze zigiye kuza zikorera Patruille mubice byo Mumalango.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 27/06/2023, saa 7:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nyuma yaho Colonel Ekembe agereye muri Minembwe ava Uvira aho yaramaze igihe kingana nukwezi kurenga, bivugwa ko umutekano wa Minembwe, usa nuwajemo agatotsi. Nimugihe kuruyu Wambere, Gen Andre Ohenzo yahamagariye ingabo ze kuja zija gukora Patruille mubice byo Mumalango, ahabarizwa abaturage b’Irwanaho. Kuruyu wambere byari biteganijwe ko Gen Andre Ohenzo, azaja gusura abaturage ba Kabingo aho byari biteganijwe ko azajana naba Notable bagize akarere ka Minembwe.

Urugenzi rwo gusura abaturage ba Kabingo, rwasubitswe muburyo burimo amakemwa dore ko mukwezi Kwa Gatanu uyumwaka wa 2023, Gen Andre Ohenzo, yabwiye Abanya-Minembwe, ko agiye kuzaza sura imihana itandukanye igize akarere ka Minembwe. Ibi yabivuze ubwo yasuraga itorero rya Methodist Libre rya Kiziba. Aho yanahise asezeranya Abanya-Gahwela ko vuba azabasura. Agace ka Gahwela, nagace kakunze kwibasigwa nibitero bya Mai Mai Bishambuke.

Kumunsi w’ejo hashize, tariki 26/06/2023, Gen Andre Ohenzo, akaba yarateguje ingabo ze kwitegura kuza zija gukora Patruille mubice byo Mumalango ho mumajy’Epfo ya Komine Minembwe. Ibice byo Mumalango, nibice birimo abaturage b’Irwanaho bomwitsinda rya Twirwaneho.

Iz’ingabo za FARDC zo muri 12ème brigade iyobowe na General Andre Ohenzo, ziheruka gukora intambara yeruye zihangana nabaturage b’Irwanaho tariki 29/12/2022. Nintambara yasize Twirwaneho ifungiye Fardc kurenga mubice byo Mumalango.

Kuba rero Gen Andre Ohenzo, ategetse ko ingabo ze zigera mu Malango ngobyaba aragasomborotso kubagize itsinda rya Twirwaneho.

Itsinda rya Twirwaneho, riyoboye guhera Kabingo, ugakomeza ibice byose bya Malango nkuko tubikesha abaturage ba Minembwe.

Tags: General Andre OhenzoMinembwemu MalangoTwirwanehoUmutekano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Mugihigu cya Angola, harateranira inama ihuza imiryango ine(4), ikaba iza kwiga kukibazo c'Umutekano muke muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?