Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano w’u Mujyi wa Goma, warushijweho gukazwa ngo utaja mu maboko ya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 20, 2024
in Regional Politics
0
Umutekano w’u Mujyi wa Goma, warushijweho gukazwa ngo utaja mu maboko ya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru wakajijwe, nyuma y’uko ufungiwe amayira yose ayihuza na za teritware za Masisi, Nyiragongo na Rutsuru.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ingabo z’u muryango w’iterambere w’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo, SADC na Monusco boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu buryo bwo kuhashakira umutekano no gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa ku rwanya umutwe wa M23, barushijeho gushiraho ubundi burinzi bukaze ubwo bavuga ko buzarushaho gukingira u Mujyi wa Goma, ntuje mu maboko ya M23.

Biri mu byatangajwe n’umuvugizi w’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, Lt Col. Kadegni Menshi, avuga ko ihungabana ry’u mutekano ku muhanda wa 2 muri Kivu y’Amajyaruguru rya tumye Monusco nayo ikaza ibirindiro byayo by’imbere.

Ati: “Twarushijeho gukaza umutekano, nta bwo M23 izafata u Mujyi wa Goma.”

Hagaragajwe n’amashusho yafashwe tariki ya 18/02/2024 yerekana a basirikare ba SADC na Monusco barimo gucukura indake mu marembo y’u Mujyi wa Goma.

Ubwo uyu muvugizi w’ingabo z’u muryango w’Abibumbye yaganiraga na Radio okapi yanasabye ko abantu bakwiye kwirinda ibihuha bi bashinja gukorana na M23.

Ati: “Twumva hari abakwirakwiza ibihuha, bavuga ko Monusco ikorana na M23, oya sibyo! Turi aha kuhashakira umutekano, none twakorana gute na bahungabanya umutekano!”

Mu Cyumweru gishize imirwano yari kaze hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’abafatanya bikorwa babo aribo FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.

Ni imirwano bya vuzwe ko yashize u Mujyi wa Goma mu kangaratete, ni mugihe uyu Mujyi watandukanijwe n’ibice birimo i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ndetse n’ibice birimo Sake n’ahandi.

              MCN.
Tags: U mutekano w'u Mujyi wa GomaWarushijweho gukazwa ngo utaja mu maboko ya M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?