• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutekano w’u Mujyi wa Goma, warushijweho gukazwa ngo utaja mu maboko ya M23.

minebwenews by minebwenews
February 20, 2024
in Regional Politics
0
Umutekano w’u Mujyi wa Goma, warushijweho gukazwa ngo utaja mu maboko ya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano wa Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru wakajijwe, nyuma y’uko ufungiwe amayira yose ayihuza na za teritware za Masisi, Nyiragongo na Rutsuru.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni ingabo z’u muryango w’iterambere w’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo, SADC na Monusco boherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu buryo bwo kuhashakira umutekano no gufasha igisirikare cya leta ya Kinshasa ku rwanya umutwe wa M23, barushijeho gushiraho ubundi burinzi bukaze ubwo bavuga ko buzarushaho gukingira u Mujyi wa Goma, ntuje mu maboko ya M23.

Biri mu byatangajwe n’umuvugizi w’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, Lt Col. Kadegni Menshi, avuga ko ihungabana ry’u mutekano ku muhanda wa 2 muri Kivu y’Amajyaruguru rya tumye Monusco nayo ikaza ibirindiro byayo by’imbere.

Ati: “Twarushijeho gukaza umutekano, nta bwo M23 izafata u Mujyi wa Goma.”

Hagaragajwe n’amashusho yafashwe tariki ya 18/02/2024 yerekana a basirikare ba SADC na Monusco barimo gucukura indake mu marembo y’u Mujyi wa Goma.

Ubwo uyu muvugizi w’ingabo z’u muryango w’Abibumbye yaganiraga na Radio okapi yanasabye ko abantu bakwiye kwirinda ibihuha bi bashinja gukorana na M23.

Ati: “Twumva hari abakwirakwiza ibihuha, bavuga ko Monusco ikorana na M23, oya sibyo! Turi aha kuhashakira umutekano, none twakorana gute na bahungabanya umutekano!”

Mu Cyumweru gishize imirwano yari kaze hagati ya M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’abafatanya bikorwa babo aribo FDLR, abacancuro, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC.

Ni imirwano bya vuzwe ko yashize u Mujyi wa Goma mu kangaratete, ni mugihe uyu Mujyi watandukanijwe n’ibice birimo i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ndetse n’ibice birimo Sake n’ahandi.

              MCN.
Tags: U mutekano w'u Mujyi wa GomaWarushijweho gukazwa ngo utaja mu maboko ya M23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ikiri bukurikireho nyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa bongeye kugaba ibitero.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?