• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.

minebwenews by minebwenews
October 1, 2024
in World News
0
Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Hezbollah watangaje ko witeguye intambara yeruye na Israel.

You might also like

Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Byatangajwe n’umuyobozi w’ungirije w’umutwe wa Hezbollah, Sheikh Naim Qassem, yavuze ko nubwo uyu mutwe watakaje abayobozi benshi barimo Hassan Nasrallah, wari umuyobozi mukuru w’uyu mutwe, ariko Hezbollah yiteguye guhangana na Israel mu ntambara yeruye kandi ko abarwayi b’uyu mutwe biteguye ku byitwaramo neza.

Mu bisobanuro uyu muyobozi w’ungirije w’umutwe wa Hezbollah yatanze yagaragaje ko “nta cyuho cyabayobozi b’uyu mutwe bafite kandi ko umuyobozi mukuru uzasimbura Nasrallah azajyaho mu minsi iri mbere, bityo ibikorwa by’uyumutwe bigakomeza ari nta nkomyi.

Yavuze kandi ko mu gihe Israel yakohereza abasirikare mu majyepfo ya Libani bagamije kurimbura uyu mutwe, abarwanyi bawo biteguye neza kurwana.

Amakuru avuga ko Hezbollah ifite abarwanyi barenga ibihumbi 150, ifite kandi n’imbunda zirimo ibisasu bikomeye na za misile birenga ibihumbi 100. Sheikh Naim Qassem yavuze ko ibyabaye byabasigiye amasomo akomeye, ariko ashimangira ko bitabaciye intege.

Gusa, abayobozi b’igihugu cya Iran ntibavuga rumwe kuko uruhande rumwe rushyigikiye ko iki gihugu cyahita kigaba ibitero vuba kuri Israel mu rwego rwo guhorera abayobozi b’u mutwe ushyigikiwe n’iki gihugu wa Hezbollah bishwe barashwe n’igisirikare cya Israel, mu gihe urundi ruhande rwo ruvuga ko ibyo ko bigomba gukorwa mu gihe babanjye kubyitondera.

Umutwe wa Hezbollah mu myaka umaze irenga 40, nta bundi urahura n’ibitero simusiga byahitanye abayobozi bayo barimo n’abakomeye, ari naho benshi bahera ko bavuga ko wacitse intege nubwo byahakanwe n’umuyobozi w’ungirije w’uyu mutwe, Sheikh Naim Qassem.

Tubibutsa ko ibitero Israel yagabye kuri uyu mutwe wa Hezbollah bigahitana umuyobozi mukuru wayo n’abandi benshi, byakozwe ku wa Gatanu w’iki Cyumweru dusoje.

          MCN.
Tags: HezbollahIntambaraIsraelYatangajeYeruye
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika

Iran Yakomeje Gukaza Umurego mu Ntambara Ihanganyemo na Israel na Amerika Mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba mu Burasirazuba bwo Hagati, Ingabo zidasanzwe za Iran zizwi nka Islamic...

Read moreDetails

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati

Umwe mu Bayobozi Bakuru ba Iran Yandikiye Papa Leo XIV Amusaba Ubufasha mu Guhagarika Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe amakimbirane ya gisirikare hagati ya Iran, Israel,...

Read moreDetails

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

by Bahanda Bruce
March 13, 2026
0
Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye

Mojtaba Khamenei wa Iran Yaburiye Amerika na Israel ko Bazabazwa Intambara Barimo Kugaba ku Gihugu Cye Umuyobozi w’Ikirenga mushya wa Iran, Mojtaba Khamenei, yatangaje ko igihugu cye kizishyuza...

Read moreDetails

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena

Perezida Trump Yatangaje ko Intambara iri muri Iran Ishobora Kurangira Vuba, Tehran Ishimangira ko Igihe Izarangirira Atari we Ukigena Mu gihe amakimbirane akomeye akomeje kuzahaza akarere k’Uburasirazuba bwo...

Read moreDetails

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku bitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Ibyo wa menya ku bitero Iran yaraye igabye kuri Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?