• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, August 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bararebana ayingwe mubice bya Kanyabuki, hagati aho buri r’Uhande rushinja urwabo kuba nyiribayazana w’imirwano.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 3, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo (FARDC), aho bafashwa n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wagner na Wazalendo yagejeje igihe ca Saa Kenda z’urukerera rwokuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023.

You might also like

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Amakuru dukesha isoko yacu avuga ko kuri ubu iyo mirwano isa n’ihagaze gusa bakaba bari kurebana ayingwe hagati y’impande zihanganye. Ingabo za leta ya Kinshasa n’abambari babo bahagariye mugace ka Kanyabuki.

Ay’amakuru akomeza avugako ko ingabo za M23 zambuye ibikoresho by’agisirikare byinshi by’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) byari biherereye aha k’umusozi wa Kanyabuki, agasozi kari mubilometre bike nahitwa kuri trois entenne ahari ibirindiro by’ingabo zo mu muryango wa EACRF.

K’urundi r’Uhande byemejwe ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kwarizo zarashe ib’i bomba byarangiye bihitanye umusirikare mungabo za EACRF ukomoka mugihugu ca Republika ya Kenya.

Hagati y’impande zihanganye k’uruhande rwa Kinshasa na M23 bakomeje kwitana ba mwana kurinyiribayazana w’intambara muri Kibumba n’ahandi.

Ahagana isaha z’igitondo kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023, nibwo ingabo za FARDC n’abambari babo bagabye igitero mubice bya Kibumba nk’uko iy’inkuru yavuzwe bwambere n’abaturage baturiye ibyo bice ubwo baganiriye na Minembwe Capital News,

Bagize bati: “Kuri ubu hari Urugamba rukaze leta ya yagabye igitero gikomeye ahari ingabo za M23 muri Kibumba ibindi Bisasu byarimo bigwa ahari abaturage.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Bararebana ayingwe hagati ya M23 n'ingabo za RDC mu bice bya Kanyabuki
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

by Bruce Bahanda
August 23, 2025
0
U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC.

U Rwanda rwamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo gukora ubwicanyi muri RDC. Leta y'u Rwanda yamaganye ibirego bishinja igisirikare cya rwo byasohowe n'umuryango w'Abibumbye ushinzwe uburenganzira bwa muntu,...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye na M23 i Doha.

by Bruce Bahanda
August 20, 2025
0
Perezida Tshisekedi yahishyuriye u Bubiligi ibyo atashimye ku biganiro bihuza Leta ye  na M23  i Doha.

Perezida Tshisekedi yabwiye u Bubiligi ko atashimye umushinga w'amasezerano y'amahoro y'i Doha. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yabwiye minisitiri w'intebe w'u Bubiligi, Maxime Prevot,...

Read moreDetails

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

by Bruce Bahanda
August 19, 2025
0
Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma.

Kenya yatanze ibisobanuro impamvu yashyizeho uyihagararira i Goma. Minisitiri w'ubanye n'amahanga wa Kenya yatanze ibisobanuro ku muntu wayo yashyizeho uyihagararira i Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w’amasezerano y’amahoro.

RDC na AFC/M23 byashyikirijwe umushinga w'amasezerano y'amahoro. Guverinoma ya Qatar yashyikirije iya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 umushinga w'amasezerano y'amahoro kugira ngo...

Read moreDetails

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
August 18, 2025
0
Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23.

Gen Muhoozi yagaragaje uruhande ashyigikiye hagati ya RDC na AFC/M23. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda akaba n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, Yoweli Kaguta Museveni, General Kainarugaba Muhoozi yerekanye...

Read moreDetails
Next Post

Abanyamulenge, muri leta ya Kinshasa, bakomeje guhohoterwa nimugihe kandi Colonel Olivier Gasita, yafunzwe azira ubwoko bwe.

Comments 1

  1. Chris says:
    2 years ago

    M23 courage,mukomere kumuheto muharanire uburenganzira bwa batutusi bugarijwe,bashaka kurimbura Imana izabafasha

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?