• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, February 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bararebana ayingwe mubice bya Kanyabuki, hagati aho buri r’Uhande rushinja urwabo kuba nyiribayazana w’imirwano.

minebwenews by minebwenews
December 3, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo (FARDC), aho bafashwa n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wagner na Wazalendo yagejeje igihe ca Saa Kenda z’urukerera rwokuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023.

You might also like

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

Amakuru dukesha isoko yacu avuga ko kuri ubu iyo mirwano isa n’ihagaze gusa bakaba bari kurebana ayingwe hagati y’impande zihanganye. Ingabo za leta ya Kinshasa n’abambari babo bahagariye mugace ka Kanyabuki.

Ay’amakuru akomeza avugako ko ingabo za M23 zambuye ibikoresho by’agisirikare byinshi by’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) byari biherereye aha k’umusozi wa Kanyabuki, agasozi kari mubilometre bike nahitwa kuri trois entenne ahari ibirindiro by’ingabo zo mu muryango wa EACRF.

K’urundi r’Uhande byemejwe ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kwarizo zarashe ib’i bomba byarangiye bihitanye umusirikare mungabo za EACRF ukomoka mugihugu ca Republika ya Kenya.

Hagati y’impande zihanganye k’uruhande rwa Kinshasa na M23 bakomeje kwitana ba mwana kurinyiribayazana w’intambara muri Kibumba n’ahandi.

Ahagana isaha z’igitondo kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023, nibwo ingabo za FARDC n’abambari babo bagabye igitero mubice bya Kibumba nk’uko iy’inkuru yavuzwe bwambere n’abaturage baturiye ibyo bice ubwo baganiriye na Minembwe Capital News,

Bagize bati: “Kuri ubu hari Urugamba rukaze leta ya yagabye igitero gikomeye ahari ingabo za M23 muri Kibumba ibindi Bisasu byarimo bigwa ahari abaturage.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Bararebana ayingwe hagati ya M23 n'ingabo za RDC mu bice bya Kanyabuki
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika

Intwari Zitatu za Afurika: Amakuru y’Imbitse ya Minembwe Capital News ku Mateka ya Perezida Sankara, Gen. Rwigema na Gen. Makanika Mu mateka y’umugabane wa Afurika hagaragaye abantu bagize...

Read moreDetails

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare

Amerika na RDC mu Cyiciro Gishya cy’Imikoranire ya Gisirikare Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe kwakira no kugirana ibiganiro na Gen. Dagvin...

Read moreDetails

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano

MONUSCO Yakiriye Intumwa za MCVE+ i Goma mu Rwego rwo Gukurikirana Ihagarikwa ry’Imirwano Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 25/02/2026, mu mujyi wa Goma, Intumwa z’Umuryango w’Abibumbye zishinzwe...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Kuvuga ku Ntambara Ibera muri RDC

by Bahanda Bruce
February 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Kuvuga ku Ntambara Ibera muri RDC

Perezida Trump Yongeye Kuvuga ku Ntambara Ibera muri RDC Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gushyira intambara yo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi...

Read moreDetails

Iby’Ingabo n’Indege z’Intambara za Angola Zoherejwe Byeruye mu Ntambara yo muri RDC n’Ibice Zoherejwemo

by Bahanda Bruce
February 24, 2026
0
Iby’Ingabo n’Indege z’Intambara za Angola Zoherejwe Byeruye mu Ntambara yo muri RDC n’Ibice Zoherejwemo

Iby’Ingabo n’Indege z’Intambara za Angola Zoherejwe Byeruye mu Ntambara yo muri RDC n’Ibice Zoherejwemo Igihugu cya Angola cyinjiye ku mugaragaro mu ntambara ibera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails
Next Post

Abanyamulenge, muri leta ya Kinshasa, bakomeje guhohoterwa nimugihe kandi Colonel Olivier Gasita, yafunzwe azira ubwoko bwe.

Comments 1

  1. Chris says:
    2 years ago

    M23 courage,mukomere kumuheto muharanire uburenganzira bwa batutusi bugarijwe,bashaka kurimbura Imana izabafasha

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?