• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bararebana ayingwe mubice bya Kanyabuki, hagati aho buri r’Uhande rushinja urwabo kuba nyiribayazana w’imirwano.

minebwenews by minebwenews
December 3, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo (FARDC), aho bafashwa n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wagner na Wazalendo yagejeje igihe ca Saa Kenda z’urukerera rwokuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Amakuru dukesha isoko yacu avuga ko kuri ubu iyo mirwano isa n’ihagaze gusa bakaba bari kurebana ayingwe hagati y’impande zihanganye. Ingabo za leta ya Kinshasa n’abambari babo bahagariye mugace ka Kanyabuki.

Ay’amakuru akomeza avugako ko ingabo za M23 zambuye ibikoresho by’agisirikare byinshi by’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) byari biherereye aha k’umusozi wa Kanyabuki, agasozi kari mubilometre bike nahitwa kuri trois entenne ahari ibirindiro by’ingabo zo mu muryango wa EACRF.

K’urundi r’Uhande byemejwe ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kwarizo zarashe ib’i bomba byarangiye bihitanye umusirikare mungabo za EACRF ukomoka mugihugu ca Republika ya Kenya.

Hagati y’impande zihanganye k’uruhande rwa Kinshasa na M23 bakomeje kwitana ba mwana kurinyiribayazana w’intambara muri Kibumba n’ahandi.

Ahagana isaha z’igitondo kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023, nibwo ingabo za FARDC n’abambari babo bagabye igitero mubice bya Kibumba nk’uko iy’inkuru yavuzwe bwambere n’abaturage baturiye ibyo bice ubwo baganiriye na Minembwe Capital News,

Bagize bati: “Kuri ubu hari Urugamba rukaze leta ya yagabye igitero gikomeye ahari ingabo za M23 muri Kibumba ibindi Bisasu byarimo bigwa ahari abaturage.”

By Bruce Bahanda.

Tags: Bararebana ayingwe hagati ya M23 n'ingabo za RDC mu bice bya Kanyabuki
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Abanyamulenge, muri leta ya Kinshasa, bakomeje guhohoterwa nimugihe kandi Colonel Olivier Gasita, yafunzwe azira ubwoko bwe.

Comments 1

  1. Chris says:
    2 years ago

    M23 courage,mukomere kumuheto muharanire uburenganzira bwa batutusi bugarijwe,bashaka kurimbura Imana izabafasha

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?