Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 26, 2024
in Regional Politics
1
Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara wemeje ko ariwo wakoze igitero mu Ntara ya Bubanza cya hitanya abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri batandatu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni ahagana isaha za saa sita zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, u mutwe wa Red Tabara wemeje ko ariwo wagabye igitero mu ijoro ryakeye ukigabye ku iposiyo y’ingabo z’u Burundi irahitwa i Buringa, mu Majyaruguru y’igihugu cy’u Burundi.

Ibi Red Tabara ya byemeye ikoresheje urubuga rwabo rwa X.

Bagize bati: “Twakoze ibitero bibiri muri iri joro ryo ku Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024. Kimwe twa kigabye kuri posiyo ya basirikare ba leta y’u Burundi iri kuruzi rwa Mpanda, ikindi twa kigabye i Buringa, muri Komine Gihanga, mu Ntara ya Bubanza.”

Red Tabara ivuga ko kandi muri ibyo bitero ko byaguyemo abasirikare b’u Burundi bagera kuri 6, abandi benshi barakomereka.

Ba komeje bavuga ko nyuma y’uko ingabo z’u Burundi zari zimaze guhunga ko bahise basenya ibiro by’i Shyaka riri ku butegetsi biherereye muri ibyo bice.

Muri ibyo bitero bya Red Tabara bafashemo n’imbunda ninshi bazambuye igisirikare cy’u Burundi, nk’uko uyu mutwe wa Red Tabara wa komeje ubyigamba.

Red Tabara ikaba yasoje ivuga ko igiye gushira imbaraga mu kugaba ibitero ku ngabo za leta y’u Burundi ngo kugeza ivanyeho ubutegetsi bwa CNDD FDD, ngo cya ngwa iyo leta igasaba ko haba ibiganiro bibahuza.

Nyuma leta y’u Burundi nayo yasohoye itangazo yemeza ko ibyo bitero bya gabwe n’u mutwe wa Red Tabara, ivuga ko ibyo bitero bya guyemo abantu 9 barimo umusirikare umwe ngo wari uje gutabara abaturage.

Iryo tangazo rya leta y’u Burundi rikavuga kandi ko hakomeretse abantu batanu, ndetse ko hatwitswe n’imodoka zibiri, ni pikipiki ngo n’ingoro ya CNDD FDD yari i Buringa irasenywa.

Muri iryo tangazo kandi rya leta y’u Burundi ryongeye gushinja Guverinoma ya Kigali ko ariyo ishigikiye umutwe wa Red Tabara.

Ubwo kandi Red Tabara yari iheruka kugaba ibitero mu Burundi mu bice bya Gatumba bihana imbibi na Repubulika ya demokarasi ya Congo, icyo gihe u Burundi bwashinje u Rwanda guha ubufasha uy’u mutwe, ibyo u Rwanda rwateye utwatsi, ruvuga ko ntaho ruhuriye n’uwo mutwe, ko ndetse ko u Rwanda rudashobora gukorana n’imitwe y’itwaje imbunda iyari yo yose.

          MCN.
Tags: Mu BurundiRed tabaraYigambye gukora ibitero
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Des avocats internationaux préparent des plaintes concernants le génocide à l’Est de la RDC.

Des avocats internationaux préparent des plaintes concernants le génocide à l'Est de la RDC.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    1 year ago

    Ese baciyehe mwogacwamwe? Imiryango yabuze ababo yihangane. Ibihugu byibiyaga bigari baragaramiwe kbs.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?