• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2024
in Regional Politics
1
Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara wemeje ko ariwo wakoze igitero mu Ntara ya Bubanza cya hitanya abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri batandatu.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Ni ahagana isaha za saa sita zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, u mutwe wa Red Tabara wemeje ko ariwo wagabye igitero mu ijoro ryakeye ukigabye ku iposiyo y’ingabo z’u Burundi irahitwa i Buringa, mu Majyaruguru y’igihugu cy’u Burundi.

Ibi Red Tabara ya byemeye ikoresheje urubuga rwabo rwa X.

Bagize bati: “Twakoze ibitero bibiri muri iri joro ryo ku Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024. Kimwe twa kigabye kuri posiyo ya basirikare ba leta y’u Burundi iri kuruzi rwa Mpanda, ikindi twa kigabye i Buringa, muri Komine Gihanga, mu Ntara ya Bubanza.”

Red Tabara ivuga ko kandi muri ibyo bitero ko byaguyemo abasirikare b’u Burundi bagera kuri 6, abandi benshi barakomereka.

Ba komeje bavuga ko nyuma y’uko ingabo z’u Burundi zari zimaze guhunga ko bahise basenya ibiro by’i Shyaka riri ku butegetsi biherereye muri ibyo bice.

Muri ibyo bitero bya Red Tabara bafashemo n’imbunda ninshi bazambuye igisirikare cy’u Burundi, nk’uko uyu mutwe wa Red Tabara wa komeje ubyigamba.

Red Tabara ikaba yasoje ivuga ko igiye gushira imbaraga mu kugaba ibitero ku ngabo za leta y’u Burundi ngo kugeza ivanyeho ubutegetsi bwa CNDD FDD, ngo cya ngwa iyo leta igasaba ko haba ibiganiro bibahuza.

Nyuma leta y’u Burundi nayo yasohoye itangazo yemeza ko ibyo bitero bya gabwe n’u mutwe wa Red Tabara, ivuga ko ibyo bitero bya guyemo abantu 9 barimo umusirikare umwe ngo wari uje gutabara abaturage.

Iryo tangazo rya leta y’u Burundi rikavuga kandi ko hakomeretse abantu batanu, ndetse ko hatwitswe n’imodoka zibiri, ni pikipiki ngo n’ingoro ya CNDD FDD yari i Buringa irasenywa.

Muri iryo tangazo kandi rya leta y’u Burundi ryongeye gushinja Guverinoma ya Kigali ko ariyo ishigikiye umutwe wa Red Tabara.

Ubwo kandi Red Tabara yari iheruka kugaba ibitero mu Burundi mu bice bya Gatumba bihana imbibi na Repubulika ya demokarasi ya Congo, icyo gihe u Burundi bwashinje u Rwanda guha ubufasha uy’u mutwe, ibyo u Rwanda rwateye utwatsi, ruvuga ko ntaho ruhuriye n’uwo mutwe, ko ndetse ko u Rwanda rudashobora gukorana n’imitwe y’itwaje imbunda iyari yo yose.

          MCN.
Tags: Mu BurundiRed tabaraYigambye gukora ibitero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Des avocats internationaux préparent des plaintes concernants le génocide à l’Est de la RDC.

Des avocats internationaux préparent des plaintes concernants le génocide à l'Est de la RDC.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    2 years ago

    Ese baciyehe mwogacwamwe? Imiryango yabuze ababo yihangane. Ibihugu byibiyaga bigari baragaramiwe kbs.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?