• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.

minebwenews by minebwenews
February 26, 2024
in Regional Politics
1
Umutwe wa Red Tabara wi gambye gukora ibitero mu Gihugu cy’u Burundi, bigahitana abasirikare benshi ba leta.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutwe wa Red Tabara wemeje ko ariwo wakoze igitero mu Ntara ya Bubanza cya hitanya abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri batandatu.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni ahagana isaha za saa sita zo ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, u mutwe wa Red Tabara wemeje ko ariwo wagabye igitero mu ijoro ryakeye ukigabye ku iposiyo y’ingabo z’u Burundi irahitwa i Buringa, mu Majyaruguru y’igihugu cy’u Burundi.

Ibi Red Tabara ya byemeye ikoresheje urubuga rwabo rwa X.

Bagize bati: “Twakoze ibitero bibiri muri iri joro ryo ku Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024. Kimwe twa kigabye kuri posiyo ya basirikare ba leta y’u Burundi iri kuruzi rwa Mpanda, ikindi twa kigabye i Buringa, muri Komine Gihanga, mu Ntara ya Bubanza.”

Red Tabara ivuga ko kandi muri ibyo bitero ko byaguyemo abasirikare b’u Burundi bagera kuri 6, abandi benshi barakomereka.

Ba komeje bavuga ko nyuma y’uko ingabo z’u Burundi zari zimaze guhunga ko bahise basenya ibiro by’i Shyaka riri ku butegetsi biherereye muri ibyo bice.

Muri ibyo bitero bya Red Tabara bafashemo n’imbunda ninshi bazambuye igisirikare cy’u Burundi, nk’uko uyu mutwe wa Red Tabara wa komeje ubyigamba.

Red Tabara ikaba yasoje ivuga ko igiye gushira imbaraga mu kugaba ibitero ku ngabo za leta y’u Burundi ngo kugeza ivanyeho ubutegetsi bwa CNDD FDD, ngo cya ngwa iyo leta igasaba ko haba ibiganiro bibahuza.

Nyuma leta y’u Burundi nayo yasohoye itangazo yemeza ko ibyo bitero bya gabwe n’u mutwe wa Red Tabara, ivuga ko ibyo bitero bya guyemo abantu 9 barimo umusirikare umwe ngo wari uje gutabara abaturage.

Iryo tangazo rya leta y’u Burundi rikavuga kandi ko hakomeretse abantu batanu, ndetse ko hatwitswe n’imodoka zibiri, ni pikipiki ngo n’ingoro ya CNDD FDD yari i Buringa irasenywa.

Muri iryo tangazo kandi rya leta y’u Burundi ryongeye gushinja Guverinoma ya Kigali ko ariyo ishigikiye umutwe wa Red Tabara.

Ubwo kandi Red Tabara yari iheruka kugaba ibitero mu Burundi mu bice bya Gatumba bihana imbibi na Repubulika ya demokarasi ya Congo, icyo gihe u Burundi bwashinje u Rwanda guha ubufasha uy’u mutwe, ibyo u Rwanda rwateye utwatsi, ruvuga ko ntaho ruhuriye n’uwo mutwe, ko ndetse ko u Rwanda rudashobora gukorana n’imitwe y’itwaje imbunda iyari yo yose.

          MCN.
Tags: Mu BurundiRed tabaraYigambye gukora ibitero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Des avocats internationaux préparent des plaintes concernants le génocide à l’Est de la RDC.

Des avocats internationaux préparent des plaintes concernants le génocide à l'Est de la RDC.

Comments 1

  1. Mbarusha james says:
    2 years ago

    Ese baciyehe mwogacwamwe? Imiryango yabuze ababo yihangane. Ibihugu byibiyaga bigari baragaramiwe kbs.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?