• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa Guverinema ya Kinshasa, yagize icyavuga kuri Corneille Nangaa, akomeje k’umvikana avuga ko agiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

minebwenews by minebwenews
January 5, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, akaba na minisiteri w’itangaza makuru, Patrick Muyaya, yasubije Abanyamakuru ikibazo cya Corneille Nangaa, uheruka gutangaza ko agiye “gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.”

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ibi Patrick Muyaya, yabisubije nyuma y’uko k’umbuga nkoranya mbaga, hagiye herekanwa video, ya Corneille Nangaa, warimo atangaza ko yamaze kurema umutwe wa politike, uzwi kw’izina rya Alliance Fleuve Congo, mu magambo ahinye ni “AFC.”

Patrick Muyaya, yagize ati: “Ibyo ntagisubizo kirekire n’abitangaho, icyo nzi, nikimwe, n’uko leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, itazakomeza kwihanganira abantu ba meze nka ba Nanagaa, oya, rwose.”

Yakomeje agira ati: “Igisubizo cyabashaka k’urwanya leta kigiye kuboneka, yewe, ntanikindi, leta izabacecekesha.”

Nangaa, wigeze kuyobora Komisiyo y’igenga y’a matora, muri RDC, yakomeje k’umvikana avuga ko agiye kurangiza ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho akadomo kanyuma.

Nyuma y’uko Corneille Nangaa, y’u mvikanye mu gihugu ca Kenya, habaye umwuka mubi mu bategetsi ba Kinshasa, kuri Kenya, nimugihe barimo bi baza ku bategetsi ba Kenya, bari basanzwe ari nshuti, uburyo bemeye gucumbikira no guha umwanya abashaka guhungabanya umutekano wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibi bya tumye leta ya Kinshasa, ihamagaza ambasaderi wayo muri Kenya.

K’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 04/01/2024, Corneille Nangaa, yongeye k’umvikana asa n’uburira Ingabo za SADC, ziheruka koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC, k’urwanya M23 ababwirako kuza kwabo kutazabuza ko bashiraho iherezo ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuvugizi wa Guverinema ya KinshasaYagize icyo avuga kuri Corneille Nangaa uheruka gutangaza ko agiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Bya tahuweko, Adel Kibasumba, umuyobozi wa Mahoro Peace Association, ko yatangiye kw'irwanaho keraa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?