Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa Guverinema ya Kinshasa, yagize icyavuga kuri Corneille Nangaa, akomeje k’umvikana avuga ko agiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 5, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, akaba na minisiteri w’itangaza makuru, Patrick Muyaya, yasubije Abanyamakuru ikibazo cya Corneille Nangaa, uheruka gutangaza ko agiye “gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.”

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ibi Patrick Muyaya, yabisubije nyuma y’uko k’umbuga nkoranya mbaga, hagiye herekanwa video, ya Corneille Nangaa, warimo atangaza ko yamaze kurema umutwe wa politike, uzwi kw’izina rya Alliance Fleuve Congo, mu magambo ahinye ni “AFC.”

Patrick Muyaya, yagize ati: “Ibyo ntagisubizo kirekire n’abitangaho, icyo nzi, nikimwe, n’uko leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, itazakomeza kwihanganira abantu ba meze nka ba Nanagaa, oya, rwose.”

Yakomeje agira ati: “Igisubizo cyabashaka k’urwanya leta kigiye kuboneka, yewe, ntanikindi, leta izabacecekesha.”

Nangaa, wigeze kuyobora Komisiyo y’igenga y’a matora, muri RDC, yakomeje k’umvikana avuga ko agiye kurangiza ubutegetsi bwa Kinshasa no kubushiraho akadomo kanyuma.

Nyuma y’uko Corneille Nangaa, y’u mvikanye mu gihugu ca Kenya, habaye umwuka mubi mu bategetsi ba Kinshasa, kuri Kenya, nimugihe barimo bi baza ku bategetsi ba Kenya, bari basanzwe ari nshuti, uburyo bemeye gucumbikira no guha umwanya abashaka guhungabanya umutekano wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibi bya tumye leta ya Kinshasa, ihamagaza ambasaderi wayo muri Kenya.

K’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 04/01/2024, Corneille Nangaa, yongeye k’umvikana asa n’uburira Ingabo za SADC, ziheruka koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC, k’urwanya M23 ababwirako kuza kwabo kutazabuza ko bashiraho iherezo ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuvugizi wa Guverinema ya KinshasaYagize icyo avuga kuri Corneille Nangaa uheruka gutangaza ko agiye gushiraho iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Bya tahuweko, Adel Kibasumba, umuyobozi wa Mahoro Peace Association, ko yatangiye kw'irwanaho keraa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?