• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bya tahuweko, Adel Kibasumba, umuyobozi wa Mahoro Peace Association, ko yatangiye kw’irwanaho keraa.

minebwenews by minebwenews
January 5, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bya tahuwe ko, Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, ari Umunyamulengekazi, watangiye kw’irwanaho keraa.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Adel Kibasumba, yabonye izuba kuya 24/04/1989, yavukiye ahitwa Uvira, akaba ari Umunyamulenge, wo mu bwoko bw’Abatutsi, bo mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, batuye mu misozi miremire y’Imulenge, muri teritware ya Fizi, Mwenga na Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Nk’uko amateka y’Abanyamulenge, abivuga, n’uko Abanyamulenge, batangiye kurwana intambara ahagana mu mwaka w’1960 kugeza uy’umunsi(05/01/2024) bararwana, ahanini intambara barwana, n’intambara bashoweho n’imitwe y’itwaje imbunda irimo Maï Maï, FDLR n’indi mitwe igizwe n’Abatwa bo muri Moba, mu cyahoze cyitwa Katanga.

Kuba Abanyamulenge, barabaye, muntambara cyane, biri mu byatumye Abanyamulenge bamenya kw’irwanaho no kuramira abarengana. Ni muri ubwo buryo, rero Adel Kibasumba, yoba yarigiyemo kw’irwanaho.

Ahagana mu mwaka w’2004, Adel Kibasumba, yigaga ku kigo cy’Ishuri ry’Isumbuye( Institut), rya Madegu, mu Minembwe, bya vuzwe ko aha y’igaga muri “section ya Biochimie,” ariwe wenyine w’igitsinagore. Mu buhamya bwatanzwe n’umwe mu banyeshuri biganaga yavuze ko “Abahungu batinyaga Adel Kibasumba.”

Nk’uko iy’inkuru tuyikesha ikiganiro Adel, yanyujije kurukuta rwe rwa X, uriya watanze ubuhamya bw’uko Adel Kibasumba, yarazi kw’irwanaho yagize ati: “Njya n’ibuka kuri Madegu, ko wari umukobwa umwe muri Biochimie, kandi Abahungu baragutinyaga, war’umuhanga ukaba n’Ingare.”

Yakomeje agira ati: “Uzi ko iyo bakurakazaga watombokaga mu giswahili!”

Nyuma y’ubu buhamya, Adel Kibasumba, akoresheje urubuga rwe rwa X, yagize ati: “Kuri Institut Madegu aho, niho, nigiye kw’irwanaho nyako.”

Ishirahamwe rya “Mahoro Peace Association,” riyobowe na Adel Kibasumba, r’izwi, mu kuguboka Abanyamulenge, bagiye bakurwa mu byabo, kubera Intarambara za Maï Maï, FDLR n’Imitwe igizwe n’Insoresore z’Abarundi.

Adel Kibasumba, yatorewe kuyobora Mahoro Peace Association, kuya 05/01/2020. Akaba amaze kuyobora uy’umuryango Manda zibiri(2).

Adel Kibasumba, n’imwene Prudence Murinda, kuri ubu, batuye muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Bruce Bahanda.

Tags: Adel KibasumbaByatahuwe ko Umuyobozi wa Mahoro Peace AssociationKeraaYatangiye kw'irwanaho
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

I Bukavu, Abaturage b'igumuye ku Ngabo z'igihugu bafunga n'imihanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?