• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa leta ya RDC, yahaye igisubizo Abanyekongo bakomeje kwishuza Tshisekedi gushora intambara k’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
February 7, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa leta ya RDC, yahaye igisubizo Abanyekongo bakomeje kwishuza Tshisekedi gushora intambara k’u Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa Guverinema ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ko kuri ubu bitashobokera perezida Félix Tshisekedi gutera i Gihugu cy’u Rwanda ngo kuko agihugiye mu gushiraho ubuyobozi bushya bw’igihugu.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Ahagana mu kwezi kwa Cumi n’abiri, umwaka ushize w’2023, umukuru w’igihugu cya RDC Félix Tshisekedi, y’ijeje abaturage b’igihugu cye ko mugihe M23 ya kongera kwigarurira akandi gace ko muri teritware ya Masisi na Rutsuru ko muricyo gihe yahita asaba Inteko Nshinga mategeko uburenganzira agashoza intambara k’u Rwanda ashinja gufasha M23.

Ibi Perezida Félix Tshisekedi yabivuze ubwo yari kuri Stade ya Martyrs iherereye i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC, ubwo yarimo yiyamaza ku mwanya w’umukuru w’igihugu.

Tshisekedi yagize ati: “Ni muramuka mwongeye ku ngirira icyizere mu kantora kuba perezida, hanyuma u Rwanda rugakomeza ibyifuzo byarwo mu Burasirazuba bw’igihugu cyacu, nzahuriza hamwe imitwe yombi mu nteko ishinga mategeko yacu kugira ngo nemererwe ku batangazaho intambara, kandi tuzajya i Kigali.”

Yakomeje avuga ko igisirikare cya leta ye, gifite ubushobozi bwo kurasa i Kigali biyicariye i Goma, Tshisekedi avuga ko mugihe byabaye “perezida w’u Rwanda Paul Kagame azarara kure n’urugo rwe, aje iyo mu ishyamba.”

Ibi yabivuze mugihe yarakomoje ko mugihe M23 yarasa isasu rimwe i Goma ngo cyangwa bakibesha bakaba borasa i Goma.

Avuga kandi ko perezida Paul Kagame ko yagiye ‘akina imikino n’abahoze ari abayobozi ba Congo Kinshasa,’ ashimangira ko yiteguye gusubiza ku ‘bushotoranyi ubwo aribwo bwose.’

Ati: “Paul Kagame ashobora gukina na buri wese, ariko apana Fatshi Beton.”

Kuri ubu Abanyekongo yasezeranije ko azatera u Rwanda bari k’u mwotsaho igitutu, bamusaba gukora ibyo yabasezeranije ubwo yarimo yiyamaza, nyuma y’uko u Mujyi wa Goma uzengerutswe na M23, aho binavugwa ko kuva mu mpera z’i Cyumweru dusoje, kugeza ubu muri Goma hamaze guterwa ibisasu birenze kimwe.

N’ibyo minisitiri w’itumanaho akaba n’u muvugizi wa Guverinema ya Kinshasa yasubije uyu munsi aho yagize ati: “Navuga ko perezida Félix Tshisekedi ko dusa n’abari m’urugamba, ariko nkurikije ibihe kuri ubu turimo intambara ntabwo ishobora gutangazwa, kubera ko murabizi ko turi mu cyiciro cyo gushiraho ubuyobozi bushya.”

“N’ubwo perezida Félix Tshisekedi abishaka, bijyanye n’ibi bihe bishingiye ku itegeko nshinga ntabwo bya dukundira kubikora gushoza intambara k’u Rwanda. Ibyo sibyo bintu byingenzi kuruta ibindi bikenewe muri iki gihe . Icyingenzi ni ukumenya igikwiye gukorwa ngo umutekano ugaruke mu Burasirazuba bwa RDC.”

Patrick Muyaya yavuze kandi ko mu ntambara ingabo z’igihugu cya RDC zihanganye mo n’umutwe wa M23 ko ari mirwano ikomeye ko kandi abarwanyi ba M23 bari kwicwa cyane.

Yavuze kandi ko leta ya Kinshasa igiye gukora ibishoboka byose ibice byose bigenzurwa na M23 ba bi bambure hanyuma iby’intambara n’u Rwanda bikazaza hanyuma.

Ati: “Muri iy’i ntambara ibitekerezo byose biri kumeza. Igihe nikigera hakagira ibisabwa biteganywa n’itegeko nshinga, kuki bitakorwa ? Niba gushoza intambara k’u Rwanda aribyo bikenewe kugira ngo umutekano wacyu urindwe kuki bitakirwa?”

Muyaya yatangaje ibi mugihe ingabo z’igihugu cye, ziri kwiruka zihunga M23 mu nkengero za Centre ya Sake, aho M23 imaze gufata ibirindiro bikomeye by’ingabo za RDC bya Nturo ya mbere n’iyakabiri n’ahitwa Chez Madimba hejuru ya Sake, aha nimuri Grupema ya Kamuronza, iyo na centre ya Sake ibarizwa mo.

Bruce Bahanda.

Tags: Umuvugizi wa leta ya RDCYahaye igisubizo Abanyekongo bakomeje kwishuza Tshisekedi gushora intambara k'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post
Centre ya Sake, abaturage bose bayihunzemo maze   M23 izenguruka ihuriro ry’Ingabo ziyirimo.

Centre ya Sake, abaturage bose bayihunzemo maze M23 izenguruka ihuriro ry'Ingabo ziyirimo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?