Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yongeye gushimangira ko Félix Tshisekedi atazabatsinda ndetse aburira abanyekongo kwi rukana Tshisekedi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 14, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, kuri iki Cyumweru tariki ya 14/01/2024, yashize inyandiko hanze ziburira Félix Tshisekedi Tshilombo, ko atagomba gufata umutwe wa M23 uko yishakiye.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Lawrence Kanyuka akoresheje urubuga rwa X yagize ati: “Ntu shobora kwirukana M23 mu bice igenzura. Mu buryo bwose haba mw’ikorana buhanga, nti watsinda M23. Turabizi ko hafashwe ingamba zikarishye zo guhasha umutwe wa M23 harimo n’imirongo ngenderwa y’ibihugu mpuzamahanga, ibyo byose wabikoresha, utabikoresha ntacyo wageraho.”

“Bwana Félix Tshisekedi Tshilombo, wakoresheje n’ifranga kugira umareho M23 kugeza naho ukoresha umutwe wa FDLR ndetse na Wazalendo ariko byose bisa nibyagupfanye.”

“Tshisekedi wageze naho ukoresha ibinyoma mu gusebya M23, ukoresha abagabo bari i Goma ndetse na Radio Okapi, wageze ku ki?”

Kanyuka, yavuze ko Perezida Félix Tshisekedi ya teje igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibyago, yagize ati “Félix Tshisekedi Tshilombo, yakoresheje abazi kuvuga imvugo z’ihembera urwango ruganisha ku moko biteza imvururu muri Katanga, kwamouth, Ituri na Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo ndetse imiyoborere mibi ya Tshisekedi niyo yateje abaturage inzara muri Kasaï n’ahandi.”

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yamenyesheje ko Tshisekedi Tshilombo atemewe nka perezida mu bice byinshi byo muri RDC.

Ati: “M23 yongeye gushimangira ko Félix Tshisekedi Thilombo, atemewe mu turere twose agenzura. Ikindi amenye ko mugihe adafasha cyangwa ngwabe yatabara abari mu kaga ari amahano mabi kuri we.”

Yakomeje agira ati: “Umutwe wa M23 wo, ntuzigera utezuka kurengera abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahari ho hose bazaba bari mu kaga.”

Yasoje ashishikariza abantu bose kw’iyunga n’u mutwe wa AFC (Alliance Fleuve Congo).

Ati: “Ndashishikariza Abanyapolitike, Abasirikare, uruby’iruko gushigikira no kw’iyunga muri Alliance Fleuve Congo, kugira ngo hamwe twese twirukane Félix Tshisekedi Tshilombo.”

Bruce Bahanda.

Tags: Kwirukana TshisekediLawrence KanyukaYashimangiye ko Tshisekedi atazabatsinda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post

Hatahuwe ibindi bishya ku Ngabo z'umuryango w'ubukungu bw'ibihugu byo muri Afrika y'Amajy'epfo, (SADC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?