• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yongeye gushimangira ko Félix Tshisekedi atazabatsinda ndetse aburira abanyekongo kwi rukana Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
January 14, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, kuri iki Cyumweru tariki ya 14/01/2024, yashize inyandiko hanze ziburira Félix Tshisekedi Tshilombo, ko atagomba gufata umutwe wa M23 uko yishakiye.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Lawrence Kanyuka akoresheje urubuga rwa X yagize ati: “Ntu shobora kwirukana M23 mu bice igenzura. Mu buryo bwose haba mw’ikorana buhanga, nti watsinda M23. Turabizi ko hafashwe ingamba zikarishye zo guhasha umutwe wa M23 harimo n’imirongo ngenderwa y’ibihugu mpuzamahanga, ibyo byose wabikoresha, utabikoresha ntacyo wageraho.”

“Bwana Félix Tshisekedi Tshilombo, wakoresheje n’ifranga kugira umareho M23 kugeza naho ukoresha umutwe wa FDLR ndetse na Wazalendo ariko byose bisa nibyagupfanye.”

“Tshisekedi wageze naho ukoresha ibinyoma mu gusebya M23, ukoresha abagabo bari i Goma ndetse na Radio Okapi, wageze ku ki?”

Kanyuka, yavuze ko Perezida Félix Tshisekedi ya teje igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibyago, yagize ati “Félix Tshisekedi Tshilombo, yakoresheje abazi kuvuga imvugo z’ihembera urwango ruganisha ku moko biteza imvururu muri Katanga, kwamouth, Ituri na Minembwe, muri Kivu y’Amajy’epfo ndetse imiyoborere mibi ya Tshisekedi niyo yateje abaturage inzara muri Kasaï n’ahandi.”

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yamenyesheje ko Tshisekedi Tshilombo atemewe nka perezida mu bice byinshi byo muri RDC.

Ati: “M23 yongeye gushimangira ko Félix Tshisekedi Thilombo, atemewe mu turere twose agenzura. Ikindi amenye ko mugihe adafasha cyangwa ngwabe yatabara abari mu kaga ari amahano mabi kuri we.”

Yakomeje agira ati: “Umutwe wa M23 wo, ntuzigera utezuka kurengera abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahari ho hose bazaba bari mu kaga.”

Yasoje ashishikariza abantu bose kw’iyunga n’u mutwe wa AFC (Alliance Fleuve Congo).

Ati: “Ndashishikariza Abanyapolitike, Abasirikare, uruby’iruko gushigikira no kw’iyunga muri Alliance Fleuve Congo, kugira ngo hamwe twese twirukane Félix Tshisekedi Tshilombo.”

Bruce Bahanda.

Tags: Kwirukana TshisekediLawrence KanyukaYashimangiye ko Tshisekedi atazabatsinda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Hatahuwe ibindi bishya ku Ngabo z'umuryango w'ubukungu bw'ibihugu byo muri Afrika y'Amajy'epfo, (SADC).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?