• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa RDC ngo y’aba arimo kwisuzuguza watangaje ko M23 itabaho, ni byavuzwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka.

minebwenews by minebwenews
February 16, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa RDC ngo y’aba arimo kwisuzuguza watangaje ko M23 itabaho, ni byavuzwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Repubulika ya Demokarasi ya Congo irasaba amahanga kotsa igitutu ubutegetsi bw’u Rwanda kureka gufasha M23.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

N’ibyatangajwe na leta ya perezida Félix Tshisekedi, binyuze kuri minisitiri witangaza makuru wayo akaba n’umuvugizi wa Guverinema Patrick Muyaya.

Ubwo yakoranaga ikiganiro na BBC Newsday, k’uwa Kane, tariki ya 15/02/2024, Muyaya yongeye gushimangira ko leta ye, itazigera igirana ibiganiro na M23, n’ubwo uwo mutwe wavuze ko wo witeguye kwitabira ibiganiro by’amahoro.

Patrick Muyaya yavuze ko ibihugu bikomeye bifite ubutasi, ko bifite n’amakuru ko u Rwanda rufasha M23, ko kandi ibyo byanagarutsweho na raporo y’inzobere z’u muryango w’Abibumbye.

Avuga ko ari nayo mpamvu, mu mwaka ushize, Amerika yafatiye ibihano bamwe mubasirikare ba kuru b’Ingabo z’u Rwanda.

Gusa u Rwanda ruhakana gufasha M23, na rwo rugashinja Republika ya Demokarasi ya Congo gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, Congo nayo ihakana icyo kirego.

Ahagana mu kwezi kwa 7 ku mwaka ushize ubuyobozi bw’Ingabo za RDC bwatangaje ko nta kwihanganira na gato kuzabaho ku musirikare wayo wagaragara ko akorana na FDLR, ko yahita abihanirwa byintanga rugero.

Mu kiganiro Muyaya yahaye itangaza makuru rya BBC Newsday, yavuze ko abakuwe mu byabo babayeho mu buryo butakwihanganirwa.

Yagize ati: “Mu myaka ya 30 ishize, twatakaje abaturage barenga miliyoni 8.”

Yongeraho ko ubu abantu barenga miliyoni imwe bataye izabo mu nkengero za Goma.

Ati: “Ba bayeho mu buryo bubi rwose, ibyo bintu bigomba guhagarara k’uko ubu hashize imyaka irenga ibiri tuvuga kuri ibyo bitero no kwicwa kw’abantu, nta kintu gikomeye amahanga abikoraho.”

Muyaya yakomeje avuga ati: “Ntu shobora ku bwira leta yatowe ngo iganire n’umutwe w’iterabwoba. Ibi Perezida yarabisonuye neza ubu, ko tutazigera na rimwe tugirana ibiganiro na M23. Kandi M23 ntibaho, ni igikoresho , igisirikare cy’u Rwanda ni cyo gikora.”

Ibi nibyo umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka yamaganye nk’uko BBC ibivuga.

Kanyuka yabwiye BBC ko yatangajwe no kumva ibyo Muyaya aheruka gutangaza mu itangaza makuru rya mahanga.

Yagize ati: “Biratangaje kubona Muyaya yisuzuguza, kuri radio mpuzamahanga, akavuga ibinyoma.”

Yakomeje agira ati: “M23 ni umutwe w’Abanyekongo, wigeze no kugirana amasezerano na leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo,yiswe amasezerano ya Nairobi, yashizweho umukono ku itariki ya 12/11/2013, amahanga n’umuryango w’Abibumbye wabigizemo uruhare. Ibyo rero Muyaya yikora, ni ukudashobora akazi, no kutaba umugabo ngo akurikize amasezerano.”

Imyaka irenga ibiri hari imirwaro ikomeye ishamiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa. Kugeza ubu M23 imaze gufata ibice byingenzi ibyambuye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Lawrence KanyukaM23Ngo ntibahoPatrick MuyayaUmuvugizi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Haramukiye urugamba rukaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, i Masisi.

Haramukiye urugamba rukaze hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, i Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?