• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 10, 2025
in Regional Politics
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi
93
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

You might also like

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi i Brussel mu Bubiligi ko ari urwiyerurutso, ngo kuko atari rimwe cyangwa kabiri yagiye avuga ko azatera u Rwanda n’indi myitwarire ikomeje kumuranga ihabanye n’ibyo yatangaje.

Aha’rejo ku wa kane tariki ya 09/10/2025, ni bwo Tshisekedi yatangaje ko we aharanira amahoro, anasaba perezida w’u Rwanda uwo yashinje gutera inkunga umutwe wa M23 gusaba uwo mutwe ugahagarika intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibi yabivugiraga munama yahuriyemo n’abandi bayobozi batandukanye bayoboye ibihugu barimo na perezida Paul Kagame w’u Rwanda ya Global Gateway Forum ikomeje kubera i Brussel mu Bubiligi. Yanayivugiyemo ko we na Kagame bahuje imbaraga bafite ububasha bwo guhagarika iriya ntambara.

Yavuze kandi ko nta na rimwe yigeze agambirira kugirira nabi u Rwanda cyangwa Uganda, ndetse ko yamye ahora yifuza amahoro.

Tshisekedi kandi yumvikanye asaba ko yazahura na perezida Paul Kagame bakagirana ibiganiro, muri ibyo biganiro bagafatikanya gushakira umutekano u Burasirazuba bwa RDC.

Maze nyuma y’iri jambo, umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Stephanie Nyombayire yamusubije akoresheje urubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, avuga ko ibyo perezida Felix Tshisekedi yatangaje, bihabanye n’imyitwarire yakunze kumuranga.

Yavuze ko Tshisekedi “ashyize ikimwaro, ngo kuko yavuze ko akunda amahoro, yibagirwa inshuro nyinshi yagiye avuga ko azatera u Rwanda agakuraho ubutegetsi bwarwo.”

Yavuze kandi ko bitangaje kubona Tshisekedi yigira umuntu wagizweho ingaruka n’ibibazo biri mu gihugu cye, nyamara ari we nyiribayazana wabyo, akaba yaranze no kubishakira igisubizo.”

Yakomeje avuga ko nta rimwe Tshisekedi yigeze ashaka amahoro, ngo nk’uko abivuga, kubera ko ngo akomeje guha intwaro akanatera inkunga umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze jenocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, ndetse kandi akaninjiza abarwanyi bawo mu gisirikare cy’igihugu cye.

Ndetse kandi anagaragaza ko atera inkunga n’indi mitwe yitwaje intwaro izwiho kuba yibasira abaturage ikanabica muri Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru, nk’ihuriro rya Wazalendo rigizwe n’abarwanyi bagiye bava muri Mai Mai n’indi iyishamikiyeho.

Yamushinje kandi kuba yambura uburenganzira abagize umutwe wa M23 nk’Abanyekongo, akibuza inshingano zo gukemura ibibazo byatumye uwo mutwe uvuka.

Yavuze kandi ko akomeje guha akazi abacanshuro ko kumurwanirira, ngo nubwo bakomeje gutsindwa.

Yasoje avuga ko u Rwanda rudakeneye uwaruha amasomo y’igisobanuro cy’amahoro kuko rwayagezeho ruyarwaniriye bityo ko ruzi ikiguzi cyayo n’icyo bisaba kuyageraho no kuyasigasira.

Tags: RwandaTshisekedi
Share37Tweet23Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi

Hamenyekanye igihe Perezida Kagame azahura na Tshisekedi Amakuru mashya aturuka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aremeza ko umuhuro utegerejwe cyane uzahuza Perezida Paul Kagame w’u Rwanda, Perezida...

Read moreDetails

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye

RDC: Corneille Nangaa yasobanuye icyafasha igihugu kugera ku mahoro arambye Umuhuza bikorwa w’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23), Corneille Nangaa, yatangaje ko inzira nyayo yo kugeza Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yasobanuye uko abona uruhare rw’amahanga ku kibazo cy’Ikibuga cy’Indege cya Goma Perezida Paul Kagame yagaragaje uburyo abona umurego n’inyota mpuzamahanga byo kugenzura cyangwa gukoresha i kibuga...

Read moreDetails

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy’amahoro kiri mu Maboko ya RDC

Perezida Kagame yavuze ko Ibiganiro bya Washington ari “Intambwe Ikomeye”, anashimangira ko Igisubizo cy'amahoro kiri mu Maboko ya RDC Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko intambwe nshya...

Read moreDetails

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
November 27, 2025
0
Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza

Abaturage Basaba Minisitiri Patrick Muyaya Gusobanura no Gusaba Imbabazi ku Magambo Abatesha Agaciro aheruka gutangaza Abaturage bo mu Ntara za Kivu y’Amajyaruguru n’Amajyepfo baramagana bikomeye amagambo aherutse gutangazwa...

Read moreDetails
Next Post
Quartier zirenga zitatu ni zo zaraye zirasirwamo amasasu muri Uvira hamenyekana n’impamvu yayo

Kuri uyu wa gatanu haravugwa imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 n'Ingabo za RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?