• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

minebwenews by minebwenews
November 18, 2024
in World News
1
Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.
68
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi ukomeye ku Isi yasabye ko hagenzurwa niba muri Gaza nta jenoside iri kuhabera.

You might also like

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Umushumba wa kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis, yasabye amahanga gucukumbura neza niba igisirikare cya Israel kitari gukora jenoside ku banyapalesitini mu Ntara ya Gaza.

Aya makuru tuyakesha igitangazamakuru cyo mu Butaliyani cyitwa La Stampa, cyatangaje ko hari igitabo cya Papa Francis kigiye gushyirwa hanze vuba, gisaba ibihugu bikomeye gukora iperereza niba nta jenoside iri kubera muri Gaza.

Iki gitangazamakuru kinavuga ko muri icyo gitabo, abahanga benshi bemeza ko ibibera muri Gaza byujuje ibisabwa byose kugira ngo byitwe jenoside.

Kivuga ko muri icyo gitabo, Papa agira ati: “Dukwiye gukora ibishoboka byose, hagakorwa amaperereza acukumbuye, hakamenyekana niba hakurikijwe amategeko n’ibisobanuro biranga jenoside, ko ibibera muri Gaza ari jenoside.”

Bibaye ubwa mbere umushumba wa kiliziya avugiye ku mugaragaragaro ijambo ‘jenoside y’Abanyepalisitina.’

Ibi Papa Francis yavugiye muri icyo gitabo kigiye gusohoka byafashwe nk’ibidasanzwe, bitewe n’uko kiliziya Gatolika ikunze kwirinda kugira icyo ivuga ku ihangana mpuzamahanga.

Aya ni nayo magambo akarishye avuzwe kuva intambara yaduka hagati y’umutwe wa Hamas n’igisirikare cya leta ya Israel.

Tags: GazaJenosidePapa Francis
Share27Tweet17Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails
Next Post
RDC: Tshisekedi yasabwe ku titwara nk’umwana w’umutesi ukina n’umuriro!

RDC: Tshisekedi yasabwe ku titwara nk'umwana w'umutesi ukina n'umuriro!

Comments 1

  1. Ensuent says:
    10 months ago

    Pregnancy and antiphospholipid syndrome [url=https://fastpriligy.top/]how to buy priligy as a child[/url]

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?