• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 12, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

RDC: Tshisekedi yasabwe ku titwara nk’umwana w’umutesi ukina n’umuriro!

minebwenews by minebwenews
November 19, 2024
in Regional Politics
0
RDC: Tshisekedi yasabwe ku titwara nk’umwana w’umutesi ukina n’umuriro!
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

RDC: Tshisekedi yasabwe ku titwara nk’umwana w’umutesi ukina n’umuriro!

Abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye perezida w’iki gihugu, Félix Tshisekedi umaze igihe avuga ibyo guhindura itegeko nshinga ry’iki gihugu kutitwara nk’igitambabuga gikina n’umuriro.

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Bwa mbere, Tshisekedi yatangaje ibyo guhindura itegeko nshinga ubwo yari i Kisangani, hari ku itariki ya 23/10/2024. Yavuze ko itegeko nshinga ry’iki gihugu rigomba kuvugururwa ngo kuko ryandikiwe mu mahanga, kandi ryandikwa n’abanyamahanga.

Aza gutangaza ko hazashyirwaho komisiyo ishinzwe kuzaryigaho kugira ngo basuzume uko rikwiye guhindurwa.

Zimwe mu ngingo Tshisekedi anenga harimo igena ishyirwaho rya guverinoma n’iyo gutangira inshingano kw’itegeko nshinga amategeko.

Ahamya ko zituma imirimo y’izi nzego z’ingenzi mu gihugu itinda bitewe n’itegeko nshinga.

Harimo kandi n’ingingo ya 217 avuga ko ihatira Abanyekongo kuba bahara ubusugire bw’igihugu cyabo mu gihe bwaba buvogerewe n’ibihugu baturanye.

Yongera kugaragaza ko itegeko nshinga rigonganisha ba guverineri b’intara n’abagize inteko ishinga mategeko ku rwego rw’i Ntara , bagahora mu makimbirane; asobanura ko nirivugururwa, iki kibazo kitazongera kubaho.

Ubwo kandi uyu mukuru w’iki gihugu yari i Lubumbashi, yatangaje ko nta muntu n’umwe ufite ububasha bwo kubuza umukuru w’igihugu gutegura guhindura itegeko nshinga.

Anagaragaza ko abanyapolitiki n’abakuru ba madini bashatse guhindura ibyo yavugiye i Kinshasa ngo bavuga ko yavuze ibya manda ya Gatatu kandi ntaho bihuriye n’ibyo yatangaje.

Ibi nibyo abanyapolitiki bo muri iki gihugu bahuriyeho barabyamagana, bavuga ko ari ugukina n’umuriro waka.

Nka Moïse Katumbi uri mubahatanye na Tshisekedi mu matora y’ubushize, yavuze ko kuba Tshisekedi ashaka guhindura itegeko nshinga, bigaragaza inyota yo kuguma ku butegetsi, bikaba ari ikosa ryiyongera kuri manda ya kabiri itaranyuze mu mucyo.

Martin Fayulu uhora avuga ko ari we watsinze amatora yo mu 2018, yabwiye Perezida Félix Tshisekedi ko ingingo ya 217 akunze kuvuga ko igamije kugurisha ubusugire bw’igihugu ayisobanura uko itari, bityo amwerurira ko ari gukina n’umuriro.

Naho Dr Denis Mukwege we, yahamagariye abaturage kurwanya no kwamagana ufite umushinga wo guhutaza demokarasi.

Tshisekedi, ubutegetsi bwe, bunengwa ahanini kuba butakemuye ibibazo birimo ibya ruswa, umutekano muke cyane mu Burasirazuba bw’iki gihugu ndetse n’ubukene bwazengereje abaturage batuye iki gihugu mu gihe iki gihugu cyabo gikungagahaye ku mabuye y’agaciro.

Tags: Akina n'umuriroItegeko nshingaRdcTshisekedi

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post
Ukraine yahanguwe kurasa itababarira ku Burusiya ikoresheje za misile.

Ukraine yahanguwe kurasa itababarira ku Burusiya ikoresheje za misile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • C64 Igiye Kugaragariza Kinshasa Imbaraga mu Myigaragambyo yo Kurengera Itegeko Nshinga
  • MWENGA: Radio Community de Mwenga Yatewe, Ibikoresho Birasahurwa n’Ibiganiro Birahagarara
  • Abantu 26 Bahitanywe n’Inkongi i Bukavu: AFC/M23 Itangaje Iminsi 3 y’Icyunamo
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?