• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umvugizi w’ungirije w’u Rwanda, yagarutse ku biheruka gutangazwa na Tshisekedi ko “azarasa i Kigali, Perezida Paul Kagame, akarara kure y’urugo rwe mu ishyamba.”

minebwenews by minebwenews
December 21, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’u Rwanda, wungirije Alain Mukuralinda, yagarutse ku biheruka gutangazwa na perezida Félix Tshisekedi, yavuze ko bigaragaza neza ko adasobanukiwe ibyo arimo.

You might also like

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

Perezida Félix Tshisekedi, aheruka gutangaza ko igisirikare ca RDC, gifite ubushobozi budasanzwe bwo kurasa i Kigali, bicyaye i Goma.

At: “Icyogihe perezida Paul Kagame, w’u Rwanda, yarara kure y’urugo rwe mu ishyamba.”

Mu kiganiro Alain Mukuralinda, yahaye itangaza Makuru ry’u Rwanda kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, yagize ati: “Iyaba Tshisekedi yari azi neza Perezida Kagame mbere yo kugera aho ari, we yari mu ishyamba no myobo. Hubwo se Tshisekedi yigeze se basi ayijyamo, azi ibyo aribyo?”

“Kagame we, azi intambara niyo mpamvu atayiriza k’u munwa, azi ibyo aribyo kuko yaraye rwantambi, yaraye mu myobo, yaraye no mu ishyamba.”

Mukuralinda, yakomeje avuga ati: “U Rwanda ntirwakirirwa ruterana amagambo n’Abayobozi ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hubwo bo bashize imbere guharanira umutekano urambye w’Igihugu no gusigasira ubusugire bwacyo. Kora ndebe iruta vuga numve.”

Yanavuze ko ntahantu amateka agaragaza ko Tshisekedi, yigeze arwana intambara. Amateka ya Tshisekedi n’uko ubwo yari atuye i Burayi yakoraga akazi ko gutwara abagenzi akoresheje i Modoka nto za “Tax Voiture,” ndetse ko yigezeho no gukora akazi ko gukora isuku mu Mihanda y’i Brussel mu Bubiligi akora nakazi ko gucuruza ibyo bita “Piza.” Yavuye aha ajya kw’iyamamariza kuyobora i Gihugu cya RDC.

Mukuralinda Alain, muricyo kiganiro, yavuze ko leta ya Kinshasa, ihorana imigambi yo gukuraho ubutegetsi bwa Kigali.

Ati: “Iyo ni Gahunda yakozwe ikorwa inshuro ninshi u Rwanda rwagiye rubisobanurira Abanyarwanda n’abandi. Hari ibintu bibiri, hari Gahunda yo kugenda bavuga ko Kigali, ar’iyo nyiribayazana w’ibibazo byose biri muri RDC. Buriya n’ubwo hoba i Nama ya Nairobi na Luanda nahandi, ariko igikuru RDC ishaka n’intambara gusa.”

Mukuralinda, yongeyeho kandi ko ibyo Tshisekedi yavuze mbere yo kw’iyamamaza yagaragaje ko ashaka intambara, kuko yavuze ko azashigikira umuntu wese uzashaka guhirika u butegetsi bwa Kigali.

Ati: “Buracya akavuga ati: perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ni nka Hitler nzanagerageza ko azarangiza nka Hitler. I kindi gihe akavuga ati: perezida Paul Kagame, sinzongera ku muvugisha tuzavuganira mw’Injuru.”

Umuvugizi w’u Rwanda, avuga ko amagambo ya Tshisekedi, batagomba kuyafata nk’imikino.

Ati: “Si amagambo atanga ihumure ahubwo ni amagambo ya gashozantambara.”

Bruce Bahanda.

Tags: Perezida Paul Kagame akarara kure y'urugo rwe mu ishyambaUmuvugizi w'u Rwandaw'ungirijeYagarutse ku biheruka gutangazwa na Tshisekedi ko azarasa i Kigali
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi

AFC/M23 Yatwitse Imbunda Nini y’Ingabo z’u Burundi Yarimo Irasa mu Kibaya cya Rusizi Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatwitse imbunda nini y’Ingabo z’u Burundi (FDNB), ya koreshwa...

Read moreDetails

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Amasasu yavugiye mu isoko rya Rubanga yateje igihombo gikomeye ku bacuruzi

Umusirikare Ukomeye w’u Burundi Yiciwe mu Mirwano i Luvungi Amakuru aturuka mu kibaya cya Rusizi, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yemeza ko Lieutenant-Colonel Athanase Minani, umwe mu...

Read moreDetails

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Kagame na Tshisekedi bagiye gusinya amasezerano akomeye ashobora guhindura isura y’umutekano mu Karere k’Ibiyaga Bigari

Udushya Twaranze Isinywa ry’Amasezerano y’Amahoro hagati ya Kagame na Tshisekedi i Washington Ku wa Kane tariki ya 04/12/2025, i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habereye...

Read moreDetails

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka Mu muhango w’amateka wabereye i Washington, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald...

Read moreDetails

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose

Amateka Yanditswe i Washington: Perezida Kagame na Tshisekedi Basinye Amasezerano y’Amahoro Yari Ategerejwe n’Isi Yose Mu muhango w’amateka wabereye i Washington DC, Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na...

Read moreDetails
Next Post

Umupolisi muri RDC, yakubiswe azira guhagararira amatora, ngo kandi ari Umunyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?