• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.

minebwenews by minebwenews
September 13, 2024
in World News
0
Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwana w’imyaka 13, yishwe arashwe na Wazalendo mu misozi yo mu Mibunda.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Ni umwana w’umukobwa wo mu bwoko bw’Ababembe ufite imyaka 13 y’amavuko, warashwe agahita y’itaba Imana ako kanya, nyuma y’uko atari yishyuye amafaranga yo kuri bariyeri ya Wazalendo iherereye mu bice byo mu Gipupu, mu misozi y’i Mulenge.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko uyu mukobwa ko yari avuye mu Muhana wa Gipupu yerekeje mu wundi Muhana wa hitwa i Giseke.

Iyi mihana yombi ibarizwa muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Na none kandi ibi bice bizwi cyane nko mu misozi miremire y’Imulenge.

Nk’uko aya makuru akomeza avuga, uyu mwana w’umukobwa akigera kuri iyi bariyeri yasabwe kwishyura 500FC kugira ngo atambuke, azibuze, niko guhita araswa mu cyiciro, araswa na Wazalendo batangishaga izi faranga, ahita agwaho.

Iyi bariyeri isanzwe ikoreshwa na Wazalendo, ni mu gihe ubuyobozi bwa FARDC bwo ku cyicyaro cya Secteur ya Itombwe bwabahanguriye kuyitangishaho ibitoro byaburi Kabiri no ku wa Gatandatu, mu rwego rwo kugira ngo bibafashe mu buzima bwabo bwaburi munsi. Ariko n’ubwo Wazalendo bahawe ubwo buryo bu bafasha kubona amafaranga byihuse, ariko nti bubabuza kubukoresha nabi, ndetse banaburengaho bakaja kwiba Inka z’Abanyamulenge no kuziba.

Ikibabaje nyuma y’uko uyu mukobwa uvuka mu Muhana wa Gipupu yishwe benako kageni, ntayindi nkurikizi yabayeho usibye ko ubuyobozi bwa Polisi yo muri ibyo bice bwatangaje ko bugiye kubikurikirana.

Kugeza ubu Wazalendo barinyuma yubwo bwicanyi, baracidegembya.

           MCN.
Tags: MibundaUmukobwaWazalendoWimyaka 13Yishwe Arashwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?