• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

minebwenews by minebwenews
September 13, 2024
in Regional Politics
0
AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.
62
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

AFC, yasobanuye impamvu intambara bahanganyemo na FARDC ishobora guhindura isura.

You might also like

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Bikubiye mu itangazo ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC) ryashize hanze ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 12/09/2024, aho iri huriro ryatanze ubusobanuro ko abarwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa barimo n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda, bakomeje kugaba ibitero mu baturage, bityo ko bishobora gutuma intambara irushaho gukomera ndetse kandi ngw’ikaba yahindura umurongo.

Kuva ku cyumweru uruhande rw’ingabo za RDC, rwagabye ibitero bikaze ahantu hatandukanye, mu bice byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Lubero.

Ibitero byarakomeje no mu gitondo cya kare cyo ku wa Kane, aho iri huriro ry’ingabo za RDC rya bigabye mu duce turimo, Bwerimana, Mutwe na Ndumba, ndetse birangira M23 yigaruririye aka gace ka Ndumba gaherereye mu nkengero za Sake muri teritware ya Masisi.

Iri tangazo ry’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo ribarizwamo n’umutwe wa M23, ryavuze kuri ibi bitero byibasira abaturage, maze rishinja ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ubushotoranyi bukabije.

Itangazo ritangira rivuga riti: “Ubuhuzabikorwa bwa AFC bubabajwe bidasanzwe n’ibitero bikomeje kugabwa mu baturage b’abasivile ndetse no mu birindiro by’ingabo zacu; bigabwe n’uruhande rwa Leta ya Kinshasa.”

Rikomeza rivuga riti: “Rero ibi, biraganisha ku kongerera intambara uburemere, mu gihe hariho ingamba z’abayobozi bo mu karere ndetse n’abafatanya bikorwa mpuzamahanga mu kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.”

Iri huriro rya AFC muri iri tangazo, ryakomeje kwerekana ko mu ntambara yabaye ku munsi w’ejo hashize tariki ya 12/09/2024, uruhande bahanganye arirwo rurimo ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi na SADC, rwateye ibisasu biremereye mu bice bituwemo cyane n’abaturage b’abasivile.

Usibye ibyo, iri tangazo kandi ryagaragaje n’imyirondoro y’abantu batanu bahitanywe n’ibi bitero by’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, barimo umugore wiciwe mu gace kazwi kw’izina rya Bufaransa, n’abandi batatu biciwe muri Bihambwe, n’umugabo wiciwe ahitwa Kisangani.

AFC yasoje ivuga ko ingabo z’u mutwe wa M23 ubarizwa muri iri huriro, uzakomeza gucungira umutekano abasivile bari mu bice ugenzura, ndetse kandi ko biteguye guhangana bikomeye n’ibitero byose by’umwanzi.

                MCN.
Tags: AFCGuhindura isuraIntambara
Share25Tweet16Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa” Mu gihe u Burundi bukomeje kwitegura amatora y’umukuru w’igihugu ateganyijwe mu mwaka wa 2027,...

Read moreDetails

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere

Perezida Evariste Ndayishimiye Yasabye Isubirwamo ry’Imikoreshereze y’Amafaranga mu Nyungu z’Iterambere Perezida w’u Burundi, , yongeye gutangaza ibitekerezo bikomeye ku mikorere y’amatora mu gihugu cye, agaragaza ko asaba isubirwamo...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe amakuru arambuye ku nkongi y’umuriro yadutse i Bukavu, yica abantu benshi.

Havuzwe amakuru arambuye ku nkongi y'umuriro yadutse i Bukavu, yica abantu benshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?